Mu birunga: Ingagi yahutaje umugore ku bw’amahirwe ntiyamugirira nabi

Umugore wo muri Australia wari mu birunga byo mu Rwanda mu bukerarugendo mu minsi micye ishize ingagi nkuru yaraje iramuhirika aratembagara ariko ku bw’amahirwe ntiyakomeza ngo imuhohotere. Uyu muzungukazi yitwa Gemma Cosgriff afite imyaka 29 akaba yari mu Rwanda mu kwezi kwa bucyi n’umugabo we Damian bakajya gutembera muri Pariki y’ibirunga kureba ingagi. KU MASHUSHO, […]Irambuye

Muhanga: Abikorera barishimira kuba noneho bahabwa ijambo

Abikorera mu Karere ka Muhanga baravuga ko ubu bahawe ijambo mu iterambere ry’Akarere bisumbye uko byari bimeze mu minsi yashize kuko noneho ngo bicarana n’ubuyobozi bakaganira ku mpinduka zatuma imikorere y’impande zombi irushaho kugenda neza. Juvénal Kimonyo Perezida w’Urugaga rw’Abikorera  mu  karere ka Muhanga, avuga ko ubu aribwo bahabwa ijambo mu kugira uruhare mu bikorwa […]Irambuye

Abashinwa bumvikanye na MYICT kubaka ibikorwa remezo mu ikoranabuhanga

Uyu munsi, Minisiteri y’Urubyiruko n’ikoranabuhanga hamwe n’ikigo RDB basinye amasezerano na Kompanyi y’Abashinwa China Communication Service International Limited (CCSI) yo kurufasha mu mishinga y’ikoranabuhanga cyane cyane kubaka ibikorwa remezo bigendanye naryo. Iyi sosiyete izajya iganira n’u Rwanda ku mishinga yihariye ndetse n’indi ikorerwa mu bindi bihugu bifitanye amasezerano nayo nka Africa y’Epfo. Maj Regis Gatarayiha […]Irambuye

Tariki 31/12/2016 nta munyarwanda w’impunzi UNHCR izongera gufasha gutaha

Ngo hari abanyarwanda 286.366 b’impunzi, bashobora kuba barenga FDLR, abanyapolitiki barwanya Leta na bamwe mu bakozi ba UNHCR nibo bazitira impunzi gutahuka Kuri uyu wa kabiri mu nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite bagiranye ikiganiro nyunguranabitekerezo na Minisitiri wo gukumira ibiza no gucyura impunzi  ku irangizwa ry’ubuhunzi ku banyarwanda. MInisitiri Mukantabana yavuze ko abatahuka bagabanutse kubera imitwe […]Irambuye

Iyi niyo nama nziza ya AU yabayeho – Dlamini Zuma

Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’ubumwe bwa Africa Dr Nkosazana Dlamini Zuma abicishije kuri Twitter yagaragaje ko ashimishijwe n’uko inama y’uyu muryango yagenze, ndetse yayise ko ariyo nziza yabayeho. Dr Dlamini Zuma yatangaje ko iyi ariyo nama yagenze neza mu zindi zose bagize, asaba ko bakwiye gukomeza gutya mu gihe bahagaranira kugera ku byiza. Dr Dlamini […]Irambuye

Igisamagwe cyarwanye n’ingona kirayica kirayisamura

Umuhigo udasanzwe wagaragaye muri Brazil aho igisamagwe cyagundaguranye n’ingona iri mu mazi bikarangira kiyishe kikayisamura. Iki gisamagwe gikuze gishobora kuba gifite 100Kg cyacakiye ingona kiyifatiye mu mazi. Mu muhigo wabashije gufatwa amafoto yafashwe n’uwitwa Luiz Claudio. Iki gisamagwe cyabanje kuza ku kiyaga gito kiri aho kunywa amazi maze kihahurira n’ingona. Iyi ngwe yahise isimbukira iyi […]Irambuye

Karongi: Umugore yamutanye akana gato none ararana nako izamu hanze

Umugabo witwa Munyaneza ucumbitse mu mudugudu wa Kamboji Akagali ka Gacaca mu murenge wa Rubengera avuga ko hashize ukwezi umugore amutanye umwana utaruzuza imyaka ibiri akisangira undi mugabo. Uyu mugabo w’umupagasi nijoro uko akazi k’izamu biba ngombwa ko umwana we bararana izamu, mu buryo bushyira mu kaga ubuzima bw’umwana. Uyu mugabo avuga ko we n’umugore […]Irambuye

Simukeka Jean Baptiste yavanywe mu bazitabira Jeux Olympiques

Comité National Olympique et Sportif du Rwanda yatangaje muri iki gitondo ko yakiriye ibaruwa ivuye muri Comité International Olympique ibamanyesha ko umwe mu bakinnyi bakina Marathon w’u Rwanda wari warabonye ibihe byo kwitabira imikino Olempike atacyemerewe kuzayitabira. Iri tangazo rivuga ko uyu mukinnyi witwa Jean Baptiste Simukeka yaboneye ibi bihe mu irushanwa ryabereye mu Butariyani […]Irambuye

Ubudage: Umwana witwaje ishoka yakomerekeje abantu 4

Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere umusore w’impunzi yo muri Afghanistan yinjiranye ishoka muri gari ya Moshi mu majyepfo y’Ubudage mu mujyi wa Wurzburg atangira kwasa abantu akomeretsa bikomeye abagera kuri bane Police iraza ihita imurasa arapfa nk’uko byatangajwe na Joachim Herrmann Minisitiri w’umutekano muri Leta ya Bavaria. Uyu muyobozi yavuze ko hakiri kare […]Irambuye

en_USEnglish