Ku matariki ya 15-17 Nzeli, u Rwanda ruzakira inama iziga ku guteza imbere ubucuruzi n’iyoherezwa hanze ry’ibicuruzwa (exportations), Iyi nama ifitiye akamaro ubukungu bw’u Rwanda kuko uretse amafaranga abantu bazayitabira basaga 500 bazaza mu gihugu, hazabaho no kuganira nabo kandi banibonereye intera igihugu kigezeho. Ubwo Arancha Gonzalez, umuyobozi Ikigo Mpuzamahanga cy’ubucuruzi yabitangazaga yavuze ko iyi […]Irambuye
Ikinyamakuru Der Spiegel cyo mu Budage cyatangaje raporo irimo amakuru y’ubutasi yerekana ko inzego z’ubutasi za Israel zumvirizaga ibiganiro by’Umunyamabanga wa USA ushinzwe ububanyi n’amahanga John Kerry yagiranaga n’ibihugu bya Palestine n’ibindi bihugu bigize Umuryango w’Abarabu umwaka ushize. Umwaka ushize mu gace k’Uburengerazuba bwo hagati( Middle East) Leta zunze ubumwe z’Amerika zayoboye ibiganiro by’amahoro byari […]Irambuye
Kuri uyu wa 04 Kanama, mu mudugudu wa Karutare, Akagali ka Rugobagoba, Umurenge wa Gashari mu karere ka Karongi, abana batatu bariho bacukura ingwa bagwiriwe n’ikirombe bose bitaba Imana. Aba bana batatu b’abakobwa ni Niyobuhungiro w’imyaka 25, Aline w’imyaka 15 na Mpinganzima w’imyaka 10 bagwiriwe n’iki kirombe ubwo bariho bacukura ingwa yera yo kujyana gusiga mu […]Irambuye
Akarere ka Bugesera mu murenge wa Ririma ahazubakwa ikibuga cy’indege, bamwe mu baturage baho babwiye Umuseke ko bamaze kwishyurwa ingurane bashaka kubaka hirya no hino mu bibanza baguze, agronome na bamwe mu bayobozi b’utugari babaca amafaranga ari hagati y’ibihumbi 10 na 30 yitwa ay’icyangombwa cyo kubaba, ibintu umuyobozi w’ako karere Rwagaju Louis avuga ko atazi kandi […]Irambuye
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Haruna Niyonzima aganira na Umuseke nyuma y’umukino u Rwanda rwatsinzemo igihugu cya Congo Brazaville, atangaza ko ikipe ye ya Yanga Africans abona ihagaze neza ndetse ngo ku bwe nta yindi kipe yapfa kuyitwara igikombe cya CECAFA. Haruna Niyonzima agaruka kuri ejo hazaza he mu ikipe ya Yanga Africans akavuga ko […]Irambuye
Mu karere ka Nyaruguru kimwe na henshi mu gihu hizihijwe umunsi w’umuganura mu rwego rwo kuzirikana umuco warangaga Abanyarwanda no kwishimira umusaruro wagezweho muri uyu mwaka wa 2014, umuyobozi w’aka karere Habitegeko Francois, akaba asaba ko abaturage bakongera umusaruro bakoresha ifumbire isanzwe n’imvaruganda. Nk’uko bisanzwe umuganura uba buri tariki ya 1 Kanama, muri Nyaruguru ukaba […]Irambuye
Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi gahunda ya Guverinoma yerekeza ku ntego z’umwaka wa 2017, Kuri uyu wa 04 Kanama Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yagarutse cyane ku gukomeza gahunda zari zisanzweho mu butabera, mu mibereho myiza n’ibindi, gusa avuga ko ubuhinzi n’ubworozi bigiye kongererwa ingufu kugira ngo umusaruro wiyongere kandi bigirire akamaro ababikora. […]Irambuye
Tanzania – Mu gace k’icyaro mu ntara ya Mwanza, umugore witwa Tecla Kazimili w’imyaka 24 y’amavuko mu mpera z’iki cyumweru yabyajwe abana bane mu mavuriro abiri atandukanye no ku minsi ibiri inyuranye. Bwa mbere Tecla yafashwe n’ibise ajyanwa kwa muganga ku ivuriro riri hafi y’icyaro atuyemo kitwa Lupili, abasha kuhabyarizwa umwana umwe w’umuhungu ufite kg […]Irambuye
Patrick Nyamitali umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bazwiho ubuhanga mu kuririmba, akaba aherutse mu irushanwa rya Tusker Project Fame session 6, atangaza ko ubu amaze gusobanukirwa icyo ashaka nk’umuhanzi. Hashize igihe bivugwa ko Nyamitali yavuye mu guhanga indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) ajya mu ndirimbo zivuga ku buzima busanzwe ndetse n’urukundo. Patrick Nyamitali avuga ko amaze kumenya ko mu […]Irambuye