Month: <span>January 2014</span>

Gukoresha indangamuntu ku mipaka, inyungu kuri ba rwiyemezamirimo

Gahunda yo kugenda mu bihugu bitatu bigize Afurika y’Uburasirazuba; u Rwanda, Uganda na Kenya hakoreshejwe irangamuntu, yatangijwe ku mugaragaro  kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Mutarama 2014. Ngo ni inyungu nini kuri ba rwiyemezamirimo. Iyi gahunda yatangiriye ku mipaka ya Gatuna ku ruhande rw’u Rwanda na Katuna ku ruhande rwa Uganda, ikaba izagirira akamaro […]Irambuye

Col. Mamadou Ndala wavuzwe cyane mu ntambara ya M23 yishwe

Col. Mamadou Ndala umuyobozi wa Brigade Commando mu ngabo za Congo (Unité de Réaction Rapide) yishwe kuri uyu wa kane tariki 02 Mutarama. Uyu mugabo yamenyekanye cyane mu ntambara yo kurwanya umutwe wa M23 ubwo yari ayoboye ingabo za Congo. Colonel Moustapha Mamadou Ndala yishwe mu gico yatezwemo n’inyeshyamba zirwanya Leta ya Uganda zikorera muri […]Irambuye

Kubana n’uwo kwashakanye byananiye kuko yambwiye ko azankubita ifuni

Muraho bakunzi b’urububa Umuseke. Ntuye mu mujyi wa Kigali, nkaba maranye n’umugore wanjye umwaka n’igice, ubudufitanye umwana w’umukobwa ufite amezi atandatu. Igitumye nandika iyi nkuru rero ni ukubera ko mu minsi mike ishize umugore twashakanye yanyeretse ishusho kuri we yanteye kumwibazaho nkankeneye inama zanyu. Mu by’ukuri twashakanye dukundana cyane ko njyewe ubwanjye sinigeze njya mu […]Irambuye

Ni inde uzatorerwa kuyobora FERWAFA kuri iki cyumweru?

Mu minsi itatu nibwo abakunzi n’abakurikira umupira w’amaguru mu Rwanda baza kumenya umuyobozi w’ishyarahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda. Abakandida batanu bari guhatana. Utowe aba afite mandat y’imyaka ine. Uzatsinda afite akazi katoroshye nk’uko byahoze muri iriya nzu y’Umupira w’amaguru. Ubu azahera ku byo kubonera iri shyirahamwe ubuzima gatozi, gushakira inkunga iri shyirahamwe (dore ko ubu […]Irambuye

CAR: François Bozizé asanga igihugu cye gishoje umwaka kiri mu

Uwahoze ari Perezida w’igihugu cya repebulika ya Centreafique François Bozizé akaza guhirikwa k’ubitegetsi n’inyeshyamba za Seleka muri Werurwe 2013 aratangaza ko igihugu cye kirangije umwaka kiri mu icuraburindi . François Bozizé uri mu buhungiro yaganiriye na RFI atangaza ko umwaka wa 2013 wabaye umwaka w’umujima ku gihugu cye cya Centreafrique. Yagize ati:”2013 wabaye umwaka wishe demokarasi […]Irambuye

Nyamagabe : Batatu bakekwaho kwica abana bari mu maboko ya

Abagizi ba nabo batatu bakekwaho kwica abana batatu babakobwa bakanakomeretsa bikomeye musaza wabo  batawe muri yombi ubu bacumbikiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gasaka mu karere ka Nyamagabe. Aba bagizi ba nabi bishe  aba bana b’abakobwa babatemaguye  kuwa 29 Ukuboza 2013 ubwo babasangaga baragiye ihene . maze musaza wabo kamutema inzego z’umutekano zikahagera zisanga afashe […]Irambuye

FERWAFA mu bahagarikiwe inkunga ya MINISPOC na Komite Olempike

Minsiteri y’Uumuco na Siporo ndetse na Komite Olempike mu Rwanda zahagaritse inkunga zajyaga zitanga mu mashyirahamwe agera ku icumi y’imikino mu Rwanda kubera kutagira ubuzimagatozi. Ibi bibaye nyuma y’aho Minisiteri y’Umuco na Siporo yari yaratanze itangazo ry’uko nyuma y’itariki ya 31 Ukuboza, 2013 nta shyirahamwe rizongera kubona ubufasha ritarabona ubuzimagatozi. Amashyirahamwe agera ku icumi ni […]Irambuye

“Twese turi amashami ya ‘Ndi Umunyarwanda’”- Paul Mbaraga

Uyu Paul MBARAGA ni Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda aho yigisha mu Ishuri ry’Itangazamakuru n’Itumanaho riri mu mujyi wa Kigali. Nyuma y’igihe kirekire ahungutse ava mu U Budage dore icyo avuga kuri gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’. Umunyarwanda ni igiti kimwe rukumbi cy’umwimerere kitaboneka ahandi ku Isi uretse aho Gihanga yakiremeye mu rwa Gasabo. Amashami yacyo […]Irambuye

Kayirebwa yashimishije cyane abanyarwanda

Mu gitaramo cy’imbaturamugabo cyateguwe na East African Promoters, abahanzi baraye bashimishije rubanda rwari ruteraniye kuri muri Pariking ya Stade Amahoro i Remera kuri uyu wa mbere Mutarama 2014, by’umwihariko Cecile Kayirebwa benshi bataherukaga kubona imbona-nkubone ahogoza. Mu gitaramo cya Live cyose cy’abahanzi nyarwanda, abantu benshi cyane bari bakereye kuza kwihera ijisho abahanzi ba cyera n’abahanzi […]Irambuye

en_USEnglish