Month: <span>May 2016</span>

Twumba: Inkangu yahitanye umugore n’abana be babiri n’amatungo yabo

Iburengerazuba – Mu  mvura idasanzwe  yaraye iguye mu mirenge itandukanye  igize Akarere ka karongi  yasize itwaye ubuzima bw’umubyeyi n’abana be babiri  mu murenge wa Twuumba aka gari ka Rutabi umudugudu wa Rutabi. Marie Rose Mukandutiye wari mu turimo two mu rugo  n’abana  be babiri b’imyaka itandatu n’undi w’umwaka umwe n’igice inzu yabo yagwiriwe n’inkangu maze […]Irambuye

Icyo amateka avuga ku mukino wa APR FC na Rayon

APR FC iraza kwakira Rayon Sports kuri uyu wa kabiri kuri Stade Amahoro i Remera saa 18:00. Uyu niwo mukino uhuraza abakunzi ba ruhago Ni wo mukino ugaragaza urwego umupira w’amaguru ugezeho mu Rwanda. Ni umukino wirukanisha abatoza batsinzwe, ukanahesha icyubahiro abawutsinze.   Abakinnyi n’abatoza bigaragaje muri uyu mukino Jimmy Gatete wakiniye amakipe yombi, ni […]Irambuye

Karongi: Umunyonzi wicunze ku ikamyo yamukandagiye arapfa

Ahagana saa kumi n’ebyiri za mugitondo kuri uyu wa kabiri umunyegare witwa Jean Muhire yishwe n’ikamyo ya Mercedes Benz Actros yari yicunzeho ayifashe inyuma ngo imutware. Byabereye mu kagali ka Gacaca Umurenge wa Rubengera mu muhanda wa Karongi – Muhanga. Anatarie Nyiramisago umwe mu babonye iyi mpanuka yabwiye Umuseke ko iyi y’ikamyo, RAC 584T, yari […]Irambuye

Ibitego 2 Savio yatsinze Police FC, ngo hari icyo bivuze

Savio Nshuti Dominique yatsinze ibitego bibiri muri bitatu Rayon Sports yatsinze Police FC mu mpera z’icyumweru dusoje, bikaba ibya mbere yari atsinze muri Shampiyona y’u Rwanda. Ngo byamufashije kwitegura neza umukino wa APR FC. Uyu musore w’imyaka 18, yageze muri Rayon Sports tariki 14 Nyakanga 2015,  avuye mu Isonga FC, yakiniye umwaka ushize w’imikino wose. […]Irambuye

Gisagara: Abakozi 10 barimo Gitifu w’Umurenge bahagaritswe kubera gucunga nabi

Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara yemeje ko abakozi 10 barimo n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mukindo babaye bahagaritswe mu kazi by’agateganyo kubera imyitwarire mibi no imicungire umutungo wa Leta muri gahunda yo kuvana abantu mu bukene ya VUP. Jerome Rutaburingoga umuyobozi w’Akarere ka Gisagara avuga ko aba bayobozi ubu hari gukorwa iperereza ngo hamenyekane ukuri ku byo […]Irambuye

Intore Tuyisenge yakoresheje umugore we mu mashusho y’indirimbo

Tuyisenge Jean de Dieu uzwi nka “Intore Tuyisenge” muri muzika, Ni umuhanzi umenyerewe cyane mu ndirimbo zigendanye na gahunda za Leta. Mu mashusho y’indirimbo ye yise ‘Akimuhana’ yakoreshejemo umugore we Uwihirwe Joyeuse . Muri Kamena 2015 nibwo Intore Tuyisenge na Uwihirwe Joyeuse bashyingiranywe ku mugaragaro. Nyuma y’amazi ane gusa mu Ukwakira 2015 baza kwibaruka umwana […]Irambuye

Wowe ukurikira Itangazamakuru mu Rwanda, ubona ryisanzuye?

Abanyamakuru 20 babajijwe n’Umuseke iki kibazo, 12 bavuga ko itangazamakuru mu Rwanda ryisanzuye bigereranyije, batanu bavuga ko nta bwisanzure buhari mu ku itangazamakuru mu Rwanda, batatu bemeza ko itangazamakuru mu Rwanda ryisanzuye rwose. Abasomyi b’Umuseke bo babibona bate? Kuri uyu wa 03 Gicurasi 2016 Isi irizihiza umunsi mpuzamahanga w’ubwisanzure bw’itangazamakuru. Kwisanzura ku gutangaza amakuru ni […]Irambuye

Imihigo ni yose mbere y’umukino wa APR FC na Rayon

Kuri uyu wa kabiri APR FC irakira Rayon Sports mu mukino ugaragaza ufite amahirwe yo kwegukana igikombe cya Shampiyona. Imihigo ku mpande zombi ni yose. Uyu mukino wa APR FC na Rayon Sports usanzwe uhuza abakeba mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Uyu munsi biraba ari akarusho cyane ko noneho ugiye kuba amakipe yombi akurikiranye ku […]Irambuye

Kirehe: Abayobozi ba koperative ihinga urutoki barashinjwa kunyereza umutungo wayo

Abaturage basaga 900 bo muri Koperative y’abahinzi b’urutoki yitwa KOBAMU yo mu murenge wa Musaza, akarere ka Kirehe, mu burasirazuba bw’u Rwanda,  barashinja ubuyobozi bw’iyi Koperative kuba haranyerejwe imitungo yabo irimo imirima yabo bahingamo ndetse n’imodoka bari baraguze. Ubuyobozi bubishinzwe  mu karere ka Kirehe butangaza ko ibi bibazo batari babizi ariko ngo bigiye gukurikiranwa kugira […]Irambuye

en_USEnglish