Month: <span>September 2016</span>

Ruhango: Umusore yatemye nyina ARAMWICA

Amajyepfo – Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, umusore witwa Jimmy Twizeyimana w’imyaka 26 arashinjwa ko yatemye nyina akoresheje umupanga akamwica agahita ahunga. Byabereye mu rugo rwa nyina mu mudugudu wa Byabonyinka, Akagali ka Gikoma mu murenge wa Ruhango. Nyina watemwe agapfa yitwa Pelina Mukamurangwa ubu umurambo we wajyanywe ku bitaro bya Kinazi nk’uko […]Irambuye

Kagame namumenye kera nemera ibikorwa bye – Perezida Talon

Perezida wa Benin wasoje urugendo rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda guhera ku wa mbere w’iki cyumweru, yavuze ko hari byinshi bijyanye n’imiyoborere yabonye ku Rwanda, anahishura ko yamenye Perezida Paul Kagame na mbere yo kuba Perezida wa Benin, kandi ngo yemera ibikorwa bye. Aba Perezida bombi biyemeje kuzashyigikira Perezida w’urwego rwa Banki y’Isi ritanga inguzanyo […]Irambuye

Abana b’u Rwanda baryohewe no kubona UBWIRAKABIRI

Kuri iyi ya mbere Nzeri 2016, mu kirere cy’u Rwanda n’ahandi hagaragaye ubwirakabiri bw’izuba bwatangiye saa mbiri na mirongo ine n’itanu(8h45)kugeza saa 12h22. Ubu bwirakabiri bwari bwose saa 10:28 za mugitondo. Abantu benshi mu Rwanda babubonye, i Remera abana biga ku bigo by’amashuri begeranyirijwe ahitwaga kuri KIE baganirizwakuri iki kintu ndetse barakibonera. Phenias Nkundabakura,PhD, wigisha ubugenge muri Kaminuza […]Irambuye

en_USEnglish