Month: <span>June 2013</span>

Uko yabyaje umusaruro umurage munini yarazwe na sekuru

Amahirwe si kenshi aza mu buzima, ariko nanone abo amahirwe asekeye siko bose bayabyaza umusaruro nk’uko umusore Nsengiyamye Jean Claude amaze kubyaza umusaruro amahirwe yagize yo kuragwa na Sekuru umurage munini. Uyu mwana w’umusore afite imyaka 21 gusa, yiga mu ishuri ryisumbuye Nderabarezi mu karere ka Ruhango mu mwaka wa gatandatu. Araganirira Umuseke.rw uko yagize […]Irambuye

China: Inkongi y’umuriro ahororerwa inkoko yahitanye abantu barenga 112

Kuri uyu wa mbere, inkongi y’umuriro yibasiye inzu nini yororerwamo ikanabagirwamo inkoko mu ntara ya Jilin mu majyaruguru y’Ubushinwa abantu barenga 112 bahasiga ubuzima. Abatabazi bazimya umuriro bahageze wabaye mwinshi cyane ndetse abari muri iryo bagiro rinini cyane bari bamaze kwitaba Imana ari benshi. Amakuru aravuga ko iyi nkongi yavuye ku bintu bitatu ngo byabanje […]Irambuye

Clinton yari azi umugambi wo kurimbura Abatutsi aryumaho

Rory Carroll ni Umunyamakuru w’Ikinyamakuru “The Guardian” cyo mu Bwongereza, mu nkuru yatangaje yavuze ko hari inyandiko zigaragaraza neza ko Bill Clinton yari azi neza ko hari umugambi wo kurimbura Abatutsi mu 1994 ariko akaryumaho. Perezida Clinton wari uyoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu mwaka w’1994 ubwo habaga Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse na […]Irambuye

Inama z’uko wareka Ibiyobwabwenge

Abantu benshi banywa ibiyobyabwenge usanga bavuga ngo; Ariko ubundi ndabirekera iki ko abantu ‘bose’ babinywa? Ariko akongera nanone ngo ‘sha icyamvana kuri ibi bitundi rwose nashima Imana’. Mu bihugu bikize, ndetse no mu bihugu byacu ubu bitangiye gusaakaara usanga urubyiruko rwinshi cyane rwishora mu kunywa ibiyobyabwenge n’ubwo bwose amategeko y’ibyo buhugu aba atabyemera . Uko […]Irambuye

U Rwanda rukoresha neza inkunga ruhabwa –Minisitiri Dirk Niebel

Ubwo yari mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa 2 Kamena 2013; Minisitiri w’Iterambere w’igihugu cy’Ubudage yavuze ko yishimira uburyo u Rwanda rukoresha neza inkunga ruhabwa n’amahanga. Ibi yabitangaje ubwo yari amaze gusura bimwe mu bikorwa igihugu cy’Ubudage cyateyemo inkunga, biri muri aka karere kahoze karibasiwe n’inzara ariko ubu ikaba yarabaye amateka. Ubwo yageraga mu Murenge […]Irambuye

Abize mu Byimana bababajwe n’ibikomeje kuba ku kigo cyabareze

Ishuri ry’ubumenyi rya Byimana rimaze gushya inshuro eshatu mu gihembwe kimwe, abize kuri iki kigo basanga ibikomeje kuba kukibaho ari agahomera munwa dore ko ryongeye no gushya baraye bavuye kurisura ari benshi ndetse bagasaba ko byakurkiranwa neza ibirimo gutera izi nkongi. Ubwo iri shuri ryashyaga kuri iki cyumweru, byari ku ncuro ya gatatu ariko kandi […]Irambuye

USA iritwara nabi muri Siriya nk’uko yitwaye mu Rwanda –

Urebwe imibare y’abantu bamaze kugwa ku ntambara iri kubera muri Siriya ariko ukita cyane ku mibare y’abasivire barimo abana, abagore abageze mu zabukuru n’abandi, ushobora kwibaza impamvu Leta z’Ubumwe z’Amerika zidashyira intege mu gutabara. Kugeza ubu imibare itangwa ingana n’abantu 120.000 bamaze kugwa muri iriya ntambara muri Siriya . Muri iyi minsi ishize havuzwe ko […]Irambuye

Miliyoni 255 zashyizwe mu kuvugura ikigo cya ES Byimana

Nyuma y’uko inkongi z’umuriro zimaze kwibasira ikigo cya Ecole de Science de Byimana incuro eshatu, zigatwaka inzu zo kurararamo ebyiri, inzu y’uburiro n’aho basengeraga ubuyobozi bw’iki kigo buratangaza ko bugiye gutangira imirimo yo kubaka ibyangijwe hakazi bandwa cyane ku nyubako zikenewe byihuse. Frere Alphonse Gahima yatangarije umuseke.rw ko guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Uburezi […]Irambuye

Czech Rep: Umugore w’imyaka 23 yabyaye abana batanu

Bwa mbere mu mateka ya Republique Czech igihugu cyo mu Uburayi umugore w’imyaka 23 yabyaye abana batanu. Alexandra Kinova yibarutse abahungu bane bazanye na gashiki kabo kamwe nyuma yo kubyara abazwe kuri iki cyumweru. Abaganga bo mu bitaro bya Institute for the Care of Mother and Child biri i Prague bavuga ko Alexandra yabyaye nta […]Irambuye

Ubuyapani bwemereye Africa miliyari 32$

Mu nama yahuzaga Ubuyapani n’ibihugu bya Afurika i Yokohama, leta y’Ubuyapani yijeje Afurika inkunga y’amadolari miliyari 32 zizayifasha ibihugu bya Africa mu bikorwa by’Iterambere. Iyi nama yateguwe ku bufatanye bw’Umuryango wa Africa y’unze ubumwe, Banki y’Isi, Banki nyafrika itsura amajyambere, ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe amajyambere (UNDP) ndetse na geverinoma y’Ubuyapani. Amafaranga yemewe n’Ubuyapani azatangwa mu […]Irambuye

en_USEnglish