Month: <span>March 2017</span>

Miss Rwanda 2017 yatangiriye ibikorwa yahize i Rutsiro hafi ya

Ibi bikorwa Miss Rwanda 2017 Elsa Iradukunda ejo yabitangiriye mu Ntara y’Uburengerazuba mu karere ka Rutsiro Umurenge wa Boneza. Biri mu byo yahize mu gihe azaba afite ikamba birimo harimo kumenyekanisha no gukundisha abantu ibikorerwa mu Rwanda, ndetse n’ubukangurambaga mu rubyiruko mu gushishikarira kwiga no kwitwara neza. Ujya hano unyura umuhanda wa Pfunda ya Rubavu. […]Irambuye

Episode 56:John azindukiye Nelson amubaza iby’ifoto abonye

Gsongo-“Nelson! Buriya Dovine ntiyaba yarahungabanye kubera ibyabaye kuri Brown?” Njyewe-“Uuuuuh? Ubwo se guhungabana byatuma yitwara nabi kuburyo biba ikibazo mu muryango we kugeza naho akubitwa nk’uwibye?” Gasongo-“Bijya bibaho, burya hari igihe umuntu ageraho ibintu bikamubana byinshi mu mutwe agafata imyanzuro we aba yita amahungiro ariko kuko umutwe umwe utigira inama agashiduka yatandukiye, ndacyeka na Dovine […]Irambuye

Wiceceka nibaguha service mbi – Mpyisi

Mu nzego za leta hakwiye kujyayo akanyafu kareba utabikora neza Hagamijwe gutuma uwaje akugana ataha yishimye niyo yaba atabonye icyo yashakaga Abatanga serivise nibikosore kuko ubu u Rwanda rufunguriye amarembo abayitanga neza Abanyarwanda ngo bifitemo kamere ituma batanga service mbi Aho ibihe bigeze nta udakenera guhabwa serivisi mu bintu byinshi binyuranye, buri wese aba yifuza […]Irambuye

Abagore bo mu cyaro ngo bafite ubuhanga butabyazwa umusaruro

Mu nama yo gutangaza ibyavuye mu bushakashatsi ku bijyanye n’ubwenge, ubuhanga na tekinologi (Technology) by’abagore cyane bo mu cyaro mu kazi kabo ka buri munsi, Dr. Chika Ezeanya Esiobu wari mu bakoze ubu bushakashatsi mu Rwanda avuga ko Leta iba ikwiriye kwegera abo bantu baba bafite ubwo buhanga bukabyazwa umusaruro. Ni ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cya […]Irambuye

Ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe ‘treasury Bond’ za miliyoni 300

Kuri uyu wa kabiri, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe Impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond), imigabane ya Bralirwa n’iya Crystal Telecom bifite agaciro k’amafaranga 300 106 300. Hacurujwe Impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta zifite agaciro ka miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda, zagurishijwe muri ‘deal’ imwe, ku mafaranga 102.5 ku mugabane. […]Irambuye

Rwanda Cycling Cup izagera i Gicumbi nyuma y’imyaka 7 batabona

Amasiganwa 10 azenguruka u Rwanda ku igare mu mwaka ‘Rwanda Cycling Cup’ aratangira mu mpera z’iki cyumweru bajya i Huye. Muriyo Abatuye akarere ka Gicumbi begerejwe rimwe muri aya masiganwa, nyuma y’imyaka irindwi batabona umukino w’amagare. Rwanda Cycling Cup igiye gutangira gukinwa ku nshuro ya gatatu kuko yatangiye muri 2015. Ni amasiganwa agamije kuzamura impano […]Irambuye

Wasafi ya Diamond igiye kwinjira mu isoko rya Muzika ry’u

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Umuhanzi Diamond Platinumz nyiri Wasafi ifite ibikorwa byo gukora no gutunganya muzika ndetse no kuyicuruza, yatangaje ko agiye gufungura ibiro mu Rwanda. Diamond Platinumz abinyujije kuri instagram ye yagize ati “Nshuti bahanzi b’Abanyarwanda, nejejwe no kubamenyesha ko kuva mu cyumweru gitaha ishami rya wasafi.com (urubuga rwa internet rwa […]Irambuye

Umukobwa wa Gaddafi yatsinze urubanza rwo gukurirwaho ibihano

Urukiko rumwe mu zikomeye ku mugabane w’Uburayi rwakuyeho ibihano byari byafatiwe umukobwa wa Muammar Gaddafi wategetse Libya, akaba yaraburanaga agaragaza ko nta mpamvu yari ikwiye kuba ikiriho ituma afatirwa ibihano.   Aisha Gaddafi ni umwe mu bantu Umuryango w’Uburayi washyize ku rutonde rw’abo wafatiye ibihano byo kutagira ingendo bakora no kugwatira imitungo yabo hari mu […]Irambuye

Ni mpamvu ki abahanzi b’imideli mu Rwanda batamenyekana cyane?

Nubwo abahanzi b’imideli bagenda biyongera, ndetse n’isoko ry’ibikorerwa mu Rwanda rikaba rigenda ryaguka kubera gahunda ya ‘made in Rwanda’ haracyari ikibazo cy’imyambaro n’abayihanze (designers) batamenyekana cyane kandi ibyo bakora bikenewe. Abantu banyuranye bari mu ruganda rw’imideli (fashion industry) basanga kuba abahanzi b’imideli (designers) batamenyekana aribo babyitera kuko ubu bashyiriweho uburyo bwisnhi bwatuma bamenyekana. Umurungi Belise, […]Irambuye

DRC: Abanyepolitiki bananiwe kumvikana, Perezida Kabila arakira Abasenyeri bari abahuza

Mu kiganiro Umuvigizi wa Leta ya Congo Kinshasa, Lambert Mende yagiranye na Radio Okapi yavuze ko gutinda kumvinaka kw’abanyepolitiki bidakwiye kubuza abana kujya ku ishuri, avuga ko abanyepolitiki bagomba kumvikana byanga bikunda. Lambert Mende ati “Nta mpamvu n’imwe yo gushaka kubuza abana kujya kwiga kubera ko abanyepolitiki bananiwe kumvikana mu gihe cyari kigenwe. Dutegetswe kugera […]Irambuye

en_USEnglish