Month: <span>September 2016</span>

Today, 1897 students are graduating in UNIVERSITY OF KIBUNGO

Thursday, September 29th, 1897 students are graduating in different faculties of the University of Kibungo “UNIK” (former UNATEK). These students successfully concluded their bachelor’s studies in the Faculty of education (1 698), Faculty of economics and business studies (67), Faculty of agriculture and rural development (141). Background of UNIK In the origins, the University of […]Irambuye

Abavuga ko mu Rwanda batisanzura ntibazi uko Abanyarwanda batekereza- Ndayisaba

*Abanyarwanda 93.9% bagaragaza ko bafite ubwisanzure bwo kuvuga ibibari ku mutima, *92.9% bakavuga ko bashobora no gukoresha ‘petitions’ bagaragaza ibibarimo, *Ngo kubaza abayobozi ibibakorerwa byo biracyacumbagira… Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidel Ndayisaba avuga ko abavuga ko mu Rwanda nta bwisanzure bwo gutanga ibitekerezo buhari ari uko batazi uko Abanyarwanda batekereza kuko Komisiyo abereye […]Irambuye

Igice cya 14: Uyu mukobwa se ko atangiye kunenga imikorere

Episode 14 …………Jyewe – Eeeh murokoze cyane nizere ko muhabonye mutazayoba! We –  “Hahhhhhhh ntabwo nzayoba kandi ninyoba nzayoboza!” Jyewe – Murakoze cyane! Ubwo tuzabona mugarutse! Ubwo yahise aheka bag nziza yari afite arasohoka! James na we arongera ajya kwihera ijisho! Hashize akanya aragaruka! James – “Bro, mbega umwana weee! Icyampa akajya ahora aza hano!” […]Irambuye

Ihuriro ku butabera bunoze mu Rwanda no mu Buholandi riri

Kigali – Kuri uyu wa kabiri hateranye ihuriro njyanama rya kabiri hagati y’u Rwanda n’Ubuholandi mu bijyanye n’ubutabera aho barebera hamwe imbogamizi zatumaumuturage atabona ubutabera bukwiye ngo zivanweho. Ubuholandi busanzwe bufasha byihariye urwego rw’ubutabera mu Rwanda, nubwo ngo nabwo hari ibyo rwigira ku Rwanda.   Ihuriro nk’iri rya mbere ryabereye mu Buholandi, iri huriro rizajya […]Irambuye

MININFRA mu gushaka umuti ikibazo cya ‘embouteillage’ mu mihanda ya

Minisiteri y’ibikorwa-remezo (MININFRA) iratangaza ko iri muri gahunda zo kwagura imihanda yo mu Mujyi wa Kigali, mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umubyigano w’imodoka ‘embouteillage’ gikomeje kwiyongera. Mu muhango wo kumurika uko imihigo y’umwaka ushize wa 2015/2016 yeshejwe, no gusinya indi mihigo igiye gushyirwa mu bikorwa muri uyu mwaka wa 2016/2017; Minisiteri y’ibikorwaremezo yavuze ko ifite […]Irambuye

RSSB mu ihurizo ryo gucunga neza imitungo ya miliyari 700

Kuri uyu wa gatatu tariki 28 Nzeri, abayobozi ba RSSB bisobanuye imbere y’abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imari ya Leta, ku makosa yagaragajwe n’Umugenzi w’Imari ya Leta ajyanye no gucunga nabi imwe mu mitungo y’iki kigo ubu ibarirwa kuri miliyari 700 z’amafaranga y’u Rwanda. Ibibazo bikomeye cyane byagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, ni uburyo […]Irambuye

Umuganga ‘yakoze’ umwana wa mbere ku isi uvuye ku ntanga

Dr John Zhang afatanyije n’itsinda rye baherutse gukora umwana w’umuhungu bifashishije intanga z’ababyeyi batatu. Ibi babikoreye muri Mexique kuko ngo muri USA bitemewe nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru The New Scientist. Ubusanzwe hari umubyeyi w’umugore wari ufite ikibazo cyo gukuramo inda kubera indwara bita Syndrom de Leigh. Dr John Zhang yafashe DNA y’intanganore  y’umugore nyirizina wabyaraga apfusha […]Irambuye

BREAKING NEWS: Airbus A330 -200 “Ubumwe” y’u Rwanda YAHAGEZE

*Izaza mu kwezi gutaha ngo niyo nini kuri iyi *Rwandair yari igiye kwegurirwa abikorera Perezida Kagame ajya inama yo kuyirekera Leta *Visi Perezida wa Airbus ati “u Rwanda rufite ikinyabupfura, ubushake n’intego mu byo rukora” *Mu myaka ibiri cyangwa itatu iri imbere n’ikibuga cy’indege kigezweho kizarangira – Musoni Hashize umwaka itegerejwe, ni indege ya mbere […]Irambuye

Butera Andrew abona uyu ari umwaka wo gusubirana umwanya mu

Umukinnyi wo hagati wa APR FC, Butera Andrew umaze iminsi yitwara neza mu mikino ikipe ye ikina, afite ikizere ko uyu mwaka uzamuhira, akongera kubobona umwanya mu ikipe y’igihugu Amavubi. Butera Andrew yari amizero y’u Rwanda mu bakinnyi bo hagati, dore ko yari ayoboye umukino w’ikipe y’igihugu Amavubi U17 yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe […]Irambuye

Aho NASA igurukiriza ibyogajuru hagiye kurengerwa n’amazi

Ibigo bitanu muri birindwi Ikigo cy’Abanyamerika kiga ikirere NASA(The National Aeronautics and Space Administration), byubatse hafi y’Inyanja muri Leta za Florida, California, Virginia na Texas. Ikigo cyitwa Kennedy Space Center cyo muri Florida ubu cyugarijwe n’ubwiyongere bw’amazi aterwa n’ihindagurika ry’ikirere ubu bikaba bisaba ko kigomba kwimurwa. Kubaka iki kigo byatwaye miliyari 10$ kandi nicyo kigo cyonyine muri […]Irambuye

en_USEnglish