Month: <span>January 2013</span>

'Ubuntu' buje guhangana na Android muri Telephone

Ikoranabuhanga rizajya rikoreshwa muri za telephone zigezweho (smart phones) ryitwa Ubuntu (Operating system) rigiye gutangira gukoreshwa. ‘Ubuntu’ buzatuma umuntu abasha gukoresha ibyo yakoreshaga (Apps) muri mudasobwa nini kuri telephone agendana mu ntoki. Iri koranabuhanga ngo rigiye kubanza gukoreshwa muri Telephone za Galaxy Nexus zikorwa na Samsung rirasimbura Android yari isanzwe ikoreshwa ndetse inakoreshwa ubu muri […]Irambuye

“Nisunze M23 ngo dukure Kabila ku butegetsi” – Roger Lumbala

Roger Lumbala, Umuyobozi w’Ishyaka RCD-N (Rassemblement congolais pour la démocratie – national) ritavuga rumwe n’Ubutegetsi bwa Kabila yishyize hamwe n’umutwe wa M23 mu rwego rwo kugira ngo bavane Kabila ku butegetsi nk’uko yabitangarije ikinyamakuru Jeune Afrique. Ku itariki ya Mbere Mutarama 2013 nibwo Roger Lumbala yishyize hamwe mu buryo bweruye na M23, uwo muhango wabereye […]Irambuye

Rayon yasezereye umutoza Ali Bizimungu

Nkuko byemejwe n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, ngo kuko nta bwitange n’imikoranire myiza yagaragaje umutoza wungirije Ali Bizimungu yasezerewe. Bizimungu waje muri Rayon mu Ukuboza 2011 nk’umutoza wungirije, ngo ntabwo yakoranye neza n’umutoza mukuru mushya Didier Gomes da Rosa. Uyu mutoza kandi ngo nta bwitange n’umurava yagaragaje mu kazi mu minsi ishize, bityo ngo guhera […]Irambuye

ICT i Karongi ngo biriho biraza

Mu karere ka Karongi Intara y’Iburengerazuba ntabwo hateye imbere mu ikoranabuhanga mu baturage, nyuma y’uko hagati mu kwezi gushize hafunguwe inzu itanga servisi za ICT ku baturage, bahamya ko buhoro buhoro bizatera imbere. i Karongi, kimwe n’ahandi mu biturage, abaho nabo ubu bakenera Internet, computer, gusohora impapuro, n’ibindi bijyanye n’ikoranabuhanga rigezweho. Nyuma y’uko centre ya […]Irambuye

Kigali: bamunigishije umugozi ararusimbuka

Ntabasha gukebuka neza ngo arebe inyuma, ntabasha kumira ibyo arimo kurya uretse ibyoroshye, n’iyo agize icyo atamira arabababara mu muhogo, ijwi rye ryajemo amakaraza ndetse afite inkovu y’umugozi yanigishijwe mu ijoshi itazapfa gusibangana. Uyu ni umusore w’umumotari witwa Rukundo Jean Paul bakunze kwita Kazungu, wanizwe n’abagizi ba nabi bashakaga kumutwara moto kuwa 27 Ukuboza 2012; […]Irambuye

Happy People: Byari ibicika mu busitani bwa Minaffet

Nubwo atariho ibi birori byagombaga kubera, ntibyabujije abantu benshi biganjemo abanyamahanga baba mu Rwanda bitabira ibirori byo gusoza umwaka mu busitani bw’inyubako ikoreramo Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga mu ijoro ryo kuwa 31 Ukuboza 2012 rishyira uwa mbere Mutarama 2013. Iki gitaramo cyaranzwe n’umuziki uryoshye w’abaDJ Karim wo mu Rwanda na Dj Fully Focus wavuye muri USA. […]Irambuye

Goma: Umubyeyi yibarutse abana barindwi

Umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangiranye umwaka wa 2013 inkuru idasanzwe y’umubyeyi wabyaye abana barindwi icyarimwe. Aba bana bavutse ku itariki 01 Mutarama 2013 mu bitaro Bikuru by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru (Hopital General de Goma). Abakobwa babiri n’abahungu batanu babyawe n’uyu mubyeyi bakaba bavutse bafite amagarama ari hagati ya 400 na […]Irambuye

East African Party: Kidumu yongeye kunyura imitima ya benshi

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 01 Mutarama 2012 mu gitaramo ngarukamwaka cya East African Party aho abahanzi bakomeye nka Kidumu n’abandi bashimishije abantu bari i Remera muri Parking ya Petit Stade. Muri iki gitaramo hari kandi umuhanzi Fuse ODG wari waturutse mu gihugu cya Ghana ufite indirimbo yise AZONTO ikunzwe cyane ubu muri aka […]Irambuye

Abarwanyi 3500 ba FDLR barashaka kumanika amaboko

Ku itariki ya Mbere Mutarama 2013, ubwo isi yizihizaga ubunani, abarwanyi bagera ku 3 500 bo mu mutwe wa FDLR ndetse n’imiryango yabo basohotse mu mashyamba ya Nindja, Kalonge na Bunyakiri berekeza i Lugaho mu gace ka Kabare gaherereye muri Kivu y’Amajyepfo, bivugwa ko bafite gahunda yo gutaha mu Rwanda. Aba barwanyi bamaze imyaka 18 […]Irambuye

Denzel Washington yishimiye imyaka 29 amaze abana n'umugore

Mu gihe bimenyerewe ko aba Stars b’i Hollywood batamarana kabiri n’abafasha babo, umugabo Denzel Washington we yizihije isabukuru y’imyaka 30 abana n’umugore we. Abandi ba Star nka Kim Kardashian, Britney Spears n’abandi benshi bari mu bagiye batana n’abafasha babo nyuma y’igihe gito cyane, niyo mpamvu benshi bahamya ko Denzel ari intangarugero mu ba stars bazwi […]Irambuye

en_USEnglish