Kaymu ni itsinda rikora ibikorwa bishya mu Rwanda byo guhuza umuguzi n’ugurisha batarinze kubonana imbona nkubone. Iyi ni serivisi nshya mu Rwanda ituma umuguzi abona iciguruzwa ashatse kugura kimugezeho akishyura ari uko akibonye. Kugeza ubu kugura no kugurisha mu Rwanda bikorwa ahanini ari uko umuguzi afashe umwanya akigira guhaha akishyura igicuruzwa ashaka. Kaymu, ku bufatanye […]Irambuye
Umwe mu bakuru b’Intara zo mu gihugu cya Kenya witwa Issa Timany akurikiranyweho uruhare mu bitero by’iterabwoba byabereye mu gace kegereye inyanja ka Lamu mu byumweru bibiri bishize byahitanye abantu benshi. Uyu mugabo arashinjwa uruhare rutaziguye mu bitero byahitanye abasivili mu gace ko mu Mujyi wa Lamu gaturanye inyanja kitwa Mpeketoni. Mu byo ashinjwa harimo […]Irambuye
[youtube url=”https://www.youtube.com/watch?v=WFtXABxBHdk&feature=youtu.be” width=”560″ height=”315″] Irambuye
Mu muhango wo gutaha ishuri ribanza Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyubakiye abaturage bo mu Kagari ka Basumba, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, wabaye kuri uyu wa kane tariki 26 Kamena, abaturage batangaje ko iri shuri rigiye gutuma barusho kurinda ubusugire bwa Parike y’Ibirunga baturiye itumye babona ishuri kuko ngo ubu noneho bumva akamaro […]Irambuye
Kigali – Kuri uyu wa 26 Kamena 2014,ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya iyicwarubozo. ACP Rogers Rutikanga uyobora Polisi mu mujyi wa Kigali avuga ko mu magereza yo mu Rwanda nta yicarubozo rihaba kuko muri iki gihe iyo umuntu afatiwe mu cyaha we ubwe usanga asaba ko bamushyikiriza Polisi. Uyu munsi mu Rwanda waranzwe n’ikiganiro nyunguranabitekerezo […]Irambuye
Kuri uyu wa kane tariki 26 Kamena, komisiyo ya politike, ubwuzuzanye bw’abagabo n’ abagore mu iterambere ry’igihugu mu Nteko nshingamategeko umutwe w’abadepite, yongeye guterana igamije gukomeza gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe, impano zatanzwe mu rwego rw’umuryango n’izungura. Ingingo zikubiye mu itegeko rijyanye n’ibyo kuzungura n’impano zigenerwa umuryango w’abashyingiranywe nk’iya 33, 34, 35, 36,37,38,39 […]Irambuye
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu munsi tariki ya 26 Kamena 2014, ku isaha ya saa munani z’amanywa ku cyicari cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Umunyamabanga mukuru wa CECAFA Nicolas Musonyi yabwiye itangazamakuru ko irushanwa ry’uyu mwaka rizatwara arenga Miliyoni 340 z’Amanyarwanda. Nicolas Musonyi, umunyamabanga mukuru w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu karere k’ Afrika y’Iburasirazuba (CECAFA) yabwiye […]Irambuye
Hari amakuru agera k’Umuseke yemeza ko Pasitori Joseph Karasanyi umuyobozi w’itorero Deliverance Church ubu yaguze indege ye bwite (private jet) muri Amerika. Uyu mugabo ubu uri muri Leta Zunze ubumwe za Amerika mu rugendo rusanzwe, ntabwo yabashije kuboneka ngo yemeze cyangwa ahakane aya makuru, gusa abamuzi bamwe babwiye Umuseke ko bishoboka cyane ko yayiguze kuko asanzwe […]Irambuye
Tuyisenge Jean de Dieu umuhanzi uzwi cyane ku izina rya Tuyisenge Intore ukora indirimbo zikangurira abanyarwanda kugira urukundo hagati yabo ndetse n’iz’Uturere, ngo kuba ataririmba urukundo ruvuga hagati y’umukobwa n’umuhungu si uko byamunaniye. Ahubwo ngo mbere na mbere urukundo hagati y’abantu bose nirwo rw’ingenzi. Kuba Jean de Dieu rero adakunze kugaragara mu ruhando rw’abahanzi bakora […]Irambuye