Month: <span>May 2016</span>

Rusizi: Abagore 60 bo muri CEPGL barakataje nyuma yo gukurwa

Abagore 60 bagize itsinda ry’abacuruzi bambukiranya imipaka mu bihugu by’ibiyaga bigari (COSOPAX /RGL) igizwe n’ibihugu by’u Rwanda, Burundi na Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo,  bemera ko hari aho ibihugu byabo bigeze mu mikoranire haba mu bucuruzi ndetse n’amahoro ugeraranyije n’imyaka yashize. Bamwe mu bagore baganiriye n’Umuseke batangaza ko hari aho bavuye habi mu mirimo bakoraga […]Irambuye

Senderi yasigishijwe irangi ku modoka ye n’umukobwa bakundana

Senderi International Hit usigaye wiyita Intare y’Umujyi, yafashe umwanzuro wo guhindura ibara ry’imodoka agendamo ayisiga ibara ry’iroza ‘Pink’ bakunze kwita iry’abakobwa ku busabe bw’umukobwa w’inshuti ye. Imodoka ya Senderi yari imaze imyaka igera kuri itandatu ifite ibara benshi bamusererezaga bavuga ko ari iryagenewe gusigwa ‘Inzu cyangwa iryo muri pisine(piscine). Mu 2015 ubwo yamamazaga sosiye y’itumanaho […]Irambuye

Karongi: Inkangu yatewe n’imvura yagwiriye Umuyobozi w’Umudugudu arapfa

Iburengerazuba – Imvura nyinshi cyane yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu mirenge ya Twumba, Mutuntu na Rwankuba yateje inkangu inangiza imirima ariko cyane cyane yahitanye ubuzima bw’umuyobozi w’Umudugudu wa Musango mu kagali ka Byogo Umurenge wa Mutuntu wagwiriwe n’inkangu agapfa avuye mu bukwe. Byabaye ahagana saa mbili n’igice z’ijoro ryakeye nk’uko byemezwa […]Irambuye

Amafaranga ntakwiye kuza mbere y’umurimo – Mgr Mbonyintege

Kabgayi – Mu gikorwa ngarukamwaka cyo kwizihiza  umunsi w’umurimo  cy’abakozi ba  Diyosezi ya Kabgayi Musenyeri MBONYINTEGE  Smaragde  akaba n’umushumba  w’iyi Diyosezi, avuga ko inyungu z’amafaranga zidakwiye kuza imbere y’umurimo ahubwo ko umurimo ari wo ugomba kuza imbere y’amafaranga. Mu ijambo rye  Musenyeri MBONYINTEGE Smaragde, yagarutse kuri bamwe  mu bakozi  bakunda kwibwira ko  guta akazi  k’igihe […]Irambuye

Rusizi: Umugabo yafashe mu mashingo umusaza bapfa amafaranga 150

Mu mujyi wa Kamembe umugabo witwa Mugabushaka w’imyaka 30 yafashe  mu mashingo umusaza uri mu kigero k’imyaka 57 amuziza umuzigo w’umufuka w’umuceri aho ngo umubyeyi witwa Mama Kibonge yari amaze guhakanira uyu mugabo. Mugabushaka wari wimwe akazi ko gutwara umuzigo, yahise arakara avuga ko atakwemera ko uyu musaza atwara uyu muzigo, niko kumufata mu mashing,  […]Irambuye

Ruhango: Hashyinguwe imibiri 568 yabonetse muri ibi bihe byo Kwibuka

Mu Karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo mu yahoze ari Komine Ntongwe kuri iki cyumweru hashyinguwe imibiri y’abishwe muri Jenoside igera kuri 568 yabonetse muri iki gihe cyo kwibuka. Umuhango witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye harimo Perezida w’Inteko inshinga mategeko, Mme Mukabalisa Donathile ndetse na Mininisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne n’abandi banyacyubahiro batandukanye. Habanje ijoro ry’icyunamo, […]Irambuye

Abahoze ari ingabo biyemeje gufasha Irembo gutanga serivisi zishingiye ku

Ku wa gatanu Ikigo RwandaOnline cyateguye umwiherero n’abahoze ari ingabo zavuye ku rugerero ubu bakaba barahindutse  abakozi b’urubuga rwa Internet www.irembo.gov.rw bashyizwe mu gufasha abaturage ku mirenge basaba serivisi za Leta hakoreshejwe ikoranabuhanga ry’urubuga Irembo. Biciye muri gahunda ya Leta, RwandaOnline gifite mu nshingano ishyirwa mu bikorwa ry’urubuga Irembo, mu rwego rwo korohereza abaturage kubona […]Irambuye

Nyamasheke: Abakoze Jenoside 10 bakomorewe babyarwa muri Batisimu n’abo bahemukiye

*Mu bakomorewe harimo umugore wahawe imbabazi n’uwo yatemeye umuvandimwe muri Jenoside, *Uwari Konseye yasabye imbabazi avuga ko abishwe muri Segiteri yose bamuri ku mutwe…, *Abadatanga amakuru y’ahari imibiri,…F. Ndayisaba ati “Uwaba akigendana imva y’uwo azi wishwe,… yicungure atange amakuru”, *Ngo ahari abo muri adventiste bicaga kuva kuwa mbere kugeza ku wa Gatanu saa 15:00 bakajya […]Irambuye

en_USEnglish