Germany: Uwari ‘Directeur de Cabinet’ mu biro bya Perezida Habyarimana

Enoch Ruhigira wahoze ari umuyobozi w’ibiro bya Perezida Juvenal Habyarimana  yatawe muri yombi kuwa gatatu w’icyumweru gishize i Frankfurt mu Budage nk’uko byemezwa n’umwanditsi ku bya Africa (Africa editor) mu kinyamakuru TAZ cyo mu Budage. Uyu mwanditsi witwa Dominic Johnson avuga ko uwafashwe ari umugabo w’imyaka 65 ufite ubwenegihugu bwa Nouvelle Zelland ariko ukomoka mu […]Irambuye

Itariki nk’iyi muri Nyakanga 1959, Umwami Rudahigwa atangira i Bujumbura!

Mutara III Rudahigwa tariki 25 Nyakanga 1959 aratanga, yari i Bujumbura mu Burundi mu ruzinduko rw’akazi, apfa bitunguranye cyane kuko nta burwayi yari yajyanye. Rudahigwa yari amaze iminsi ahanganye n’ababiligi kuko yasabaga ko u Rwanda ruhabwa ubwigenge. Hari benshi bacyemeza ko uyu mwami wari mu kigero cy’imyaka 45 yapfuye yishwe. Rudahigwa yari yaravukiye i Nyanza […]Irambuye

Karongi: Umugore aba muri ‘container’ iri mu itongo ry’inzu ye

Mu kubaka umuhanda wa Kivu Belt uva i Rusizi ugahita Karongi ukazakomeza Rutsiro na Rubavu bamwe mu baturage bari batuye hafi cyane y’umuhanda barabariwe ngo bimuke, Hilarie Mujawayezu utuye mu kagari ka Gasura mu murenge wa Bwishyura nawe yarabariwe arishyurwa ariko ntiyimuka ahubwo azamura ‘container’ mu itongo bashenye, ubu niyo abamo. Ubuyobozi bw’ibanze buzi iby’iki […]Irambuye

Germany: Umunya Syria yatemaguye abantu mu mujyi yicamo umugore

Stuttgart – Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, umugabo w’impunzi ikomoka muri Syria ikoresheje umupanga yishe umugore ikomeretsa n’abandi bantu babiri  mu mujyi wo mu majyepfo y’Ubudage witwa Reutlingen. Uyu yahise afatwa na Police atarakomeza gutema benshi. Ibinyamakuru byo mu Budage biravuga ko hataramenyakana impamvu yateye uyu mugabo ubu bwicanyi bw’abantu  abatemaguye mu mujyi. Amafoto […]Irambuye

Kuri Twitter, Perezida Kagame ntiyacecetse imbere y’umunyamakuru usebya u Rwanda

Kuri iki cyumweru Perezida Kagame kuri Twitter yasubije umwanditsi mu binyamakuru wo muri Uganda wavugaga ko ibyo u Rwanda rwagezeho ari amatara yo ku mihanda n’inzira z’abanyamaguru gusa ngo ibindi byose bikaba kumenyekanisha gusa, Perezida Kagame yamubwiye ko ibyo u Rwanda rwagezeho ari imibare ibigaragaza atari ukubimenyekanisha. Mu biganiro byahereye kuwa gatandatu nimugoroba kuri Twitter, […]Irambuye

Remera – Abaturage 242 barahiriye kuba abanyamuryango ba FPR- Inkotamyi

* FPR ngo bayijyiyemo kubera Politiki yayo yavanye benshi mu bukene Mu nteko rusange y’ishyaka FPR – Inkotanyi mu murenge wa Remera kuri iki cyumweru, abaturage 242 b’ingeri zinyuranye barahiriye kuba abanyamuryango kandi bagakurikiza amategeko agenga FPR-Inkotanyi. Aba, bavanzemo urubyiruko n’abakuru, bavuga ko binjiye muri FPR kubera politiki yayo babonye ivana benshi mu bukene. Aba […]Irambuye

Gikundamvura: Bamennye 1260L z’inzoga ikaze cyane itera urugomo rukabije

Rusizi – Mu mirenge ya Gikundamvura uhana imbibe na Burundi  na Gashonga uhana imbibe na DRCongo, hamaze iminsi havugwa urugomo rukabije ruva ku nzoga y’urwagwa bita igikwangari ivangiyemo ibintu bisindisha bikabije. Muri iyi week end Police y’u Rwanda yahakoze umukwabu hafatwa 1 260L z’izi nzoga zimenerwa imbere y’abaturage kandi bashishikarizwa kwirinda kunywa no gukora izi […]Irambuye

Kuri Group Scolaire Ruragwe abakobwa batanu batashye batwite

Karongi – Igihembwe cya kabiri cy’amashuri kirarangiye abana bari kujya mu biruhuko, kuri Groupe Scolaire ya Ruragwe mu murenge wa Rubengera abakobwa batanu bari hagati y’imyaka 18 na 20 ntabwo batahanye ubumenyi gusa ahubwo banatashye bitegura kubyara. Ubuyobozi bw’ishuri bwo buvuga ko umwe ngo asanzwe ari umugore abandi nabo ngo bafite aba fiancés. Amakuru ariko […]Irambuye

U Rwanda rugiye kwakira inama y’Inteko y’abahanga muri science ku

U Rwanda rwemeye kwakira inama ya 27 y’inteko y’abahanga muri science ku  isi izaba kuva  tariki ya 12-17  Ugushyingo, iyi nama iba buri mwaka bizaba ari inshuro ya kane ibereye muri Africa yo munsi y’ubutayu bwa Sahara  nyuma ya Nigeria (1995), Senegal(1999) na South Africa(2009). Perezida Paul Kagame  yemereye perezida wa TWAS (The World Science […]Irambuye

en_USEnglish