Abagore 60 bagize itsinda ry’abacuruzi bambukiranya imipaka mu bihugu by’ibiyaga bigari (COSOPAX /RGL) igizwe n’ibihugu by’u Rwanda, Burundi na Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo, bemera ko hari aho ibihugu byabo bigeze mu mikoranire haba mu bucuruzi ndetse n’amahoro ugeraranyije n’imyaka yashize. Bamwe mu bagore baganiriye n’Umuseke batangaza ko hari aho bavuye habi mu mirimo bakoraga […]Irambuye
Senderi International Hit usigaye wiyita Intare y’Umujyi, yafashe umwanzuro wo guhindura ibara ry’imodoka agendamo ayisiga ibara ry’iroza ‘Pink’ bakunze kwita iry’abakobwa ku busabe bw’umukobwa w’inshuti ye. Imodoka ya Senderi yari imaze imyaka igera kuri itandatu ifite ibara benshi bamusererezaga bavuga ko ari iryagenewe gusigwa ‘Inzu cyangwa iryo muri pisine(piscine). Mu 2015 ubwo yamamazaga sosiye y’itumanaho […]Irambuye
Iburengerazuba – Imvura nyinshi cyane yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu mirenge ya Twumba, Mutuntu na Rwankuba yateje inkangu inangiza imirima ariko cyane cyane yahitanye ubuzima bw’umuyobozi w’Umudugudu wa Musango mu kagali ka Byogo Umurenge wa Mutuntu wagwiriwe n’inkangu agapfa avuye mu bukwe. Byabaye ahagana saa mbili n’igice z’ijoro ryakeye nk’uko byemezwa […]Irambuye
Kabgayi – Mu gikorwa ngarukamwaka cyo kwizihiza umunsi w’umurimo cy’abakozi ba Diyosezi ya Kabgayi Musenyeri MBONYINTEGE Smaragde akaba n’umushumba w’iyi Diyosezi, avuga ko inyungu z’amafaranga zidakwiye kuza imbere y’umurimo ahubwo ko umurimo ari wo ugomba kuza imbere y’amafaranga. Mu ijambo rye Musenyeri MBONYINTEGE Smaragde, yagarutse kuri bamwe mu bakozi bakunda kwibwira ko guta akazi k’igihe […]Irambuye
Mu mujyi wa Kamembe umugabo witwa Mugabushaka w’imyaka 30 yafashe mu mashingo umusaza uri mu kigero k’imyaka 57 amuziza umuzigo w’umufuka w’umuceri aho ngo umubyeyi witwa Mama Kibonge yari amaze guhakanira uyu mugabo. Mugabushaka wari wimwe akazi ko gutwara umuzigo, yahise arakara avuga ko atakwemera ko uyu musaza atwara uyu muzigo, niko kumufata mu mashing, […]Irambuye
Mu Karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo mu yahoze ari Komine Ntongwe kuri iki cyumweru hashyinguwe imibiri y’abishwe muri Jenoside igera kuri 568 yabonetse muri iki gihe cyo kwibuka. Umuhango witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye harimo Perezida w’Inteko inshinga mategeko, Mme Mukabalisa Donathile ndetse na Mininisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne n’abandi banyacyubahiro batandukanye. Habanje ijoro ry’icyunamo, […]Irambuye
Ku wa gatanu Ikigo RwandaOnline cyateguye umwiherero n’abahoze ari ingabo zavuye ku rugerero ubu bakaba barahindutse abakozi b’urubuga rwa Internet www.irembo.gov.rw bashyizwe mu gufasha abaturage ku mirenge basaba serivisi za Leta hakoreshejwe ikoranabuhanga ry’urubuga Irembo. Biciye muri gahunda ya Leta, RwandaOnline gifite mu nshingano ishyirwa mu bikorwa ry’urubuga Irembo, mu rwego rwo korohereza abaturage kubona […]Irambuye
*Mu bakomorewe harimo umugore wahawe imbabazi n’uwo yatemeye umuvandimwe muri Jenoside, *Uwari Konseye yasabye imbabazi avuga ko abishwe muri Segiteri yose bamuri ku mutwe…, *Abadatanga amakuru y’ahari imibiri,…F. Ndayisaba ati “Uwaba akigendana imva y’uwo azi wishwe,… yicungure atange amakuru”, *Ngo ahari abo muri adventiste bicaga kuva kuwa mbere kugeza ku wa Gatanu saa 15:00 bakajya […]Irambuye
Gutsindwa na Rayon Sports 3-1, byatumye Police FC ijya ku mwanya wa gatandatu (6), ariko ngo Cassa Mbungo Andre ntabwo yiteguye kwegura. Police FC ni yo yatwaye igikombe cy’Amahoro cya 2015. Byatumye Cassa Mbungo Andre agura abakinnyi 15 bashya ngo Police ye ijye mu zihatanira igikombe cya Shampiyona muri 2016. Abo bakinnyi ni: Ndatimana Robert […]Irambuye
Urubyiruko rusaga 75 ruhuriye mu cyo bise ‘Intwarane’ bazwi cyane nk’abafana ba Butera Knowless, basuye umukecuru witwa Mukabagoro Verediane ufite imyaka 93 utuye mu Mudugudu wa Kadobogo, Akagali ka Kagugu, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, amaze imyaka umunani adasohoka mu nzu kubera indwara ya Cancer na Palarisé yabitewe na Jenoside. Ni mu gihe u […]Irambuye