Mu nama y’umunsi umwe yahuje abakozi ba Minisiteri y’umutungo kamere, n’abacukuzi b’amabuye y’agaciro, Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri Imena Evode, yatangaje ko amafaranga aturuka ku mabuye y’agaciro atagera ku baturage uko bikwiye, asaba ko imyumvire nk’iyi yahinduka kugirango umusaruro uturukamo usaranganywe. Iyi nama nyunguranabitekerezo y’umunsi yabereye mu karere ka Muhanga, igamije kurebera hamwe uko […]Irambuye
Rutsiro – Urubyiruko rusaga 696 rw’abahoze barasaritswe n’ibiyobyabwenge no kuba mu muhanda rwari ikibazo ku muryango nyarwanda rwasoje amasomo yo kurusubiza ku murongo (rehabilitation) no kwiga imyuga, ubu bakaba bagarutse mu muryango nyarwanda ari ibisubizo nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’ikigo ngororamuco cya Iwawa mu muhango wo kubaha impamyabumenyi kuri uyu wa 01 Kanama. Nyuma y’amasomo y’umwaka, uru […]Irambuye
Remera – Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Kanama ubwo kuri stade Amahoro hizihizwaga umunsi w’Umuganura Madame Jeannette Kagame niwe wakoze umuhango wo guha abana amata, umwe mu mihango yakorwaga kuri uyu munsi. Abantu buzuye stade nto hamwe n’abayobozi barimo Minisitiri Geraldine Mukeshimana w’ubuhinzi n’ubworozi, Minisitiri w’ingabo General James Kabarebe, Serafina Mukantabana w’Ibiza no […]Irambuye
Ikipe y’igihugu ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 yeretse iy’u Rwanda ko iyirusha muri iki kiciro ubwo yatsindaga aya Aamavubi mato ibitego bitatu kuri bibiri mu mukino waberaga kuri stade Umuganda i Rubavu kuri uyu wa mbere Kanama. Mu mikino yombi byabaye ibitego birindwi bya Uganda kuko ubushize i Kampala batsinze Amavubi 4 – 0. Aya […]Irambuye
Urubyiruko rubarirwa hagati ya 120 na 200 rwo mu karereka Gasabo Umurenge wa Rusororo mu kagari ka Gasagara rurashinja ubuhemu umushinga witwa Rwandans True Hope Organization wabasabye gutanga 3 000Rwf buri umwe ngo bigishwe imyuga ku buntu ariko nyuma y’igihe gito ibikorwa bitangiye bakabura abarimu bakabura n’abayobora uyu mushinga. Aya masomo yari yatangiye mu kwezi […]Irambuye
Igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 Korali Maranatha imaze ibayeho kizaba ku cyumweru tariki 03 Kanama kiregereje, ubuyobozi bw’iyi korali burakangurira abantu kuzakitabira ari benshi kuko bwabateganyirije ibyiza byinshi. Korali Maranatha yavuztse mu mwaka w’1984, ivukira mu kigo cy’amashuri yisumbuye ya “APACE”. Kubera ko imaze imyaka myinshi ibayeho, ifite umuryango munini w’abayinyuzemo barimo n’abakomeje umwuga […]Irambuye
Itsinda rya ‘Active’ rigizwe n’abasore bagera kuri batatu aribo Tizzo, Olivis ndetse na Derek ntabwo bakibarizwa mu nzu itunganya muzika izwi ku izina rya ‘Incredible Records’. Ni nyuma y’igihe haburaga iminsi igera kuri 20 ngo buzuze umwaka bakorera muri iyo nzu itunganyirizwamo ibihangano by’abahanzi ikorerwamo na Producer Bernard. Kuri uyu wa gatanu tariki 1 Kanama […]Irambuye
Ubuyobozi mu gihugu cy’Ubufaransa bwatangiye umusako w’urumojyi rufite agaciro k’amamiliyoni y’ama Euro rwibiwe mu bubiko buri ku cyicaro gikuru cya Polisi mu mujyi wa Paris. Ubu bujura bwatahuwe kuwa kane hahita hatangira iperereza nk’uko bitangazwa na Polisi. Ibi biyobyabwenge bya Cocaine bingana na kg 50 bikaba bifite agaciro k’amamiliyoni y’ama Euro byafashwe mu mukwabo wakozwe […]Irambuye
Hari ibibazo byinshi basanzwe bafite, bigendanye cyane cyane n’ubukene, ariko ikizere ni cyose ku batuye mu mirenge ya Mamba na Gishubi ikora ku gihugu cy’u Burundi, kubera ibikorwa by’iterambere biri kubasanga iwabo mu karere ka Gisagara. Ibi biri guhindura imyumvire, imikorere n’imibereho yabo. Mukindo, Muganza, Gishubi na Mamba ni imirenge ihana imbibi n’u Burundi, ituwe […]Irambuye
01 Kanama – Kuri uyu wa gatanu Urukiko rw’Ikirenga muri Uganda rwavanyeho itegeko ryari riherutse kwemezwa muri iki gihugu ribuza kandi rihana ubutunganyi muri Uganda nk’uko bitangazwa na AFP. Iri tegeko ryavuzweho byinshi cyane ndetse rikururira Uganda kwikomwa n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi. Uganda yafatiwe ibihano birimo guhagarikirwa inkunga yaterwaga n’ibihugu bimwe birimo Denmark, Ubuholandi […]Irambuye