Month: <span>June 2015</span>

Abakozi ba Airtel basangiye Iftar n’Abasilamu

Muri week end ishize abakozi ba Airtel bifatanyije n’Umuryango w’abasilamu ku musigiti wa Nyamirambo mu gusangira ifunguro rya nimugoroba (Iftar) ryo mu gisibo bamazemo iminsi. Ibi babikoze nk’ikimenyetso cy’ubumwe aho abakozi ba Airtel bazanye bimwe mu biribwa bagasangira n’abandi n’ibyo basanze. Ali Ndabishoboye, umwe basuwe wavuze mu izina ry’abandi yashimiye cyane Airtel Rwanda kuberaka ko bari […]Irambuye

Abashinzwe Radio-Rwanda bazansobanurira impamvu itagera Nyamasheke-Kagame

Mu ijambo Umukuru w’igihugu yagejeje ku batuye Nyamasheke kuri uyu mbere, yashimiye ibyo bagezeho birimo ibikorwaremezo nk’ibitaro, imihanda, amasoko n’ibindi gusa anenga kuba aha hatagera amajwi ya radio y’igihugu avuga ko ababishinze bazamusobanurira niba biterwa n’uko bidashoboka cyangwa niba ari indi mpamvu. Mu kiganiro Umukuru w’igihugu yagiranye n’abatuye Nyamasheke yagarutse ku uruhare abaturage bagize mu gusana no kubaka […]Irambuye

Uwunganira Frank Rusagara uyu munsi niwe wabuze mu rukiko

Mu rubanza Ubushinacyaha bwa Gisirikare buregamo Col Tom Byabagamba na bagenzi be ibyaha birimo “Gusuzugura ibendera ry’Igihugu no kwangisha Abaturage ubutegetsi buriho; kuri uyu wa 29 Kamena, umwe mu baregwa yabwiye Urukiko ko atashobora kuburana kubera uburwayi, naho Abavoka bitabiriye iburanisha bavuga ko batamenyeshejwe mu nzira nyayo ibyemezo bafatiwe bityo urubanza rurasubikwa kuko batari bishyura […]Irambuye

PGGSS 5: i Rwamagana byari bishyushye cyane. AMAFOTO

Igitaramo cya 11 mu biri kuzenguruka mu Rwanda hose mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star cyakomereje i Rwamagana muri week end ishize. Abafana ba muzika bakomeje kuba benshi cyane ndetse bakagaragaza ibyishimo mu buryo bukomeye. Iki cyari igitaramo cya nyuma mu buryo abahanzi baririmbabo mwa Semi-Live. Ibizakurikira bakaririmba mu buryo bwa Live. Knowless, […]Irambuye

Radio & Weasel mu gitaramo kiswe Kwibohora Concert

Moses Nakintije Ssekibogo uzwi nka Radio na Douglas Mayanja uzwi nka Weasel ni bamwe mu bahanzi bagize itsinda rya Goodlyf. Kuri ubu Radio yaje mu Rwanda kureba aho imyiteguro y’igitaramo bafite muri iki cyumweru igeze. Icyo gitaramo giteganyijwe kuba ku munsi wo kwibohora tariki ya 04 Nyakanga 2015, ngo nicyo gitaramo barimo kwitegura cyane dore […]Irambuye

‘N’ejo hari igihe wabona nguhaye invitation’ – Riderman

Riderman umuhanzi w’injyana ya Hip Hop bwa mbere yemereye itangazamakuru ko yatandukanye na Asna bamaranye igihe kinini bakundana. Anavuga ko bishoboka cyane ko yabana na Agasaro Farid Nadia, ndetse ko ‘n’ejo ashobora gutumira abantu mu bukwe bwe’. Riderman yabanje guhakana ko yatandukanye na Asna. Ubu yasobanuye ko ari igihe kitari cyageze cyo kubihamya kuko ngo […]Irambuye

en_USEnglish