Month: <span>June 2014</span>

Umugore n’umunyeshuri wa kaminuza bafatanywe udupfunyika 112 tw’urumogi

Gasabo – Kuri uyu wa 25 Kamena, mu kagali ka Masoro mu mudugudu wa Mubuga hafatiwe urumogi udupfunyika 112 dufite agaciro k’Amafaranga ibihumbi 300 y’u Rwanda. Agapfunyika  kamwe ngo gahagaze  amafaranga 300. Mu bafashwe muri iki gikorwa harimo umugore ukiri muto warucuruzaga, umusore waruranguraga ndetse n’abasore babiri barunywaga barimo umunyeshuri muri Kaminuza y’Abadventisiti ya Mudende. […]Irambuye

Ni ivuriro cg itekamutwe?! umuti w’urukundo, uw’akazi, uwa betting…

 Kwihangira imirimo ni byiza gusa kwihangira imirimo isa n’ubutekamutwe cyangwa kurya utwa rubanda rutarasobanukirwa ntabwo bikwiye, abavuzi biyita aba ‘Gakondo’ batanga umuti wa ‘betting’!!! Ikintu kigeze mu Rwanda ejo bundi gakondo igitangira umuti ite? Iri ngo ni ivuriro ariko imiti ritanga iratangaje, isomere nawe. Iri vuriro riherereye Jabana mu karere ka Gasabo ndetse bashyiraho na […]Irambuye

Bruce Melodie avuga ko utamuzi azamumenyera neza i Muhanga

Itahiwacu Bruce umuhanzi mu njyana ya R&B uzwi muri muzika nka Bruce Melodie, nyuma y’igitaramo cya mbere cya live cyabereye i Kigali ku itariki ya 21 Kamena 2014, aratangaza ko ibyo yari yateguye gukora yabikoze ariko ko utamuzi neza azamumenyera i Muhanga mu gitaramo cya kabiri. Bruce Melodie akomeza avuga ko nta muhanzi n’umwe wavuga […]Irambuye

Sudan: Wa mugore yarekuwe ubu ari muri Ambasade ya US

Updated: 27/06/2014: 09AM: Meriam Ibrahim uherutse gutabwa muri yombi kuwa kabiri ku kibuga cy’indege hamwe n’umuryango we bashaka kwerekeza muri Amerika, ubu yongeye kurekurwa nk’uko byemejwe n’umwunganizi we mu mategeko. Ubu we n’umugabo we n’abana bari muri Ambasade ya Leta z’Unze ubumwe za Amerika i Khartoum. Yari amaze iminsi afungiye gukoresha impapuro mpimbano ashaka kuva […]Irambuye

Abakozi b’uruganda rw’isukari rwa Kabuye bongerewe 25% ku mishahara

Nyuma y’ibiganiro hagati y’abahagarariye abakozi b’uruganda rw’isukari rwa Kabuye na Sosiyete ‘Madhvani Group’ ifite uru ruganda, kuwa mbere tariki 23 Kamena abakozi b’uru ruganda bongerewe imishahara ku kigero cya 25%, ndetse bahita basinya n’amasezerano mashya n’umukoresha wabo. Ubusanzwe abakozi b’uruganda rw’isukari rwa kabuye bavurura amasezerano bafitanye n’umukoresha buri myaka iatatu. Ku matariki atandukanye y’ukwezi kwa […]Irambuye

Igihe cyo Kwibuka Jenoside kiratugora kuko tudahuje amoko mu rugo

Muraho neza, Maze kwitegereza cyane abantu bajya batanga inama kuri uru rubuga cg ibitekerezo, nasanze harimo abantu benshi bafite ibitekerezo bizima kandi bajya inama nziza. Niyo mpamvu nanjye nandikiye Umuseke ngo batambutse ikibazo mfite nsaba inama ariko sous l’anonymat byaba byiza. Bon, njyewe mfite imyaka 37 mfite umugore tumaranye imyaka itandatu ubu, twashakanye dukundana kandi […]Irambuye

Ubukungu bw’u Rwanda bw’umwaka wa 2014 buratanga icyizere

Imibare mishya y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare “National Institute of Statistics of Rwanda (NISR)” iragaragaza ko mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2014, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 7,4%, ibi bigatanga icyizere ko ubukungu bw’igihugu muri uyu mwak bushobora buzaba buhagaze neza. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na NISR, rigaragaza ko iki gipimo cya 7,4 kiri hejuru ugereranyije […]Irambuye

UNDP ishyigikiye ingamba zikaze z'umutekano za Leta y’u Rwanda

Mu gihe habura umwaka umwe ngo igihe umuryango mpuzamahanga zo kugera ku ntego z’ikinyagihumbi kirangire, Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku iterambere (UNDP) mu Rwanda riratangaza ko ryishimira ibipimo by’u Rwand amu kwesa intego z’ikinyagihumbi kandi ngo ushyigikiye ingamba zo gukaza umutekano Leta yafashe kabone n’ubwo ngo haba hari ibindi bihugu bitabishyigikiye. Umwaka utaha wa 2015, nicyo […]Irambuye

Suarez ashobora guhagarikwa imikino 24 cyangwa imyaka 2

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi yatangiye kwiga ku myitwarire ya rutahizamu wa Uruguay Luis Suarez ushinjwa kuruma umukinnyi w’Ubutaliyani mu mukino w’igikombe cy’Isi. Suarez w’imyaka 27 kimwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uruguay byasabwe kutarenza saa 22h z’ijoro ku isaha yo mu Rwanda kuri uyu wa gatatu bataratanga ibimenyetso bibarengera. Suarez amashusho agaragaza ko yarumye ku […]Irambuye

en_USEnglish