Kuri uyu wa gatanu ibigo bine Rwanda Mountain Tea Ltd, Petrocom, Société Petrolière(SP Ltd) na Tea Group Investment Ltd byahaye imfubyi zo mu Karere ka Bugesera , mu murenge wa Ntarama inka 13 zo kuboroza mu rwego rwo kubafasha kwivana mu bibazo basizwemo na Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Mbere y’uko abayobozi n’abakozi bo muri […]Irambuye
Muri Leta zunze Ubumwe za Amerika; uyu wa Gatanu wabaye umunsi w’amateka ubwo Urukiko rw’Ikirenga rwemeje itegeko ryemerera abagore n’abagabo bahuje ibitsina gushyingiranwa mu gihugu hose, Perezida Obama kuri ‘Twitter’ yagaragaje ko ashyigikiye iri tegeko. Ubusanzwe, muri iki gihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika gushyingiranya abantu bahuje ibitsina byari byemewe muri leta anye gusa, […]Irambuye
Abantu 27 biganjemo abanyamahanga biciwe mu gitero hafi y’inyanja ahari hoteli ebyiri z’abakerarugendo mu mujyi witwa Sousse mu gihugu cya Tunisia, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Umutekano. Ubuyobozi bwavuze ko umwe mu bantu bari bitwaje imbunda yarashwe ahita apfa, undi na we aracyashakishwa. Sousse ni hamwe mu hantu hasurwa […]Irambuye
Inshuro nyinshi cyane bumvikanye baterana hejuru ndetse bigeze kumara umwaka ntawurebana n’undi nubwo babaga mu mujyi umwe. Gusa kuva mu mwaka ushize aba bagabo batangiye kujya bavuga rumwe. Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa gatanu bombi basangiye ifunguro muri Hotel i Kigali, baseka basabana. Mu mpera z’umwaka ushize bagaragaye mu gitaramo kimwe cyari cyateguwe […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu ubwo Perezida Kagame yatangaga ipeti rya Sous lieutenant ku basirikare 517 barangije amasomo ya gisirikare i Gako yavuze ko abatatira u Rwanda amategeko azabageraho aho bari hose. Ngo ni ikibazo cy’umunsi. Perezida Kagame yabwiye aba basirikare ko baje mu ngabo kugira ngo barinde amahoro y’igihugu cyabo, bagiheshe agaciro kandi nabo ngo […]Irambuye
Nyuma yo gusoza irushanwa rya Aitel Rising Stars 2015 ku nshuro ya gatatu mu ntara y’Iburasirazuba, mu mpera z’iki cyumweru barerekeza mu ntara y’Amajyepfo kujya gushaka impano z’abakinnyi, imikino izabera mu Karere ka Nyamagabe. Iyi mikino iteganijwe kubera mu ntara zose z’ U Rwanda n’umujyi wa Kigali ,muri buri ntara hazajya hazamuka ikipe zahize ayandi […]Irambuye
26/6/2015: Imbere y’abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’imari ya Leta, abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere umusaruro w’ibyoherezwa hanze mu buhinzi (NAEB), bavuze ko umushinga wo guhinga indabo i Gishari watangiye ukageraho ugahagarara kubera ibibazo by’ubumenyi buke bwa bamwe mu bawize, gusa ngo uzaba watanze umusaruro mu gihembwe cya mbere cya 2016. Uyu mushinga […]Irambuye
Mu muhango wo gutangiza Ikigo gishinzwe kwita ku bahohotewe (Isange One stop Center) Umukuru wa Polisi mu Karere ka Muhanga, Senior Superitendant Muheto Francis yatangaje ko hari ibihano bagiye gufatira bamwe mu bagitifu b’imirenge bitwaza umwanya bafite bagasambanya abo bakoresha ku rwego rw’Akagari. Uyu muhango wo gutangiza ikigo gishinzwe kwita ku bantu bakorewe ihohoterwa wahuje […]Irambuye
Zarinah Hassan uzwi nka (Zari) ari nawe mukunzi w’umuhanzi ukomoka muri Tanzania witwa Diamond Platnumz, yageze mu Rwanda aho aje mu gitaramo kiswe ‘Rwanda International Fashion Word’. Mu gitaramo kigiye kuba ku nshuro ya mbere mu Rwanda kizahurirwamo n’ibyamamare mu bijyanye n’imideli, bitaganyijwe ko na Zari azaba ari umwe mu bazakurikirana icyo gikorwa. Ni nyuma […]Irambuye