Month: <span>July 2014</span>

Uwari Miss Uganda yirukanywe ku bitaro by’Umwami Faycal akekwaho kwiba

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko Praise Asiimwe Akankwasa wahoze ari Miss Uganda (2005-2007) yirukanwe ku kazi ke mu bitaro by’Umwami Faycal i Kigali kubera gukekwaho uburiganya no kwiba. We yabwiye Umuseke ko ibivugwa atari byo, atirurukanywe ahubwo ari muri Conjé. Ku bitaro by’Umwami Faycal aho umunyamakuru w’Umuseke yageze muri iki gitondo cyo kuwa gatatu abakozi […]Irambuye

Gicumbi: Urubyiruko 130 rw’abasigajwe inyuma n’amateka ruri mu ngando

Imyumvire niyo ibanziriza imigirire, iyo umuntu afite imyumvire yo ku rwego rwo hasi aho kumufasha mu byo akora wabanza kumuhindura imyumvire, ni mu rwego nk’uru abasore n’inkumi 130 bo mu miryango y’abasigajwe inyuma n’amateka mu turere twa Gicumbi, Burera na Musanze bagenewe amahugurwa agamije guhindura imyumvire yabo, yatangiye kuri uyu wa 29 Nyakanga i Gicumbi. […]Irambuye

“Mu Rwanda hakenewe ubumenyi bwisumbuye ku ba producers”- Prince

Prince Ombeni ni umwe mu ba producers batunganya ibihangano by’abahanzi nyarwanda, ngo asanga n’ubwo abenshi mu ba producers batunganya ibyo bihangano mu buryo bw’amajwi (Audio) ari abahanga, bari bakwiye kwihugura birushijeho. Bityo ngo byaba ariyo ntwaro yo kugeza muzika nyarwanda ku rwego mpuzamahanga. Ibi abitangaje nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku itariki ya 31 Nyakanga […]Irambuye

Inama y'Abaminisitiri yahaye imirimo mishya Mitali na Kalibata

Nyuma y’uko havuguruwe Guverinoma bamwe mu baminisitiri n’abanyamabanga ba Leta bahoraho batandukanye bagakurwa muri Guverinoma nshya iyobowe na Murekezi Anastase, kuri uyu wa kabiri, tariki ya 29 Nyakanga 2014, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME ifatanya imyanzuro itandukanye, ndetse inagenera imirimo mishya Mitali Protais, Dr Agnes […]Irambuye

Umwaka wa 2013 ibiza byangije imitungo ya Miliyari 50 –

Mu nama mpuzamahanga nyungurana bitekerezo yateguwe n’Ishuri rikuru ry’Abalayiki b’Abadivantisiti rya Kigali (INILAK) kuri uyu wa kabiri tariki 29 Nyakanga, Minisiteri ishinzwe impunzi no kurwanya Ibiza (MIDIMAR) yasabye uruhare rwa buri munyarwanda mu kurwanya ibiza kuko bikabije kwangiriza Abanyarwanda, mu mwaka ushize wa 2013 wonyine ngo ibiza byangije imitungo ifite agaciro ka Miliyari zisaga 50. […]Irambuye

Umusore witwitse ku Muhima bamusanganye urumogi

Dieudonné Nsengiyumva bivugwa ko yitwise kuri uyu wa 29 Nyakanga ahagana saa tatu z’amanywa mu murenge wa Muhima akarere ka Nyarugenge hafi y’ahitwa Peyage, basanze afite udupfunyika tw’urumogi mu myenda. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko  uyu musore yahise ajyanwa ku bitaro bya CHUK, kuri uyu mugoroba akaba yari ataragarura ubwenge nubwo ngo agihumeka neza. Iperereza […]Irambuye

Igisirikare cya USA cyageze ku ntwaro itangaje ya ‘Canon laser’

The Star wars kimwe mu bitangazamakuru muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, cyatangaje ko mu mpeshyi y’uyu mwaka ubwato bunini bw’igisirikare cy’Amerika ‘US Navy’ buzaca mu kigobe cya Perse bufite ubwirinzi bukomeye cyane bw’intwaro nshya yo mu bwoko bwa ‘Laser Weapon System’ nshuro ya mbere. Igisirikare cy’Amerika cyatangaje ko muri Kanama, uyu mwaka uburyo bwo kwirinda bwa […]Irambuye

Rubavu: Inka 150 n’ihene 30 byajyanye n’Irayidi (Eid)

Akenshi i Rubavu ku munsi w’Irayidi (Eid) ngo haba hari udushya, amasengesho yo gusoza uyu munsi kuri uyu wa mbere yabereye kuri stade Umuganda ahari na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba. Nyuma y’amasengesho ibyishimo by’uyu munsi mukuru byakomereje mu ngo, agahinda kabara inka 150, ihene 30 zabazwe mu mujyi gusa, izi ni izabazwe. Tumwe mu dushya: Ku […]Irambuye

“Mu gihe ntarabona ubushobozi bwo kurera abana sinzashaka”- Knowless

Knowless umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda, ni inkumi, usanga benshi bibaza iby’ubuzima bwe bwihariye, urukundo gushaka umugabo….Ariko we avuga ko igihe abona kitaragera. Uyu muhanzi w’imyaka 24, byakunze kuvugwa cyane ko ari mu rukundo na Producer Ishimwe Clement ari nawe muyobozi wa Kina Music aho Knowless akorera ibihangano bye. Nyuma y’ibyo ariko, Knowless avuga ko […]Irambuye

Abanyeshuri bafite impungenge ku byiciro bishya by’ubudehe

Kuva mu 2013 mu Rwanda hashyizweho gahunda nshya yo gushyira abaturage mu byiciro by’ubudehe, icyo gihe hashyizweho ibyiciro bitandatu. Ibi byiciro byateje sakwe sakwe kuko abenshi batanyuzwe n’amazina yari yabikoreshejwemo . Ubu ibyiciro biri gusubirwamo ngo bizabe bine (4).  Hari impungenge mu biri gusubirwamo. Mu byiciro byari byashyizweho birimo; Abatindi Nyakujya,Abatindi,  Abakene, Abakene bifashije (Abifashije), […]Irambuye

en_USEnglish