Month: <span>June 2014</span>

Suarez yahagaritswe amezi 4, mu 2013 Suarez nabwo yashatse kuruma

Updated 26/06/2014 4PM: Luis Suarez yahagaritswe amezi ane atagera mu mupira w’amaguru cyangwa ibikorwa biwerekeyeho kubera kuruma myugariro w’Ubutaliyani Giorgio Chiellini. Suarez kandi ntiyemerewe gukina imikino icyenda mpuzamahanga, ibi bikaba bitumye atazakina indi mikino ikipe ye yaba isigaje mu gikombe cy’Isi kiri kuba. Ibi bivuze kandi ko hari imikino ya mbere igera ku icyenda ya […]Irambuye

France: yemeye kuryamana n’abakinnyi b’ikipe y’igihugu nitwara icy’isi

Umukinnyi w’amafilimi y’urukozasoni ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa witwa Laure Gourmande yemereye abakinnyi b’ikipe y’igihugu cye ndetse n’abagabo babyifuza abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter ko azaryamana na buri umwe ubishaka mu gihe kiri hagati y’amasha 20 na 40, ikipe y’igihugu cy’Ubufaransa nitwara  igikombe cy’Isi. Laure yagize ati: “Ndizera ko igitekerezo nagize cyo kwemerera abakinnyi kuryamana […]Irambuye

Amateka y'Ubwami bwa Monomotapa

Twifashishije ibitabo bitandukanye bivuga ku mateka, tubona ko ubu bwami bamwe bitirira uwitwaga Mutapa bwari buherereye hagati y’imigezi ibiri minini ariyo Zambezi na Limpopo. Ubu ni mu duce turimo ibihugu bya Zimbabwe na Mozambique muri Afurika y’Amajyepfo. Abanyapolitigali bakoronije Mozambique niba bise buriya bwami Monomotapa. Amateka avuzwe mu magambo(oral tradition) yemeza ko ubu bwami bwashinzwe na […]Irambuye

Muhanga: Icumbi rya mwalimu igisubizo ku burezi

Mwalimu kugirango anoze umurimo we ukomeye akenera iby’ibanze, agashahara kakunze kugawa ubuke kuva cyera, no gutura hafi y’akazi ke. Kuri bamwe mu barimu bo mu murenge wa Mushishiro i Muhanga byari ibyishimo kuri uyu wa 25 Kamena ubwo bashyikirizwaga imfunguzo z’imiryango y’amacumbi yabo ari bugufi bw’ishuri. Aha i Mushishiro ni mu gace k’icyaro, abarimu bavuga […]Irambuye

“Nafasha impfubyi n’abapfakazi ndamutse mbonye ubushobozi”- Davidson

Tuyisenge David umuhanzi ukora injyana ya R&B na Zouk uzwi nka Davidson, ngo aramutse agize amahirwe yo kubona amafaranga nk’ayo abahanzi bakomeye cyane mu Rwanda babona ikintu cya mbere yakora ni ugushaka imiryango y’impfubyi n’abapfakazi afasha. Davidson yatangiye ibya muzika mu mwaka wa 2012, ariko kubera amasomo ndetse n’ubushobozi bwo kujya muri studio butari bworoshye, […]Irambuye

“Producer niwe wakabaye intangarugero ku muhanzi”- David Pro

Umwe mu batunganya indirimbo z’abahanzi  ‘producers’ uzwi nka David Pro mu muziki nyarwanda, aratangaza ko we na bagenzi be bakora umwuga umwe aribo bakwiye kuba intangarugero mu bintu byinshi bibahuza n’abahanzi. Abatunganya muzika mu Rwanda bakunze kuvugwaho kwica gahunda z’abahanzi, kwica gahunda z’akazi, kutubahiriza igihe no kutita ku bikorwa by’abakiliya (abahanzi) babo, kutubahiriza amasezerano n’ibindi. […]Irambuye

Ikigo nderabuzima cya Munanira: Igisubizo cyiza ariko kituzuye, mu cyaro

Ikigo Nderabuzima cya Munanira cyafunguye imiryango mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2014, cyaje ari igisubizo cyiza cyane ku buzima bw’abana, ababyeyi n’abandi bose bakenera ubuvuzi mu cyaro cyo mu burengerazuba bw’Akarere ka Ruhango. Ni ibyishimo bikomeye kuri bo kutongera gukora urugendo rwa kilometero 20 berekeza ku bitaro bya Kirinda cyangwa ku bitaro bya Gitwe. Ariko […]Irambuye

Nyaruguru: Byinshi byagezweho ku bw'uruhare rw’abaturage – Habitegeko

Mu kiganiro ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru bwagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu tariki ya 25 Kamena 2014 ku cyicaro cy’akarere, Umuobozi w’ako karere Habitegeko Francois yavuze ko kugereranya Gikongoro ya kera na Nyaruguru y’iki gihe byaba ari ukugereranya Isi n’Ijuru, avuga ko ibyagezweho byose ari ukubera uruhare rw’abaturage. Iki kiganiro n’abanyamakuru cyari kigamije kureba ibyo […]Irambuye

Umuyobozi w’ibikorwa by’ubuvuzi mu ngabo z’u Rwanda yitabye Imana

Dr Charles Murego wari umaze imyaka irenga 10 ari umuyobozi w’ibikorwa by’ubuvuzi  mu ngabo z’u Rwanda yitabye Imana mu mpanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Nyamagabe mu Ntara y’amajyepfo  ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri. Nubwo ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda butaragira icyo butangaza kuri iyi nkuru, amakuru agera k’Umuseke aremeza ko uyu muganga wari inzobere mu […]Irambuye

en_USEnglish