Month: <span>June 2013</span>

Goma: Umutwe w’Ingabo udasazanwe watangiye akazi

Kuva kuya 13 Gicurasi nibwo Umutwe w’Ingabo za Loni udanzwe zatangiye gusesekara i Goma zije mu butumwa bwo kugarura umutekano mu burasirazuba bwa Congo. Ejo hashize akaba aribwo batangiye akazi nyirizina nubwo atari bose. Mu byo bazakora harimo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro irimo M23, ndetse ngo bakaba batazorehera na FDRL imaze imyaka isaga 19 mu mashyamba […]Irambuye

Imyaka 19 irashize, Ubufaransa buzaceceka kugeza ryari?

Imyaka 19 irashize habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, Igihugu cy’Ubufaransa cyakomeje gushyirwa mu majwi ko cyagize uruhare muri iyi Jenoside yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi ijana, nyamara nticyigeze kigaragaza ikimenyetso na kimwe cyo gusaba imbabazi cyangwa gucira bugufi Abanyarwanda. Umuryango w’Abibumbye, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Ububiligi basabye imbabazi Abanyarwanda mu ruhame ariko Ubufaransa […]Irambuye

MTN Rwanda mu gikorwa cy'urukundo basuye Gatagara

MTN Rwanda ifite igikorwa yateguye yise “21 days of Yello Care”, nkuko babyemeza ni iminsi yo kugaragariza urukundo no kwifatanya n’abanyarwanda cyane cyane abamugaye. Kuwa 03 Kamena bari i Gatagara ya Rwamagana mu kigo cy’ababana n’ubumuga bwo kutareba. Nubwo Leta yashyize imbaraga mu guha agaciro abamugaye ngo hari aho bamwe bakibanena cyangwa bakabafata nk’abadashoboye. Mu […]Irambuye

Gerivasi,90, mbere yo gutabaruka arifuza kubonana na Paul Kagame

Gerivas Rutayisire yavikiye mu karere ka Ruhango, avuga ko afite imyaka 90 nubwo ngo ashobora kuba anayirengeje. Yavukiye mu karere ka Ruhango. Avuga ko ikintu gishobora kumubabaza ari ukuzatabaruka atabonye Perezida Paul Kagame amaso ku maso ngo amubwire ijambo rimwe. Umunyamakuru w’Umuseke.rw mu Ruhango yaganiriye n’uyu mukambwe kuwa 03 Kamena, bahuriye mu gikorwa cyo gutanga […]Irambuye

Kuwa 04 Kamena 2013

Irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rikomeje guca ibintu no guhuruza imbaga mu gihugu. I Karongi muri week end ishize, biravugwa ko hari abantu baraye nzira basubira mu turere bari baturutsemo baje kwihera ijisho abo bahanzi bari guhatana. Amafoto menshi kuri iyi nkuru wayanga hano cyangwa hano Photos/P Muzogeye Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE […]Irambuye

PGGSS III: i Karongi byari ibicika. Amafoto

Abahanzi 11 bari kurugamba rwo guhatanira  PGGSS3 ,  kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Kamena 2013 bageze imbere y’imbaga y’abanya Karongi aho bagiye kubataramira  nyuma yo gutaramira mu Karere ka Rusizi, Nyamagabe ndetse na  Nyanza.  Abaturage ba Karongi ndetse n’abo mu nkengero zayo bakaba bitabiriye iki gitaramo ari benshi kandi yaba abato ndetse n’abakuru […]Irambuye

UK: REDRESS irasaba ubutabera bwihuse kuri 5 baherutse gufatwa

Umuryango uharanira uburenganzira bwa Muntu ukorera mu gihugu cy’ubwongereza “REDRESS” urasaba ko abagabo batanu bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi batawe muri yombi mu cyumweru gishize mu Bwongereza bashyikirizwa ubutabera byihuse murwego rwo komera ibikomere abarokotse. Mu itangazo wasohoye mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’itabwa muri yombi rya Emmanuel Nteziryayo, Charles Munyaneza, Celestin Ugirashebuja, […]Irambuye

Nigeria: Ku myaka 18 ntabwo yicuza kuba yarishe se

Olanrewaju Kayode-Aremu w’imyaka 18 gusa, uyu munsi yatangaje ko aticuza kuba yariyiciye se umubyara Victor Kayode-Aremu. Olanrewaju yiciye se mu rugo aho bari batuye ahitwa Langbasa muri Ajah muri Nigeria, impamvu zo kwica se zitangazwa n’inzego z’ubutabera ni nyinshi. Uyu musore wirukanwe muri Kaminuza ya Ilorin kubera amanota macye, we yemera ko yishe se ngo kuko […]Irambuye

Ibigo bya Isange One Stop Center bifite ikibazo cy'abakozi n'ibikoresho

Itsinda ryashyizwe rishinzwe kureba imikorere y’ibigo bya Isange One Stop Center bikorera muri buri bitaro by’ikitegererezo by’intara riragaragza ko hari ikibazo cy’abakozi bacye, abakora ibyo batigiye n’ibikoresho bidahagije. Bimaze kugaragara ko abageza ibibazo bifitanye isano n’ihohoterwa bigenda byiyongera kuko ngo usanga muri iki gihe abantu baratinyutse kugaragaza ihohoterwa bakorewe ugereranije no mu myaka ishize,  mu Rwanda […]Irambuye

"Ibyanjye na Lick Lick ni Page yarangiye" – Pacy

 Binyuze mu kiganiro Sunday Night gitambuka kuri Radio Isango star umuhanzi Oda “Pacy” yongeye guhamya ko nta mibanire yihariye afitanye n’umusore Lick Lick usanzwe atunganya muzika. Ubwo uyu muhanzikazi yabazwaga kugira icyo avuga ku magambo agize indirimbo amaze iminsi ashyira hanze aho humvikanamo ubutumwa butuma abantu bakeka ko aririmba ku mibanire ye na Lick Lick […]Irambuye

en_USEnglish