Abakinnyi b’ikipe ya AS Muhanga saa moya za mugitondo kuri uyu wa gatanu bari bageze ku biro by’Akarere ka Muhanga baje gusaba kwibonanira n’umuyobozi w’Akarere Yvonne Mutakwasuku ngo bamusabe kwishyurwa ibirarane bafitiwe n’ikipe y’Akarere ayoboye. Bitabaye ibi ngo ntabwo baza Aba bakinnyi baganira n’umunyamakuru w’Umuseke bamubwiye ko barambiwe n’ibyo ubuyobozi bw’ikipe bumaze igihe bubabwira ngo […]Irambuye
Itsinda rya Urban Boys rigizwe n’abasore batatu; Safi, Humble na Nizzo, baraye bagarutse mu Rwanda nyuma y’icyumweru bari mu gihugu cya Nigeria bakoraga indirimbo na bamwe mu bahanzi baho. Ku i saa sita z’ijoro (00:00’PM) kuri uyu wa 02 Gicurasi nibwo aba bahanzi bageze i Kigali. Iyanya ni umwe mu bahanzi bakomeye bo mu gihugu cya Nigeria wakoranye […]Irambuye
Umuhanzi Jackie Mugabo utuye mu Bwongereza nyuma yo gukora y’indirimbo “There is a reason” yakoreye Kwibuka ku nshuro ya 20 Genocide yakorewe abatutsi, no kugaragara mu bikorwa ndetse n’ibitaramo bitandukanye byagiye bibera mu gihugu cy’ubwongereza, uyu muhanzi ari mu Rwanda aho yaje imishinga itandukanye afite. Jackie Mugabo uzwiho gukora ibikorwa bitandukanye byo gufasha abatishoboye, yatangaje […]Irambuye
Saa sita n’iminota 10 z’ijoro kuri uyu wa 02 Gicurasi nibwo umutoza Tony Adams, wamenyekanye cyane ubwo yari umukinnyi wa Arsenal, yari asohotse mu kubuga cy’indege cya Kigali i Kanombe, aje mu Rwanda muri gahunda z’umupira w’amaguru. Umugabo muremure (1.93m) useka, ubona wishimiye kubona abantu, yasohokanye akanyamuneza ava mu kibuga cy’indege, bitandukanye n’ibindi byamamare bigera […]Irambuye
Inama y’igihugu y’urubyiruko, ku bufatanye na Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga, bibutse urubyiruko rwazize jenoside yakorewe abatutsi, kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Mata 2014. Muri uyu muhango urubyiruko rwari ruhari rwagiranye igihango y’igihugu mu magambo yanditse. Uyu mugoroba wo kwibuka waranzwe n’ibiganiro, indirimbo za Chorale Jehovah Jil y’abanyeshuri bo muri ULK, unagaragaramo kandi umukino udasanzwe […]Irambuye
Mahoro Emmanuela, Umubyeyi w’imyaka 30 utuye mu Mujyi wa Kigali Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yabaye afite imyaka 10, ihitana ababyeyi be bombi n’abavandimwe babiri muri bane bavukana, ariko ibyo yarabirenze abasha kubabarira abamwiciye. Kuva Jenoside yahagarikwa, Mahoro n’umuvandimwe we baje kujyanwa mu kigo cy’impfubyi kugeza ashatse umugabo agashinga urugo rwe. Uyu mubyeyi yavuze ko […]Irambuye
Uwayezu Justice yarokotse Jenoside afite imyaka ibiri gusa, abaho mu buzima bugoye cyane, ku myaka umunani atangira ishuri, amahirwe yabonye yayakoresheje neza, ku myaka 22 ubu afite mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka azajya kwiga muri Harvard University. Yagiranye ikiganiro n’Umuseke kuri uyu munsi w’umurimo. Ku kigereranyo, Harvard University niyo Kaminuza ya mbere ku isi […]Irambuye
Mu gihe ibintu bitameze neza muri Sudani y’epfo, kuri uyu wa gatatu intumwa y’Umuryango w’Abibumbye I Juba yihanangirije impande zihanganye ko zigomba guhosha intambara mu maguru mashya kuko uyu muryango utazihanganira ko Sudani y’epfo yabamo Jenoside nkiyabaye Rwanda. Ibi byatangajwe na Komiseri mukuru w’uburenganzira bwa muntu muri ONU Navi Pillay washyize igitutu ku bahanganye aribo […]Irambuye
Umukunzi w’umupira w’amaguru uvuga ko afana ikipe ya Rayon Sports FC n’ikipe y’igihugu Amavubi, yandikiye abanyamakuru, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’inzego zitandukanye za Leta ndetse aha kopi na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, muri iyi baruwa agaragaza urwango, ruswa, akarengane n’ibindi bikomeje ngo gutuma umupira w’amaguru usubira inyuma ndetse n’abafana bagacika ku bibuga. […]Irambuye
Kuva kera na kare abahanga bibaza ukuntu imiturirwa ya kera bita Pyramides yo mu Misiri yubatswe. Vuba aha ariko abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Amsterdam mu Buholandi basanze kugira ngo abafundi bubatse ziriya nzu z’akataraboneka babashe kuzana ibibuye bya rutura bizubatse harifashishijwe umucanga utose watumaga abakururaga biriya bibuye bashobora kubivana mu butayu bakabigeza aho aho […]Irambuye