Month: <span>February 2016</span>

Kalusha Bwalya, n’abayobozi ba CAF, bakoreye umuganda i Kigali

Kalusha Bwalya, Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Zambia, akaba n’icyamamare mu mupira w’amaguru muri Africa cyo mu gihe gishize, kuri uyu wa gatandatu hamwe n’abayobozi bakuru b’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa CAF bakoreye umuganda murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo. Bari kumwe kandi na Minisitiri w’umuco na Siporo w’u Rwanda hamwe n’umuyobozi wa FERWAFA […]Irambuye

Gicumbi:Urubyiruko rwahaye inkunga umupfakazi banamukorera umuganda

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Mata 2015 mu murenge wa Byumba habaye igikorwa cyakozwe n’urubyiruko rukorera TIGO cyo guha uwacitse ku icumu ibiribwa(umuceri, kawunga, ibirayi…) n’ibindi bikoresho by’isuku nk’amasabune. Uwahawe iyi nkunga ni umukecuru w’imyaka 58 witwa Umulisa Viviane yashimiye aba basore n’inkumi ku bufasha bamuhaye kuko ngo yumvaga ubusanzwe ari wenyine ariko ubu […]Irambuye

Nyabihu: Urubyiruko rwatanze umusanzu warwo mu umuganda udasanzwe

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Werurwe 2015, Urubyiruko rwitabiriye umuganda udasanzwe wo gukora uturima tw’igikoni mu hirya no hino mu gihugu. Mu murenge wa Karago mu Karere ka Nyabihu, Umuhuzabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ku rwego rw’igihugu, yari yifatanyije n’abandi, yabasabye kurushaho gukoresha imbara. Uyu muganda udasanzwe w’urubyiruko wakozwe mu rwego kurwanya indwara ziterwa […]Irambuye

Mwogo: Nyuma y’umuganda abantu 100 bahawe mutuelle de santé

Kuri uyu wa Gatandatu wanyuma w’ukwezi kwa Nzeri, Umuryango utegamiye kuri leta Acts Of Gratitude A.O.G (Ibikorwa by’ishimwe) wifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Mwogo mu gikorwa cy’umuganda bawusoza batanga ubuzima bw’umwaka kubaturage ba Mwogo 100. Muri iki gikorwa cy’umuganda A.O.G n’Abayobozibo mu murenge wa Mwogo bafatanyije n’abaturage bo muri uyu […]Irambuye

Umuganda: Kagame yafashije ab'i Rusororo kugerwaho n'amazi meza

Gasabo – Umuganda rusange mu gihugu hose wo kuri uyu wa 30 Kanama, Perezida Kagame yawukoreye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo aho yifatanyije n’abaturage gucukura imiferege izacishwamo imiyoboro y’amazi igera mu kagari ka Mbandazi aho amazi meza ataragera. Abatuye aha bavomaga amazi muri kilometer enye. Ahagana saa tatu n’igice Perezida Kagame yari ageze mu […]Irambuye

40% by’umusaruro w’ubuhinzi birangirika kubera ubumenyi buke

Umuryango ‘JICA Alumni Association in Rwanda (JAAR)’ watangije umushinga bise “Food Transformation Center” ugamije guha agaciro ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi biba byasagutse ku isoko bishobora kwangirika. Mu biganiro byahuje JAAR na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) hagaragajwe uburyo 40% by’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi byangirika kubera ubumenyi buke bw’abahinzi mu kubyaza umusaruro ibyo baba basaguye ku isoko. […]Irambuye

Gianni Infantino yatorewe kuyobora FIFA asimbura Sepp Blatter wazize ruswa

I Zurich ku kicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi kuri uyu wa gatanu ibihugu binyamuryango byatoye umuyobozi wa FIFA, hatowe umusuwisi Gianni Infantino uje gusimbura Sepp Blatter uherutse kweguzwa ashinjwa ruswa. Kugeza ubu itora ryagaragaje ko 3/4 by’abagiriraga ikizere FIFA bayivanyeho ikizere kubera ibirego bya ruswa mu buyobozi bwayo mu bigendanye no gutegura amarushanwa n’ibikorwa […]Irambuye

Gitwe: Abasoje Kaminuza basabwe guteza imbere igihugu mu bumenyi bahawe

Kuri uyu wa gatanu, Kaminuza ya Gitwe yatanze impamyabumenyi ku nshuro yayo ya kane, urubyiruko 291 rwasoje amasomo rwasabwe kuzerekana ubumenyi bwahawe mu guteza imbere igihugu. Abahawe impamyabumenyi ni abasoje amasomo mu mashami y’igiforomo, ubumenya-muntu, ikoranabuhanga n’icungamutungo. Niyonsaba Lamberet, wavuze mu izina rya bagenzi be basoje amasomo yashimye uburere, discipline na kirazira bahawe na Kaminuza […]Irambuye

Abayobozi n’abanyamakuru, urugero rw’abandi mu gukoresha neza Ikinyarwanda

Ururimi rw’Ikinyarwanda ni kimwe mu birango by’umuco nyarwanda, ruhuriweho n’Abanyarwanda bose. Kubera ibibazo byabaye mu Rwanda byatumye umuco uhungabana n’ururimi rw’Ikinyarwanda rwakira amagambo menshi, Inteko y’Ururimi n’Umuco igiye gusohora andi magambo yacuzwe yitwa “Amuga”, igasaba abanyamakuru n’abayobozi kuba intangarugero mu gukoresha neza Ikinyarwanda. Ikinyarwanda kivugwa hose mu Rwanda, kandi abarutuye bakacyumvikanaho, ariko aho bigeze ubu […]Irambuye

Tanzania: Magufuri yifurije ishya n’ihirwe Perezida Museveni

Nyuma ya Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Jacob Zuma uyobora Afurika y’Epfo na Uhuru Kenyatta wa Kenya; Perezida John Pombe Joseph Magufuli wa Tanzania na we yifurije ishya n’ihirwe Perezida Yoweri Kaguta Museveni uherutse gutorerwa kongera kuyobora Uganda. Mu butumwa yoherereje mugenzi we, Magufuri waherukaga gutorwa nk’umukuru w’igihugu (mbere ya Museveni) mu bihugu bigize akarere […]Irambuye

en_USEnglish