Month: <span>June 2013</span>

India: Kaminuza irakekwaho gutanga PhDs za ‘fake’

Police mu gihugu cy’Ubuhinde iri gukora iperereza kuri Kaminuza imwe yaho bivugwako yaba itanga impamyabumenyi z’ikirenga (PhDs) zidahwitse, ni nyuma y’uko itanze ‘doctorat’ 400 mu mwaka umwe nkuko byemezwa na Police. Kugeza ubu Police yamaze guta muri yombi bamwe mu bayobozi bakuru ba CMJ University yo muri Leta ya Meghalaya, umuyobozi mukuru w’iyi Kaminuza yigenga […]Irambuye

Kutitabira ubutumire kwa Mbuyu no kudahamagarwa kw'abandi n'ikibazo

Mbuyu Twite umunyecongo wagizwe umunyarwanda ku kazina ka Gasana Eric yanze kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi. Hari hashize iminsi uyu myugariro ategerejwe ngo asange abandi i Rubavu aho bari bakomeze kwitegura imikino mpuzamahanga Umutoza Eric Nshimiyimana abajijwe niba hari icyo azi ku kutitabira kwa Mbuyu yatangaje ko uyu mukinnyi yari yaragiye iwabo muri Congo avuga […]Irambuye

Nashakanye n’umugabo ntakunda none ndananiwe

Muraho, nabonye ibitekerezo bitangwa hano mbona birimo byinshi bitanga inama nziza. Nanjye mbandikiye ngirango mumfashe gutambutsa ikintu kingoye mu buzima kubera ikosa rikomeye nakoze. Nizeye neza ko mutari butangaze amazina yanjye. Hashize imyaka itandatu nshyingiranywe n’umugabo. Twashakanye nkiri muto ntaragira imyaka 28, twashakanye kuko nari umukobwa wo mu muryango ukennye we akaba umusore mu muryango […]Irambuye

Kuwa 05 Kamena 2013

Umuseke rubuga dukunda, nejejwe no kongera kuboherereza ifoto y’umunsi. Ifoto rero nifuje gusangira n’abakunzi b’Umuseke, niyo nafatiye kuri Home nshya ya Saint Vincent mu Ruhengeri. Irerekana ishusho ya Saint Vincent de Paul, wari uwihayimana (Umusaseridoti-Priest) wabayeho mugihe 1581-1660. Ino shusho ye ni nziza cyane iyo uyegereye,  agaragara ateruye umwana undi amwegamiye. Bigaragaza urukundo rwinshi n’impuhwe […]Irambuye

Kim Kardashian nabyara afite gahunda yo kuzarya ingobyi

California – Icyamamare muri Cinama Kim Kardashian ubu arakuriwe, inda yatewe n’umukunzi we Kanye West. Gahunda afite namara kubyara ni uko ingobyi y ‘umwana azayiteka akayirya. Kurya ingobyi yatangaje ko bizamufasha kugarura itoto, ibi yabitangaje mu kiganiro gica kuri TV kitwa kitwa «Keeping Up With the Kardashians » mu gice cyacyo cya munani. Uyu munyamerika uri mu […]Irambuye

Iburasirazuba Post de Santé zirataka ikibazo cyo kubura imiti

Abaturage bo mu byaro bya Gatsibo na Nyagatare barasaba cyane Ministeri y’Ubuzima gukemura ikibazo cy’ibura ry’imiti muri za Post de santé zashyizweho kuko ubu ngo zifite ikibazo cy’imiti micye mu gihe ziri kwakira abayikeneye benshi. Bitewe n’ikibazo cy’ibigo nderabuzima bitari bihagije, ndetse no mu rwego rwo korohereza abaturage bava kure bagana ibigo nderabuzima (Centre de […]Irambuye

Top 10: Abahanzi 10 bagaragaje ko Muzika nyarwanda ikunzwe kandi

Umwimerere wa gakondo yawe ntujya ukuvaho, igihugu cyawe ntikijya kiba icy’undi. Ibikiranga bihora ari umwihariko. Muzika nyarwanda ni kimwe mu bigaragaza umuco wacu. Wakunda n’iyahandi si bibi ariko muzika y’iwanyu si ngombwa ko uyikunda ahubwo ni itegeko utiha uhabwa no kuba uri umunyarwanda. Umunyarwanda ukunda umuziki usanga hari umuziki nyarwanda umukora ku mutima mbese umugera […]Irambuye

Kera kabaye Kanimba yasubijwe imitungo ye

Mu masaa tanu n’igice z’amanywa, zo kuru uyu wa Kabiri tariki 4 Kanema 2013, abagore n’abakobwa bariraga, abagabo batera za Aleluya, baririmba indirimbo zo kuramya no guha icyubahiro Imana bayishimira ko umusa Kanimba John asubijwe amazu ye, bakimara kuyatambagira uyu musaza yavuze ko n’ubwo ibyangiritse ari byinshi ariko ashimishijwe no kuba umutima na Diabete arwaye […]Irambuye

Ubukerarugendo bubangamiwe n’abakeka isura mbi ku Rwanda

U Rwanda rufite icyasha cyaturutse ku mateka yaranze igihugu ndetse n’isura rusange abanyamahanga babona kuri Afurika cyane kurusha iterambere n’ubwiza nyaburanga bigize umugabane. Nk’uko bitangazwa na Rica Rwigamba, umuyobozi ushinzwe ubukerarugendo mu Kigo cy’iterambere RDB, abaturiye indi migabane bamarira amatsiko ku byo basoma cyangwa bumva ku bitangazamakuru mpuzamahanga bivuga ku Rwanda na Afurika. Mu nama […]Irambuye

Dominic Nic arisobanura ku bakomeje kumutongera no kumutuka

Nyuma y’uko bivuzwe cyane ko umuhanzi w’indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana Dominic Nic yaba yaragaharitse cyangwa ari mu nzira zo guhagarika iyo muzika akigira mu kuririmba ibisanzwe. Uyu muhanzi yabwiye Umuseke.rw ko abakwirakwiza ayo magambo ari abatumva icyo muzika ya Gospel ari cyo. Tumubajije niba koko yararetse ‘Gospel Music’ nkuko bivugwa, atuje yasubije ati “ Umuhanzi […]Irambuye

en_USEnglish