Urugwiro ni rwose ku bahanzi 10 bahatanira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star5
02 Gicurasi 2015 nibwo hasubukuwe ibitaramo bizenguruka mu Ntara zose z’u Rwanda by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star5 nyuma y’aho aba bahanzi bari bamaze iminsi mu bikorwa byo gufasha impfubyi n’abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Primus Guma Guma Super Star, ni rimwe mu irushanwa rimwe rukumbi ribera mu Rwanda rifasha abahanzi mu iterambere rya muzika. Ku nshuro ya gatanu iri rushanwa riba.
Abahanzi bose uko ari 10 baririmo usanga nta n’umwe ufite urwikekwe rwa mugenzi we ugereranyije n’andi yaribanjirije mu bitaramo bimaze gutambuka ari bibiri.
Ku ikubitiro ibi bitaramo byahereye i Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba, mu gihe igitaramo cyakurikiye cyabereye i Nyamagabe ho mu Ntara y’Amajyepfo.
Ku nshuro ya gatanu haribazwa umuhanzi uzahiga abandi akegukana iri rushanwa dore ko harimo amazina menshi asanzwe amenyereye iri rushanwa ndetse n’andi mashya mu irushanwa.
Twabibutsa ko abahanzi nka, Jules Sentore, Knowless, Dream Boys, Active, TNP, Bruce Melodie, Senderi International Hit, Paccy, Bull Dogg na Rafiki Mazimpaka nibo bari mu irushanwa.
Biteganyijwe ko ibi bitaramo byo kuzenguruka mu Ntara mu cyumweru gitaha kuri 09 Gicurasi 2015 kizabera mu Ntara y’Amajyepfo mu Mujyi wa Huye.
Sentore, wiyambariye nk,umusirimu kabisa no,comment.
oscar says:
05/02/2015 at 19:49
Ewanaaaa
Umuhanzi ni Knowless Namwemeye cyane yakoze ibyotwaritumwitezeho!
kdi yagaragaje ko iyi PGGSS5 ayikwiriye
nabantu binyanza bamushyigikiye barabigaragaza
Komerezaho kbsa
Gisa says:
05/02/2015 at 20:19
Nta muhanzi umugamye twigirira bose n’amakanji yifutemi ubukaritasi gusaaaa
Boss says:
05/02/2015 at 20:39
SUMMER BREZZE ushobora kuba udaheruka kubona inkumi z’i Rwanda cg ukaba utazi kubona inkumi nziza ni mbi !!!
Uyu Paccy nta bwiza na mba yibitseho nu muntu waremwe uraho usanzwe.
Hano hari abana bateye amabejyeza urora ukishimira life tuuuu
cg nawe nuko uri ka petite Sogoro ???
Summer Breeze says:
05/03/2015 at 02:33
thank you for assuming ko ndi ”petite sogoro” from just a comment. do you realize how ignorant you sound? iby’abakobwa bandi uvuga ntabyo nzi, gusa umenye ko ubwiza ari relatif. kuri njye Paccy ni mwiza uretse ko all Rwandan women are beautiful. I am here to lift up women and not to tear them down. niba atari mwiza kuri wowe se uragirango nabandi bose tuvuge ko atari mwiza?stop embarrassing yourself
kriss says:
05/03/2015 at 00:12
Hahaha ntakintu kimpa moral nko gusoma comments mba nasetse napfuye gusa namaze kubona ko abantu bose bandika basaka kumvaakava mubandi (w’are all friends indeed)
Gisa says:
05/03/2015 at 02:21
Ha ha ha haaaa comment ya mbere nayanditse nisibzirira nshonje ntetse niviriye gupagasaaaaa nyandika nabi dore ko tugiye kugwa mwiki gihugu cy’umukoloni neza nezaaaa !!!!
Nta muhanzi uhamye twigirira bose n’amakanji yifitemo ubukaritasi gusa gusaaaa ngaho
Ni mubwire namwe ukoze nka GPGGSS ya UGANDA, KENYA, TZ ,RDC, NIGERIA hakuzira za Hummer, Ranger Rover,…
None ndorera ba Rafiki inzara yageze mu magufa mba ndoga umwami
ISMAEL says:
05/03/2015 at 04:53
kbs bose babikze ark senderi n’umusz kbs komer k’umuc mzee.
kibwa says:
05/03/2015 at 22:57
senderi yabiryoheje dore ko yinywera na ka primus. ariko azige no kunywa ikigage gisembuye kiri mu kabindi kumweru, kandi akinywesha umuheha wera, anagisomeza umutsima w’uburo. kandi bajye banamukarangira utuyuzi tw’igihaza. urugimbu rw’ihene hamwe n’isake y’ibara rimwe biraryoha wampayinka. seka gororoka kanaka tsinda icyago.
Ngabo Be says:
05/04/2015 at 02:42
Knowless biragaragara ko amaze gutera imbere rwose.
