Enoch Ruhigira wahoze ari umuyobozi w’ibiro bya Perezida Juvenal Habyarimana yatawe muri yombi kuwa gatatu w’icyumweru gishize i Frankfurt mu Budage nk’uko byemezwa n’umwanditsi ku bya Africa (Africa editor) mu kinyamakuru TAZ cyo mu Budage. Uyu mwanditsi witwa Dominic Johnson avuga ko uwafashwe ari umugabo w’imyaka 65 ufite ubwenegihugu bwa Nouvelle Zelland ariko ukomoka mu […]Irambuye
Ahagana saa mbili z’ijoro ryo kuri iki cyumweru, umugabo witwa Jean Claude Hakizimana utuye mu murenge wa Rubavu mu kagari ka Murambi yishe ateye icyuma umugore bahoze babana bagatana witwa Bazubafite amutegeye mu muhanda wa kabirimbo hafi y’uruganda rwa Pfunda mu murenge wa Rugerero, uyu mugabo abaturage bahise bamufata, avuga ko atashakaga ko uyu mugore […]Irambuye
Mutara III Rudahigwa tariki 25 Nyakanga 1959 aratanga, yari i Bujumbura mu Burundi mu ruzinduko rw’akazi, apfa bitunguranye cyane kuko nta burwayi yari yajyanye. Rudahigwa yari amaze iminsi ahanganye n’ababiligi kuko yasabaga ko u Rwanda ruhabwa ubwigenge. Hari benshi bacyemeza ko uyu mwami wari mu kigero cy’imyaka 45 yapfuye yishwe. Rudahigwa yari yaravukiye i Nyanza […]Irambuye
Mu kubaka umuhanda wa Kivu Belt uva i Rusizi ugahita Karongi ukazakomeza Rutsiro na Rubavu bamwe mu baturage bari batuye hafi cyane y’umuhanda barabariwe ngo bimuke, Hilarie Mujawayezu utuye mu kagari ka Gasura mu murenge wa Bwishyura nawe yarabariwe arishyurwa ariko ntiyimuka ahubwo azamura ‘container’ mu itongo bashenye, ubu niyo abamo. Ubuyobozi bw’ibanze buzi iby’iki […]Irambuye
Stuttgart – Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, umugabo w’impunzi ikomoka muri Syria ikoresheje umupanga yishe umugore ikomeretsa n’abandi bantu babiri mu mujyi wo mu majyepfo y’Ubudage witwa Reutlingen. Uyu yahise afatwa na Police atarakomeza gutema benshi. Ibinyamakuru byo mu Budage biravuga ko hataramenyakana impamvu yateye uyu mugabo ubu bwicanyi bw’abantu abatemaguye mu mujyi. Amafoto […]Irambuye
Kuri iki cyumweru Perezida Kagame kuri Twitter yasubije umwanditsi mu binyamakuru wo muri Uganda wavugaga ko ibyo u Rwanda rwagezeho ari amatara yo ku mihanda n’inzira z’abanyamaguru gusa ngo ibindi byose bikaba kumenyekanisha gusa, Perezida Kagame yamubwiye ko ibyo u Rwanda rwagezeho ari imibare ibigaragaza atari ukubimenyekanisha. Mu biganiro byahereye kuwa gatandatu nimugoroba kuri Twitter, […]Irambuye
* FPR ngo bayijyiyemo kubera Politiki yayo yavanye benshi mu bukene Mu nteko rusange y’ishyaka FPR – Inkotanyi mu murenge wa Remera kuri iki cyumweru, abaturage 242 b’ingeri zinyuranye barahiriye kuba abanyamuryango kandi bagakurikiza amategeko agenga FPR-Inkotanyi. Aba, bavanzemo urubyiruko n’abakuru, bavuga ko binjiye muri FPR kubera politiki yayo babonye ivana benshi mu bukene. Aba […]Irambuye
Rusizi – Mu mirenge ya Gikundamvura uhana imbibe na Burundi na Gashonga uhana imbibe na DRCongo, hamaze iminsi havugwa urugomo rukabije ruva ku nzoga y’urwagwa bita igikwangari ivangiyemo ibintu bisindisha bikabije. Muri iyi week end Police y’u Rwanda yahakoze umukwabu hafatwa 1 260L z’izi nzoga zimenerwa imbere y’abaturage kandi bashishikarizwa kwirinda kunywa no gukora izi […]Irambuye
Karongi – Igihembwe cya kabiri cy’amashuri kirarangiye abana bari kujya mu biruhuko, kuri Groupe Scolaire ya Ruragwe mu murenge wa Rubengera abakobwa batanu bari hagati y’imyaka 18 na 20 ntabwo batahanye ubumenyi gusa ahubwo banatashye bitegura kubyara. Ubuyobozi bw’ishuri bwo buvuga ko umwe ngo asanzwe ari umugore abandi nabo ngo bafite aba fiancés. Amakuru ariko […]Irambuye
U Rwanda rwemeye kwakira inama ya 27 y’inteko y’abahanga muri science ku isi izaba kuva tariki ya 12-17 Ugushyingo, iyi nama iba buri mwaka bizaba ari inshuro ya kane ibereye muri Africa yo munsi y’ubutayu bwa Sahara nyuma ya Nigeria (1995), Senegal(1999) na South Africa(2009). Perezida Paul Kagame yemereye perezida wa TWAS (The World Science […]Irambuye