Nyuma yo kwitwara neza muri Tour du Rwanda 2016, Mugisha Samuel yatangiye kubengukwa n’amakipe yabigize umwuga. Muri aya, harimo na Cycling Academy Team yo muri Israël itozwa na Ran Margaliot. Mu cyumweru Tour du Rwanda yabaga, izina Mugisha Samuel ryavuzwe kenshi mu Rwanda, kuko uyu mwana uvuka ku Mukamira mu karere ka Nyabihu, ariwe wasoje […]Irambuye
Ben-“Bro,reka ahubwo umfashe dushyire ibintu ku murongo, mukanya ndakubwira nta kibazo,!” Twahise twegera aho ibikoresho bye byose byari biri ntangira kumufasha kubishyira ku murongo, ariko kuri icyo gihe natecyereza impamvu Ben yazinze ibikoresho yakoreshaga byose akabishyira ku ruhande ,ngatecyereza ko wenda byamutunguye , nkumva ko dushobora kuba tugiye nko kwimukira hafi aho , ubwo ibyo […]Irambuye
Kuva kuri uyu wa mbere mu ntara y’amajyepfo abakandida batanu; Mukakabera Monique, Dr Richard Sezibera, Dr Masabo François, Mukamuganga Veneranda na Muhimakazi Félicité bahatanira kuzasimbira Senateri Mucyo Jean de Dieu muri Sena y’u Rwanda batangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyamagabe. Aba bakandida baziyamamaza mu gihe cy’iminsi 10 bahatanira gusimbura Jean de Dieu Mucyo […]Irambuye
Imijyi mikuru y’ibihugu bitandatu (6) bihuriye mu muryango wa East African Community (EAC), igiye guhurira mu irushanwa ngarukamwaka, imikino yitwa EALASCA. Irushanwa rizabera muri Kenya, Kigali izahagararirwa na AS Kigali KVC, n’amakipe y’uturere. Kuwa gatanu tariki 25 Ugushyingo 2016 amakipe y’imikino itandukanye azahaguruka i Kigali ajya mu mujyiwa Kisumu muri Kenya. Bagiye guhagararira u Rwanda […]Irambuye
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru urugo rwa Jean Damascene Habyarimana umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Musanze rwibasiwe n’abajura batwaye Flat Screen nk’uko amakuru agera k’Umuseke abyemeza. Abaturanyi b’uyu mugabo batuye mu kagari ka Rwebeya mu murenge wa Cyuve batifuje gutangazwa babwiye Umuseke ko nabo bamenye amakuru mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere. Aba baturanyi […]Irambuye
Amajyaruguru – Mu karere ka Gicumbi kuri uyu wa mbere hamenyekanye inkuru z’abagabo babiri biyahuye umwe mu ijoro ryakeye undi mu gitondo cya none. Umwe muri aba bagabo we ngo yari amaze guhusha umugore we agiye kumwica maze byanze ahita yiyahura. Mu murenge wa Byumba mu kagari ka Nyamabuye ahitwa Mugonero umugabo witwa Jean Bosco […]Irambuye
Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Emmanuel Mbarushimana kugira uruhare muri Jenoside yakorewa abatutsi mu 1994, kuri uyu wa 21 Ugushyingo umutangabuhamya w’ubushinjacyaha wari urindiwe umutekano ahishwe umwirondoro, yavuze ko yabonye Mbarushimana ayoboye ibitero afite ubuhiri, gusa ngo ntiyabonye n’amaso ye abwicisha umuntu nubwo yabwiwe ko yabwicishije muramu we. Uyu mutangabuhamya yabwiye Urukiko ibyo avuga […]Irambuye
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 92 muri week end yavuze noneho ku kuba yajya mu kiruhuko cy’izabukuru. Gusa ati “ariko niba nanakijyamo nibareke nkijyemo neza.” Yabibwiraga abandi ba ‘sekombata’ hafi 400 baharaniye ubwigenge bwa Zimbabwe hamwe na we bo ubu bari kuruhuka kubera izabukuru nk’uko bivugwa na Reuters. Mugabe yanenze bamwe mu baba mu […]Irambuye
Njyewe-” NGO?? ” Maze kumva ibyo narashigutse, Soso aramfata arankomeza atangira gusesa urumeza amarira akomeza gushoka ku matama ye!,yubura amaso arambwira, Soso- ” Eddy nibyo ,ngiye gushyingirwa!!” Ubwo natangiye gusubiza film inyuma, nibuka urugendo rwanjye na Soso, nibuka byinshi yankoreye agaharanira ko nkomeza kubaho mu buzima naharaniraga ndetse no mu byishimo kugeza na […]Irambuye
*Imvura yaramanutse none ubu bararya umushogoro *Bashonje umuceri, ibishyimbi n’ifu y’ibigori Henshi mu Rwanda ibirayi biracyagura amafaranga 300F ku kiro, Nyaruguru ho ubu bigeze ku 180Frw. Abatuye aka karere 90% batunzwe n’ibikorwa by’ubuhinzi, ihindagurika ry’ikirere ribagiraho ingaruka zikomeye ariko ubu ngo kubera imvura bari kubona ikizere ni cyose ko bazasarura neza. Icyo batihagijemo ubu ngo […]Irambuye