Month: <span>June 2014</span>

Na Kaymu, gura igicuruzwa bakikuzanire utiriwe ujya ku isoko

Kaymu ni itsinda rikora ibikorwa bishya mu Rwanda byo guhuza umuguzi n’ugurisha batarinze kubonana imbona nkubone. Iyi ni serivisi nshya mu Rwanda ituma umuguzi abona iciguruzwa ashatse kugura kimugezeho akishyura ari uko akibonye. Kugeza ubu kugura no kugurisha mu Rwanda bikorwa ahanini ari uko umuguzi afashe umwanya akigira guhaha akishyura igicuruzwa ashaka. Kaymu, ku bufatanye […]Irambuye

Kenya: Guverineri akukiranyweho uruhare mu bitero by’i Lamu

Umwe mu bakuru b’Intara zo mu gihugu cya Kenya witwa Issa Timany akurikiranyweho uruhare mu bitero by’iterabwoba byabereye mu gace kegereye inyanja ka Lamu mu byumweru bibiri bishize byahitanye abantu benshi. Uyu mugabo arashinjwa uruhare rutaziguye mu bitero byahitanye abasivili mu gace ko mu Mujyi wa Lamu gaturanye inyanja kitwa  Mpeketoni. Mu byo ashinjwa harimo […]Irambuye

Bigogwe: Abaturage batewe ishema no guturana na Parike y’ibirunga

Mu muhango wo gutaha ishuri ribanza Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyubakiye abaturage bo mu Kagari ka Basumba, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, wabaye kuri uyu wa kane tariki 26 Kamena, abaturage batangaje ko iri shuri rigiye gutuma barusho kurinda ubusugire bwa Parike y’Ibirunga baturiye itumye babona ishuri kuko ngo ubu noneho bumva akamaro […]Irambuye

Itegeko ry’umunani n’umutungo w’abashyingiranywe rikomeje kugibwaho impaka

 Kuri uyu wa kane tariki 26 Kamena, komisiyo ya politike, ubwuzuzanye bw’abagabo n’ abagore mu iterambere ry’igihugu mu Nteko nshingamategeko umutwe w’abadepite, yongeye guterana igamije gukomeza gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe, impano zatanzwe mu rwego rw’umuryango n’izungura. Ingingo zikubiye mu itegeko rijyanye n’ibyo kuzungura n’impano zigenerwa umuryango w’abashyingiranywe nk’iya 33, 34, 35, 36,37,38,39 […]Irambuye

Cecafa Kagame Cup uyu mwaka izatwara asaga miliyoni 340

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu munsi tariki ya 26 Kamena 2014, ku isaha ya saa munani z’amanywa ku cyicari cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Umunyamabanga mukuru wa CECAFA Nicolas Musonyi yabwiye itangazamakuru ko irushanwa ry’uyu mwaka rizatwara arenga Miliyoni 340 z’Amanyarwanda. Nicolas Musonyi, umunyamabanga mukuru w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu karere k’ Afrika y’Iburasirazuba (CECAFA) yabwiye […]Irambuye

Rwanda: umupasteri wa MBERE yaba yaguze indege ye bwite

Hari amakuru agera k’Umuseke yemeza ko Pasitori Joseph Karasanyi umuyobozi w’itorero Deliverance Church ubu yaguze indege ye bwite (private jet) muri Amerika. Uyu mugabo ubu uri muri Leta Zunze ubumwe za Amerika mu rugendo rusanzwe, ntabwo yabashije kuboneka ngo yemeze cyangwa ahakane aya makuru, gusa abamuzi bamwe babwiye Umuseke ko bishoboka cyane ko yayiguze kuko asanzwe […]Irambuye

Impamvu Tuyisenge ataririmba urukundo rwa Hungu na Kobwa

Tuyisenge Jean de Dieu umuhanzi uzwi cyane ku izina rya Tuyisenge Intore ukora indirimbo zikangurira abanyarwanda kugira urukundo hagati yabo ndetse n’iz’Uturere, ngo kuba ataririmba urukundo ruvuga hagati y’umukobwa n’umuhungu si uko byamunaniye. Ahubwo ngo mbere na mbere urukundo hagati y’abantu bose nirwo rw’ingenzi. Kuba Jean de Dieu rero adakunze kugaragara mu ruhando rw’abahanzi bakora […]Irambuye

en_USEnglish