Month: <span>May 2013</span>

MC Tino na Dream Boys bareke gushyushya abantu imitwe-EAP

Nyuma y’uko inama yagombaga kuba kuri uyu mwa mbere tariki ya 30 Mata, yagombaga kwigirahamwe uko ibitaramo bizazenguruka impande zose z’igihugu bizwi nka “Road show” no gukemura ikibazo kimaze iminsi kivugwa hagati ya Mc Tino na Dream Boys isubitswe, impande zombi zirasabwa n’ubuyobozi bwa East African Promoters bategura iri rushanwa kwiyunga aho gukomeza guterana amagambo […]Irambuye

Darfur yemerewe kwakira CECAFA Kagame Cup

Inteko rusange ya CECAFA yemeje ko intara ya Darfur na Gordofan muri Sudan y’amajyepfo ariho amarushanwa CECAFA Kagame cup 2013 agomba kubera, akazatangira taliki ya 18 Kamena kugeza kuri 2 Nyakanga. Nyuma yo gusura intara ya Darfur, agasura amahoteli, amastade naho amakipe agomba kwitoreza, umunyamabanga mukuru wa CECAFA Nicolas Musonye yatangaje ko iyo ntara ubu […]Irambuye

Amikoro make arabuza Abanyafurika kugura umuti uhangara SIDA

Ubushakashatsi bwakozweku bigendanye n’icyorezo cya SIDA bwakozwe n’igihugu cya Botswana bugaragaza ko kugeza ubu hari umuti witwa ‘Efavirenz’ ugabanya ubukana bw’akagako gatera ku bana bari hagati y’imyaka itatu na 16 kurusha indi ariko ukaba utarimo gukoreshwa ku mugabane w’Afurika kubera ikibazo cy’amikoro. Ubu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuwa 30 Mata 2013 bwerekana ko umuti ukunze gukoreshwa […]Irambuye

Abashaka gukora ibizamini ku mpushya zo gutwara ibinyabiziga imiryango irafunguye

Polisi y’Igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirakangurira abanyarwanda bose bifuza impushya z’agatenyo n’izaburundu ko hateganyijwe ibizamini tariki ya 13 Gicurasi kandi ko imiryango ifunguye. Supt Ndushabandi Marie Jean ,umuvugizi w’iri shami avuga ko mu mujyi wa Kigali ibizamini bizatangira gukorwa tariki ya 13 Gicurasi 2013 . Agira ati:”Abifuza impushya zo gutwara ibinyabiziga mu […]Irambuye

Icyiza kuri Congo ni na cyo cyiza ku Rwanda –

Louise Mushikiwabo, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda avuga ko u Rwanda rufite umuhate wo kugarura amahoro n’umutekano muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ndetse no mu karere muri rusange ngo kuko icyiza kuri Congo Kinshasa aba ari na cyo cyiza ku Rwanda. Ibi Mushikiwabo yabivuza ku munsi w’ejo ubwo yari yakiriye intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye […]Irambuye

Umugaba w’Ingabo yifatanyije na Tanzania mu munsi w’Ubumwe

Ku butumire bw’Ingabo za Tanzania (TPDF) Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Lt Gen Charles KAYONGA yari muri Tanzania mu ruzinduko rw’iminsi ine kugeza kuwa 29 Mata 2013. Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda yitabiriye kandi isabukuru y’imyaka 49 y’umunsi w’Ubumwe bw’abatanzania yizihizwa bibuka ubumwe bw’ikirwa cya Zanzibar cyagiye hamwe na Tanganyika. Mu ruzinduko rwe, Lt Gen KAYONGA […]Irambuye

Kirehe: Umugore yatemaguye undi

Mukangango Domitira, Umugore w’imyaka 36 y’amavuko afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Nyarubuye ho mu karere akurikiranyweho gutema umugore mugenzi we, Mukantaganzwa Mariyana ufite imyaka 45 amuziza gusambana n’umugabo we. Mukangango utuye mu Mudugudu wa Kabuye, Umurenge wa Mpanga Akarere ka Kirehe yatemye uyu mugore kuwa 30 Mata 2013 nyuma yo gusanga aryamanye n’umugabo we. […]Irambuye

FC Barcelona ijuru ryayigwiriyeiri mu rugo

Amahirwe yo gukomeza ku mukino wa nyuma yari macye cyane, ariko kuvamo nk’uko byayigendekeye byabaye nk’ijuru rigwiriye Barcelona ubwo yakubitwaga ibitego 3 – 0 na Bayern Munich yari yayisanze kuri Stade yabo i Nou Camp. Barcelona idafite Lionel Messi, byavuzwe na Tito Vilanova ko yatinye kujya mu kibuga ngo atongeera imvune, yagaragaje ko iba ari […]Irambuye

RAB ngo irashaka kurema imirimo myinshi ku batayifite

Bugesera – Kuri uyu munsi hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’umurimo Mbonigaba Jean Jacques Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi (RAB) yavuze ko iki kigo kigiye gukora cyane kigashaka uko kinafasha Leta kugabanya umubare w’abadafite umurimo ugenda uba munini. Yabivugiye mu munsi mukuru wo kwizihiza uyu munsi mpuzamahanga RAB n’abakozi bayo bagiye kwizihiriza mu murenge wa Gashora ahitwa i […]Irambuye

Umunyeshuri wo muri Kaminuza wishe nyina yahanishijwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Mata 2013, Urukiko rwisumbuye rwa Nyanza rwahanishije Kubwayo Donat, wigaga mu mwaka wa gatatu mu ishami ry’Imari muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda (NUR) igifungo cya burundu, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica nyina umubyara. Umucamanza Emmanuel Manirakiza yahamije Kubwayo icyaha cy’Ubwicamubyeyi, nyuma yo gusuzuma ibimenyetso byatanzwe n’ubushinjacyaha no […]Irambuye

en_USEnglish