Kacyiru – Peter Kramer washinze Schools for Africa ikaba umuterankunga ukomeye w’uburezi mu Rwanda binyuze muri UNICEF, yabwiye itangazamakuru ko yishimira iterambere u Rwanda rumaze kugeraho mu burezi kandi yiteguye gukomeza kurushyigikira, ni nyuma y’ibiganiro yari amaze kugira na Perezida Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu. Peter Kramer afite ikigo kitwa Marine Service […]Irambuye
Kuba aka karere karashyizwe mu mijyi yunganira Kigali, ngo ni amahirwe abahatuye bafite yo kubyaza umusaruro, ibyiza nyaburanga bigize aka karere nka Pariki ya Nyungwe, Kivu, amashyuza n’ibindi byatuma abava hanze bazana amadevize muri uyu mujyi bikanazamura ishoramari muri aka karere. Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere (RGB) kiri kumwe n’impuguke zigize itsinda Future Moves Group zavuye muri […]Irambuye
Umusore Karangwa Jean Luck ukorera umwuga w’ubucuzi mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Byumba, mu Kagari ka Gisuna yishimira ko nyuma yo gukorera abandi igihe kinini adahembwa kugira ngo yige umwuga, ubu nawe asigaye yarahaye akazi abandi. Karangwa Jean Luck, umwe mu basore batangiye imyuga babikesheje gukunda umurimo, avuga ko yatangiye ubucuzi akorera abandi, ndetse […]Irambuye
Umuvugizi wa Polisi, Jimmy Anthony Oyuku, yavuze ko umugabo wigeze no kuba umuplisi w’imyaka 35 witwa John Robert Elau, yishe umugore we n’umwana w’amezi abiri mu busitani bw’urugo rwe na we ahita yiyahura. Oyuku yavuze ko umugore wishwe yitwa Salume Akiteng akaba yari afite imyaka 30 ndetse n’umwana we Atai w’amezi abiri. Abaturanyi babo […]Irambuye
Abahinzi bo mu kagari ka Kinyonzo mu murenge wa Kazo no mu murenge wa Karembo akarere ka Ngoma imbeba ziraye mu mirima yabo zirya imyaka ikiri mu murima ku buryo ngo nta kizere bafite cyo kugira icyo baramura. Ibi bintu ubu bo bafata nk’icyorezo baratabaza ubuyobozi ngo bubahe imiti yica imbeba. Benshi mu baturage b’Akagali […]Irambuye
Mu kiganiro n’abanyamakuru mbere gato y’umunsi mpuzamahanga w’umurirmo tariki 21 Mata, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta Samuel Mulindwa yasobanuye ko ubusumbane bw’imishahara muri Leta ku bakozi bakora akazi kamwe, butazakemurwa no kugabanya amafaranga ku bahembwa menshi, ahubwo ko abahembwa macye bazagenda bazamurwa ubusumbane bukagabanuka. Iki kibazo cy’ubusumbane mu mishahara y’abakozi ba Leta bakora […]Irambuye
Abakozi batatu b’umuryango utabara imbabare Croix Rouge bashimiswe kuri uyu wa kabiri mu burasirazuba bwa Congo ubu umutwe wa FDLR niwo uri gushinjwa kubashimuta nk’uko bitangazwa n’imiryango igize sosiyete sivile. Dominik Stillhart ushinzwe ibikorwa muri Croix Rouge yatangaje kuri Twitter ko koko aba bakozi bashimuswe ariko bari gukora ibishoboka byose ngo bagarurwe ari bazima. Ikigo […]Irambuye
Rwanda Cycling Cup iratangira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016. Amarushanwa y’abatarengeje imyaka 18 n’abagore yongerewe mu irushanwa ry’uyu mwaka. Irushanwa rihuza amasiganwa icyenda (9), Rwanda Cycling Cup ryagarutse. Kuri uyu wa gatandatu hateganyijwe isiganwa rya mbere. Abakinnyi b’umukino w’amagare bavuye mu makipe atandatu (6) agize FERWACY, bazatangira kwishakamo usimbura Jean Bsco […]Irambuye
Amajyepfo – Akarere ka Nyaruguru mu myaka yashize kagiye karangwa n’inzara yatumaga bamwe basuhuka, ni akarere kakunze guhora imbere y’utundi mu kugira umubare munini w’abari munsi y’umurongo w’ubukene. Gusa ubu ngo icyerekezo ni uko mu myaka ibiri iri imbere baba bageze kuri 30% mu gihe imibare yo kugabanuka kw’abakene cyane iri kugenda igabanuka nkuko byemezwa […]Irambuye
Col Jean Baptiste Bagaza wayoboye u Burundi kuva mu 1976 kugeza mu 1987 ubu wari umusenateri yitabye Imana mu Bubiligi kuri uyu wa gatatu mu gitondo nk’uko byemejwe n’inzego zinyuranye mu Burundi. Col Bagaza uvuka mu Ntara ya Bururi yitabya Imana afite imyaka 69 aguye mu bitaro by’i Bruxelles mu Bubiligi aho yari amaze iminsi […]Irambuye