*Yungukagamo ibihumbi 800 ku kwezi * Yari umuranguzi w’iyi nzoga muri aka gace * Ni umugabo wabikiriyemo kuko afite ibikorwa byinshi aha Police y’u Rwanda yagaragaje umugabo wo mu murenge wa Kinyinya mu kagari ka Murama mu mudugudu wa Taba yafatanye urwengero rw’inzoga itemewe bita ‘Muriture’. Uyu mugabo witwa James Rubayiza ni inshuro ya gatatu bamufashe. […]Irambuye
Myugariro wa AS Kigali Eric Iradukunda bita Radu watowe nk’umukinnyi wahize abandi muri Gashyantare muri Shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda iterwa inkunga na AZAM, yashyikirijwe ibihembo bye n’Umuseke IT Ltd. Kuri uyu wa kabiri tariki 28 Werurwe 2017 nibwo Iradukunda Eric w’imyaka 21 yashyikirijwe ibihembo by’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi muri AZAM Rwanda Premier League. […]Irambuye
*Ibisobanuro byo mu magambo yaba ibya Komisiyo n’ibya Minisitiri bitandukanye n’ibyanditse, *Hari ababona ko iki Kigo kidakwiye kwakira inzererezi ahubwo gikwiye kuba umugenzuzi, *Abadepite bibaza uko iki kigo kizigisha imyuga n’ubumenyingiro kandi ari ngororamuco. Kwifata mu kudatora ingingo z’itegeko, imfabusa nyinshi mu matora no kubura amajwi ahagije kuri zimwe mu ngingo zikomeye zigize itegeko rishyuraho […]Irambuye
Bugesera – Kuri uyu wa kabiri, umuyobozi mukuru wa Imbuto Foundation Mme Jeannette Kagame ari kumwe na Minisitiri Esperance Nyirasafari w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango n’ushinzwe uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri MINEDUC bahembye abana b’abakobwa 91 babaye indashyikirwa mu Karere ka Bugesera bagatsinda neza amashuri abanza, ikiciro rusage n’amashuri yisumbuye. Muri uyu muhango, Mme Jannette Kagame yavuze […]Irambuye
Kuri uyu wa 30 Werurwe 2017, Urwego rw’Igihugu ry’Imiyoborere (RGB) ruratangiza ubukangurambaga bwise ‘Nk’uwikorera’ bugamije gukangurira abatanga Serivise mu nzego za Leta n’Ibikorera kunoza Serivise batanga kuko ngo hakigaragara icyuho mu mitangire ya Serivise. Serivise nirwo rwego runini mu bukungu bw’u Rwanda kuko rwihariye 48% by’umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP). Ibipimo bya RGB bigaragaza ko igipimo […]Irambuye
Ijonjora rya gatatu rya CAF Confederation Cup rigiye gukinwa. Rayon sports ihagarariye u Rwanda izatangira isura Rivers United yo muri Nigeria. Umutoza wayo yemeza ko bifuza kunyagira Rayon ibitego byinshi mu mukino ubanza. Imikino y’amarushanwa ya CAF igeze ahakomeye kuko amakipe yo mu bihugu bitandukanye ari guhatanira kujya muri 1/8 (mu matsinda), kuko abahageze bahabwa […]Irambuye
*Ubushinjacyaha buri kwanzura mu iburanisha ritaha buzasaba ibihano… *Umushinjacyaha Mukuru wa Republika ari mu bashinjacyaha bamurega Mu rubanza ruregwamo Mbarushimana Emmanuel ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside, kuri uyu wa 28 Werurwe, Ubushinjacyaha bwakomeje gutanga imyanzuro yabwo bunanenga bimwe mu byagiye bitangazwa n’uruhande rw’uregwa aho uregwa yigeze gusaba ko yahabwa ‘attestation de décès’ z’abo akekwaho kwica bigafatwa […]Irambuye
Abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri biherereye mu karere ka Nyanza bari gusura inzu ndangamurage y’ubuhanzi n’ubugeni i Nyanza mu rwego gukundisha abana umuco no kumenya amateka y’igihugu cyabo. Abanyeshuri basuye iyi nzu ndangamurage bavuga ko urugendo nk’uru rubafasha kumenya byinshi byarangaga umuco nyarwanda bikabungura ubumenyi bakamenya n’uko bakwiye kwifata. Muri iyi nzu ndangamurage y’ubuhanzi i […]Irambuye
Perezida Donald Trump kuri uyu wa Kabiri arasinya itegeko rihindura ibintu byinshi mubirigize. Iri tegeko ryasinywe na Obama ryategekaga ko inganda zo muri USA zigabanya ubwinshi bw’ibyuka zohereza mu kirere bigatuma kirushaho gushyuha. Trump ararihindura asinye iryorohereza inganda. Trump ngo ararisinyira mu kigo kitwa the Environmental Protection Agenc. CNN ivuga ko umuvugizi wa Trump yavuze ko guhindura […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere, Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yemeje ko imiryango 80 ituye mu mudugudu w’Ikibuga, Akagari ka Mbugangari mu murenge wa Gisenyi ikurirwaho imisoro ku butaka y’imyaka ine batishyuye kuko ngo batayishyuye ku bushake ahubwo kuko bari mu gihirahiro cy’ibijyanye no kwimura abatuye mu mbago z’ikibuga cy’indege cya Gisenyi. Kuva mu 2008 imiryango […]Irambuye