Month: <span>May 2015</span>

John Kerry ari muri Kenya gutegura urugendo rwa Obama

Umunyamabanga wa Leta ya Usa ushinzwe ububanyi n’amahanga John Kerry ari muri Kenya mu ruzindo rwo gutegura uko urugendo rwa President Barrack Obama ruzaba muri Nyakanga uyu mwaka. Umukuru w’igihugu wa USA yaherukaga gusura Kenya muri 2012, kandi rubaye nyuma y’uko President Uhuru wa Kenya avuzwe uruhare mu bwicanyi bwabaye mu guhugu cye mu gihe […]Irambuye

USA: Ubwo berekanaga amashusho ya Muhamad, havuze amasasu

Amakuru ava muri USA aravuga ko ejo ubwo abantu bari bateraniye i Dallas muri Texas baje kureba amashusho bashushanyije intumwa y’Imana Muhamad (Amahoro y’Imana abe kuri we), umwe mu bashinzwe umutekano bari aho, yarashwe mu kaguru n’uwitwa Muhamad Hassan araswa hanyuma na mugenzi we bagwa aho. Igipolisi kivuga ko ahabereye ibi hahise hagotwa na Police […]Irambuye

Volleyball: U Rwanda rwatsinze Uganda Seti 3-2 bigoranye

Uyu mukino wahuje amakipe agize Itsinda rya gatanu mu marushanwa nyafrika y’umukino w’amaboko (Volleyball), ahuza ibihugu byo muri aka karere wabaye kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade ntoya I Remera, warangiye u Rwanda rutsinze Uganda amaseti atatu kuri abiri. Uyu mukino watangiye ushyushye, wagaragayemo imbaraga ku mpande zombi. Amaseti abiri ya mbere yatsinzwe na Uganda […]Irambuye

Igikomangoma William yishimiye kwibaruka UMUKOBWA

Igikomangoma William uzima ingoma ya cyami y’Ubwongereza yabwiye imbaga y’abaturage yaraye hafi y’iwe itegereje kubwirwa ko babyaye ndetse no kumenya igitsina bibarutse, ko we n’umugore we Kate bishimiye kwibaruka umukobwa. Uyu mukobwa avutwe asanga musaza we witwa George. Kate yibarutse nyuma y’amasaha atatu yari amaze kwa muganga. Ministre w’intebe David Cameron yashimiye aba babyeyi ko […]Irambuye

Menya uko umwana akura igihe Nyina amutwite

Abahanga bo muri Chicago Museum of Science and Industry bakoze akantu mu ikoranabuhanga kerekana ukuntu umwana akura ari mu nda ya Nyina. Aka kantu kerekana ukuntu inyama zo mu nda z’umugore zikora iyo igihe cyose amara atwite. Zimwe mu ngingo zigaragara ni ibihaha, umutima, uruti rw’umugongo n’izindi. Uko umwana agenda akura ari munda niko ingingo […]Irambuye

Uko igitaramo cy’abahanzi 10 bari muri PGGSS5 i Nyanza cyari

02 Gicurasi 2015 nibwo hasubukuwe ibitaramo bizenguruka mu Ntara zose z’u Rwanda by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star5 nyuma y’aho aba bahanzi bari bamaze iminsi mu bikorwa byo gufasha impfubyi n’abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Primus Guma Guma Super Star, ni rimwe mu irushanwa rimwe rukumbi ribera mu Rwanda rifasha abahanzi mu […]Irambuye

Nkore iki ko umugabo amafaranga ayamarira muri betting?

Ndi umugore w’abana bane. Njye n’umuryango wanjye dutuye i Remera . Umugabo wanjye atwara taxi voiture ariko amafaranga akorera ayajyana ku ‘betinga’ ngo arebe ko Ikipe ya betingiye yatsinda maze bakamukubira kenshi. Akunda kubetinga kuri Arsenal na Barcelona . Akenshi iyo yabetinze araribwa. Ntatinya no gushyiraho ibihumbi 80 aziko nibamukubira inshuro runaka azagutahana menshi kurushaho […]Irambuye

Burundi: Abigaragambya bahaye Nkurunziza amasaha 48 yo kwisubiraho

Ihuriro ry’abigaragambya badashyigikiye manda ya gatatu ya Perezida Pierre Nkurunziza basabye Abarundi kureka kujya mu muhanda mu gihe cy’iminsi ibiri kugira ngo Perezida uriho abanze atekereze neza ku cyemezo cyo kuziyamamaza mu matora azaba ku ya 26 Kamena. Abigaragambya baravuga ko bashyizeho agahenge k’iminsi ibiri kuva ku wa gatanu kugeza ku cyumweru, bagasaba Nkurunziza kubyaza […]Irambuye

Abakozi 40 ba Leta babuze imirimo mu ivugurura bashobora kwirukanwa

Ubwo Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagirana ikiganiro n’abanyamakuru gitegura umunsi mpuzamahanga w’umurimo wabaye kuri uyu wa 01 Gicurasi 2015, yatangaje ko mu bakozi 351 bahagaritswe ku mirimo yabo mu ivugurura ryabaye mu mwaka ushize, 40 gusa ngo ni bo bashobora kuzasererwa bitewe n’uko habuze indi myanya bashyirwamo. Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Uwizeye Judith […]Irambuye

Aho kuruhuka bagiye gufasha imbabare zo mu Bitaro bya Kibagabaga

Kuri uyu wa gatanu abakozi bagize Ikigo kitwa ‘New Transaction Union for Mentorship and Advocacy’ ( NTUMA ), basuye kandi baha abana barwariye mu Bitaro bya Kibagabaga mu Karere ka Gasabo amata, amasabune kandi babasengera ku Mana ngo izabafashe barware ubukira. Mu ijambo Mukarubayiza Florentine uyobora iki kigo yabwiye ababyeyi b’aba bana ko batari bonyine […]Irambuye

en_USEnglish