Inganda nyarwanda ntiziragira ubushobozi bwo gukora imyenda n’inkweto byahangana ku

Mu kiganiro yahaye Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda imitwe yombi, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko nubwo Leta yashyizeho ingamba nyinshi zigamije kongerera ubushobozi inganda zikora imyenda, impu n’ibizikomokaho, ngo ziracyafite ubushobozi bucye ku buryo zidashobora no guhaza isoko ry’u Rwanda ku myenda n’inkweto kandi bifite ireme. Minisitiri w’Intebe Murekezi yavuze ko u Rwanda rushaka […]Irambuye

Remera: Urubyiruko rushya rwinjiranye imihigo muri RPF-Inkotanyi

Urubyiruko rushya 28 rwo mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo rukora mu byiciro binyuranye rwarahiriye kwinjira muri RPF-Inkotanyi rwiyemeje gutanga imbaraga zarwo mu kugeza igihugu ku ntego z’iterambere cyihaye. Kuri uyu wa gatandatu, urubyiruko rurimo abakozi mu bigo binyuranye, abakozi bo mu rugo, Bakarani-ngufu, n’abandi banyuranye barahiriye kwinjira mu muryango RPF-Inkotanyi no kuwukorera. Mbere […]Irambuye

Ububiligi bwababajwe n’urupfu rwa Bihozagara

Leta y’Ububiligi bwatangaje ko bubabajwe n’urupfu rwa Amb. Jacques Bihozagara, ndetse busaba ko habaho iperereza ku mibereho y’impunzi bita iza Politike mu Burundi. Uretse kuba Minisitiri mu Rwanda ndetse na Ambasaderi mu Bufaransa, Bihozagara yanakoreye mu Bubiligi ahagarariyeyo u Rwanda nka Ambasaderi. Kuri uyu wa gatanu, abinyujije kuri Twitter ya Minisiteri ayobora, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga […]Irambuye

Umujyi wa Kigali tugiye kuwujyana mu cyerekezo 2020 – Mayor

Umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali Monique Mukaruriza n’abayobozi bashya b’umujyi n’uturere dutatu tuwugize bari kumwe mu Itorero ry’abayobozi i Gabiro babonye umwanya uhagije wo kuganira no kumvikana ku buryo bagiye gukura Umujyi aho wari bakawugeza mu cyerekezo 2020. Kuwa kane, abayobozi bashya baherutse gutorerwa imyanya inyuranye y’ubuyobozi ku rwego rw’uturere n’Umujyi wa Kigali basoje itorero […]Irambuye

Ngoma: Abana ntibiga neza kubera ikibazo cy’ibura ry’amazi

Ngoma – Mu Kagari ka Nyamirambo, Umurenge wa Karembo haravugwa ikibazo cy’abana biga nabi bitewe n’amajoro barara bajya gushaka amazi mu gishanga cyitwa Gisaya kiri kure y’ingo zabo, kuko nta mazi meza cyangwa amabi bagira. Aba baturage bavuga ko kuva batura ahangaha bavoma amazi mabi yo mu gishanga cya Gisaya, nacyo kiri kure y’ingo zabo. […]Irambuye

Azam TV yamanuye Dekoderi zayo kugira ngo mwirebere Shampiyona y’u

Azam TV ni ikigo gikorera mu Rwanda no mu bindi bihugu by’Africa kizwi ku izina rya Azam. Azam TV ubu ibafitiye Dekoderi (decodeur/decoder) ikugezaho imiyoboro ya Televiziyo “Channels” zirenga 140, kuri bouquet zayo zitandukanye. Azam TV itanga bouquet zitandukanye, harimo iy’icyongereza ifite ‘Channels’ zirenga 80, harimo Azam One and Two, Sinema Zetu, Citizen, KBC, KTN, […]Irambuye

Muhanga: Abaturage 88 barishyuza REG ibyangijwe na EWSA mu 2011

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, batangaza ko icyahoze ari EWSA cyanyujije inkingi z’amashanyarazi mu masambu yabo guhera mu mwaka wa 2011, kugeza n’uyu munsi REG ari nayo yahawe izi nshingano ikaba itarishyura aba baturage. Aba baturage bagera kuri 88, batuye mu Mudugudu wa Murambi ho mu Murenge wa […]Irambuye

Ni iki Amavubi asabwa ngo ajye muri CAN 2017 izabera

Nyuma yo gutsinda Ibirwa bya Maurice ibitego 5-0, Jonathan McKinstry utoza Amavubi ngo abona kujya mu gikombe cya Afurika cya 2017 kizabera muri Gabon bigishoboka. Hari ibyo Amavubi asabwa kugira ngo yiyongerere amahirwe? Mu matsinda 13 yo gushaka itike yo kujya muri iki gikombe, hazavamo ikipe ya mbere ijye mu gikombe cya Afurika, haziyongeraho ikipe […]Irambuye

en_USEnglish