Month: <span>February 2013</span>

Umufana wa Dominic Nic yemeye kumukorera Album ye yose

Abafana b’abahanzi n’ubusanzwe nibo batuma bagera kure, Maman Solange we yemeye gutunganya Album yose ya Dominic Nic kuko uyu musore yaririmbye indirimbo igatuma umugabo wa Maman Solange afashwa akakira agakiza. Indirimbo yitwa “Ashimwe” ya Dominic Nic niyo yamugiriye uyu mugisha nkuko Dominic yabitangarije Umuseke.com. Dominic yavuze ko koko uyu mugore yemeye kwishyura ikiguzi cyo gutunganya […]Irambuye

Bugesera: Vice Mayor n’abapolisi barafunze kubera ibyakorewe Nsengiyumva

Vice Mayor ushinzwe imibereho myiza mu karere ka Bugesera ndetse n’abapolisi batandatu ubu barafunzwe bakurikiranwaho uruhare mu iyicarubozo ryakorewe Jean Bosco Nsengiyumva washinjwaga ubujura. Mu murenge wa Ruhuha, Nsengiyumva ngo wari uzwiho amahane, yarafunzwe anashyirwaho amapingu kugeza ubwo yenda kumwahuranya amaboko, biza kumuviramo kuyaca kwa muganga mu mpera z’ukwezi kwa mbere kuko biganza byari byaraboze. […]Irambuye

Kigali: Baribaza icyo bazarya nyuma y'uko imvura ibononeye

I Kigali hose si i Nyarugenge, mu nkengero z’umujyi mu duce tw’icyaro abaturage batunzwe n’ubuhinzi bakozweho cyane n’imvura y’umurindi yaguye kuwa gatandatu nimugoroba. Mukagahizi Veronique utuye mu murenge wa Kigali, Akagali ka Kigali inyuma y’ishyamba rya Mont Kigali ibishyimbo bye byari bikuru ariko aho byari bihinze ubu wagirango ni imbuga. “Ntabwo rwose ubu turi kwibaza […]Irambuye

Bakame aramara amezi atatu hanze y’ikibuga

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse na APR FC Ndayishimiye Jean Luc uzwi nka Bakame agiye kumara amezi atatu atagaragara mu kibuga nyuma y’uko avunikiye mu mukino wa shampiyona na Mukura. Bakame yaje gusimburwa mu gice cya kabiri na Ndoli mu mukino ikipe ye yanaje gutsindwamo na Mukura igitego kimwe ku busa. Nyuma yo kuvunikira igufa ry’akaguru […]Irambuye

Amasezerano yo kugarura amahoro muri Congo yashyize arasinywa

Hari hashize iminsi itandatu bitangajwe ko amasezerano yo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo azashyirwaho umukono. Kuri uyu wa 24 Gashyantare 2013, nibwo aya masezerano yashyizweho umukono i Addis Abeba muri Ethiopia. Gushyira umukono kuri ry’aya masezerano byari bihagarariwe n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Ban Ki-moon, Umunyamabanga Mukuru w’Afurika Yunze Ubumwe ndetse n’uw’ibihugu by’Afurika […]Irambuye

Abanyeshuri 1,119 batsinzwe ikizami cya leta cy’ubwarimu

Abanyeshuri barenga 1000 bakoze ikizamini cya Leta cy’ubwarimu gisoza amashuri yimbuye ntibabashije kugitsinda kuburyo batahabwa impamyabushobozi zo kwigisha abanyeshuri bo mu mashuri abanza. Mu manota yabo yashyizwe ahagaraga muri iki cyumweru, ku Ishuri Rikuru Nderabarezi rya Kigali byagaragaye ko abanyeshuri 1,119 ku banyeshuri 6,119 batsinzwe iki kizami. Ibi bivuze ko abatsinzwe ari 18,1%. Nk’uko bigaraga […]Irambuye

Banki ya Kigali yemerewe gukorerera muri Kenya

Banki ya Kigali niyo Banki ya mbere yo mu Rwanda yemerewe na Banki Nkuru ya Kenya gukorera ku butaka bwayo ndetse yemerewe kuba yafungura ibiro mu Murwa Mukuru Nairobi. Mu itangazo Banki Nkuru ya Kenya (CBK: Central Bank of Kenya) yashyize hagaraga yavuze ko BK ije ikenewe kuko kuba igiye kuhakorera ari bumwe mu buryo […]Irambuye

RDF irahakana ko hari abasirikare bafungiye IWAWA

Umuvigizi w’Igisirikare cy’u Rwanda Brig. Gen. Joseph Nzabamwita yahakanye amakuru avuga ko hari abasirikare b’u Rwanda 283 bafungiye ku kirwa cy’Iwawa mu buryo bunyuranye n’amategeko. Yahakanye kandi ko abariyo batemerewe kugira umuntu n’umwe ubasura nk’uko bimaze iminsi bitangajwe n’umwe mu bahafungiye ubwo yaganiraga na Radio BBC Gahuzamiryango. Nk’uko yabitangarije Ikinyamakuru New Times, Umuvugizi w’Ingabo z’u […]Irambuye

DRC: Akirenga urugo rwe Tshisekedi yahise yerekeza muri Afurika y’Epfo

Etienne Tshisekedi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Kabila yashyize arenga imbibi z’igihugu cye yerekeza muri Afurika y’Epfo. Ni nyuma y’umwaka atemerewe kugira aho atabukira. Uri nirwo rugendo rwa mbere akoreye hanze y’igihugu cye kuva mu mwaka w’2011 ubwo yavugaga ko ariwe watsindiye amatora yo kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, icyo gihe ndetse yahise arahirira […]Irambuye

Umukinnyi John Paintsil arafunze nyuma yo gukubita umugore we

John Paintsil umusore w’imyaka 31 ukinira ikipe y’igihugu ya Ghana ubu ari mu maboko ya Police i Accra kukoashinjwa gukubita umugore we. Kuri uyu wa gatanu nimugoroba nibwo yatawe muri yombi nkuko byemejwe na Freeman Tettey akaba umuvugizi wa Police ya Accra, ngo ni nyuma yo kwadukiraumugore we akamukubita hafi yo kumumena ruseke. Uyu mukinnyi […]Irambuye

en_USEnglish