Nkunda says:
05/04/2015 at 05:59
Yoooh Knowless yari yambaye neza disi
Patrick says:
05/04/2015 at 06:05
Hahhhhh Comments zose iyo uzisomye birashimisha bari bagiye i Nyanza ndababara nziko batazaza i Butare none iyi nkuru inyubatse agatima ko bazakomereza i Huye imana ishimwe nange nzongere mbarebe TNP ndayikunda cyane icyazampa ikaza muri batatu bambere. Senderi yagiye ibwami yambaye iby’intore none se naza Iwabo w’amateka ndavuga Butare noneho azaza yambaye uruhu hhhhaaah gusa ni umusaza ndamwemera.
Umusaza says:
05/04/2015 at 09:47
Hano hari umubingwa witwa kibwa nkunda comments ze kbsa, buri gihe iyo mbonye izina rye nseka ntarasoma comment ye!Nta muryango ukubura sha kibwa we
16 Comments
Ewana ndabona bitari byoroshye,ariko Senderi nda ahorana udushya:ngicyo gitebo kibijumba,nguwo muri frigon none ndabo yambaye primus gusa.Gusa araryoshya nakomereze aho.
Paccy ndagukunda cyane none mbabarira ureke kwigana knowless.dore wiganye coiffure ye none dore wabambaye imyenda imeze nkiye yamabaye rusizi.be yourself paccy,uri umukobwa mwiza ufite talent,don’t be a copycat please!
Senderi komerezaho komera kumuco natwe abasaza tukuri inyuma waryohejepe.
Sentore, wiyambariye nk,umusirimu kabisa no,comment.
Ewanaaaa
Umuhanzi ni Knowless Namwemeye cyane yakoze ibyotwaritumwitezeho!
kdi yagaragaje ko iyi PGGSS5 ayikwiriye
nabantu binyanza bamushyigikiye barabigaragaza
Komerezaho kbsa
Nta muhanzi umugamye twigirira bose n’amakanji yifutemi ubukaritasi gusaaaa
SUMMER BREZZE ushobora kuba udaheruka kubona inkumi z’i Rwanda cg ukaba utazi kubona inkumi nziza ni mbi !!!
Uyu Paccy nta bwiza na mba yibitseho nu muntu waremwe uraho usanzwe.
Hano hari abana bateye amabejyeza urora ukishimira life tuuuu
cg nawe nuko uri ka petite Sogoro ???
thank you for assuming ko ndi ”petite sogoro” from just a comment. do you realize how ignorant you sound? iby’abakobwa bandi uvuga ntabyo nzi, gusa umenye ko ubwiza ari relatif. kuri njye Paccy ni mwiza uretse ko all Rwandan women are beautiful. I am here to lift up women and not to tear them down. niba atari mwiza kuri wowe se uragirango nabandi bose tuvuge ko atari mwiza?stop embarrassing yourself
Hahaha ntakintu kimpa moral nko gusoma comments mba nasetse napfuye gusa namaze kubona ko abantu bose bandika basaka kumvaakava mubandi (w’are all friends indeed)
Ha ha ha haaaa comment ya mbere nayanditse nisibzirira nshonje ntetse niviriye gupagasaaaaa nyandika nabi dore ko tugiye kugwa mwiki gihugu cy’umukoloni neza nezaaaa !!!!
Nta muhanzi uhamye twigirira bose n’amakanji yifitemo ubukaritasi gusa gusaaaa ngaho
Ni mubwire namwe ukoze nka GPGGSS ya UGANDA, KENYA, TZ ,RDC, NIGERIA hakuzira za Hummer, Ranger Rover,…
None ndorera ba Rafiki inzara yageze mu magufa mba ndoga umwami
kbs bose babikze ark senderi n’umusz kbs komer k’umuc mzee.
senderi yabiryoheje dore ko yinywera na ka primus. ariko azige no kunywa ikigage gisembuye kiri mu kabindi kumweru, kandi akinywesha umuheha wera, anagisomeza umutsima w’uburo. kandi bajye banamukarangira utuyuzi tw’igihaza. urugimbu rw’ihene hamwe n’isake y’ibara rimwe biraryoha wampayinka. seka gororoka kanaka tsinda icyago.
Knowless biragaragara ko amaze gutera imbere rwose.
Yoooh Knowless yari yambaye neza disi
Hahhhhh Comments zose iyo uzisomye birashimisha bari bagiye i Nyanza ndababara nziko batazaza i Butare none iyi nkuru inyubatse agatima ko bazakomereza i Huye imana ishimwe nange nzongere mbarebe TNP ndayikunda cyane icyazampa ikaza muri batatu bambere. Senderi yagiye ibwami yambaye iby’intore none se naza Iwabo w’amateka ndavuga Butare noneho azaza yambaye uruhu hhhhaaah gusa ni umusaza ndamwemera.
Hano hari umubingwa witwa kibwa nkunda comments ze kbsa, buri gihe iyo mbonye izina rye nseka ntarasoma comment ye!Nta muryango ukubura sha kibwa we
Comments are closed.