Month: <span>May 2012</span>

Mu bantu bicuza guhemukira abo bashakanye abagore nibo benshi kuruta

Nk’uko bitangazwa n’inyigo y’Abongereza yagaragaje ko abagore baba bafite byibura abagabo 2,3 bari mu ibanga mu gihe abagabo bafite abagore 1,8 bari mu ibanga. Nk’uko bitangazwa na 7sur7, ngo abagore baba bafite uburyo bwinshi bwo kubeshya abagabo babo. Akenshi kandi ngo uku guhemuka kuza ku bagore nyuma y’imyaka itanu bashatse naho ku bagabo ngo ni […]Irambuye

Sobanukirwa n’Impamvu zitera indwara zo mu mubiri n’izo mu mutwe

Ubusanzwe, indwara iyo ari yo yose iba ifite ikintu cyayiteye. Akenshi iyo katabaye agakoko kinjiye mu mubiri ngo kawangize, ishobora guterwa n’uko impanuka yangije cyangwa yakomerekeje umubiri. Nk’uko tubikesha Igitabo cyitwa “Pour un bon équilibre mental et spirituel” ku rupapuro rwacyo rwa 491, barerekana impamvu zitera indwara zaba izo mu mubiri no bitekerezo abantu batari […]Irambuye

Nyabihu: Abahinzi batibasiwe n’ibiza bazagoboka abo mu mirenge yangirijwe

Imwe mu mirenge igize Akarere ka Nyabihu umusaruro w’ubuhinzi abayituye bari bateze mu mirima yabo yangijwe bikomeye n’imvura ihaherutse, ibi bikaba bituma abo mu mirenge itaragezweho n’ibyo biza basabwa gukora cyane kugirango bongere umusaruro uzafashe abaturanyi babo bahuye n’isanganya. Hegitari nyinshi z’imirima y’ibirayi, ibigori, ibishyimbi, ingano n’ibindi zo mu mirenge nka Mukamira, Shyira, Jomba, Rugera […]Irambuye

Gusomana ngo byaba bifasha umutima gutera neza

Nubwo abantu bafata ugusomana mu buryo butandukanye, bamwe bagasomana bitabari ku mutima, abandi bagasomana kubera kumva basomana gusa, ariko igikorwa cyo gusomana kigomba gukoranwa ubushake n’ubwumvumve buhagije kugira ngo kigirire akamaro umubiri wa muntu. Dore impamvu 4 zerekana ibyiza byo gusomana. Nkuko byanditswe mu gitabo kitwa “1001 petites choses que vous ignoriez sur la sexualité” […]Irambuye

Nepal, Malawi, Ethiopia n’u Rwanda ibihugu bya mbere mu kwita

i Geneve mubusuwisi hatangarijwe ko biriya bihugu aribyo biza imbere y’ibindi ku isi mu kwita ku buzima bw’imyororokere ku babituye mu 2012. Honourable Joy Phumaphi Ministre w’Ubuzima muri Botswana niwe washyikirije ibihembo abahagarariye ziriya Leta mu gushimira iterambere mu kuringaniza imbyaro, no gutanga servisi nziza kandi kuri benshi zerekeranye n’ubuzima bw’imyororokere ku baturage b’ibyo bihugu. […]Irambuye

Mugesera yongeye gusaba amezi abiri ariko arayimwa

Nyamirambo – Kuri uyu wa kane ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge Leon Mugesera n’umwunganizi we Maitre Mutsinzi Donat bari bongeye kugera imbere y’Urukiko maze basaba andi mezi abiri yo kwiga neza dossier ya Mugesera. Leon Mugesera atanga impamvu ashaka andi mezi abiri, yasobanuye ko dossier yayihawe tariki 18 Gicurasi uyu mwaka, bityo ko mu minsi […]Irambuye

Turikumwe Family bazibuka abishwe muri jenoside bangirijwe imyanya ndangamyorokere

Umuryango w’abakobwa bacitse ku icumu rya jenoside yakorerwe abatutsi bize muri FAWE Girls School bibumbiye mu muryango TURIKUMWE Family, bateguye igikorwa cyo kwibuka abatutsi b’igitsinagore bishwe bangirijwe imyanya ndangamyorokere. Mu kiganiro UM– USEKE.COM  twagiranye n’umwe mu bahagarariye uyu muryango, Vanny Katabarwa, yadutangarije ko ibyabaye birenze ubwicanyi ko ahubwo ari n’uburimbuzi ndenga kamere, akaba ariyo mpamvu […]Irambuye

Urukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura ku bana biratangwa kuwa 4

Amakuru dukesha umuyobozi ushinzwe ikingira muri minisiteri y’ubuzima(expanded program on Vaccination) Dr Gatera Maurice aravuga ko kuri uyu wa kane tariki 24 Gicurasi hazakorwa icyiciro cya 2 cy’ikingira rya kanseri y’inkondo y’umura naho kuwa gatanu hatangizwe urukingo rw’impiswi iterwa na virusi yitwa Rotavirus. Ku rukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura, ruzwi ku izina rya Gardasil ruzatuma […]Irambuye

Dr Margaret yatorewe manda ya kabiri yo kuyobora OMS

Ibi ni ibyavuye mu nama rusange y’umuryango mpuzamahanga ushinzwe ubuzima  igeze ku munsi wayo wa 3 i Geneva mu busuwisi. Dr Margaret Chan yari yagiriwe icyizere kuwa gatatu tariki ya 18/01 n’akanama nyobozi k’uyu muryango ko kongera kuwuyobora imyaka 5 ariko asabwa kwemezwa mu matora yagombaga gukorwa n’inteko rusange,ariyo yabikoze kuri uyu wa gatatu tariki […]Irambuye

Amazina agezweho y’abana b’abahungu mu mwaka wa 2012

Umuryango wanyu ushobora kuba utegereje umwana w’umuhungu kugeza mu mpera za 2012, twifashishije izindi mbuga nka femmeactuelle.com na enfant.com twabateguriye amazina 20 y’abana b’abahungu agezweho muri uyu mwaka, icyo asobanura, inkomoko yayo ndetse n’iminsi mikuru yayo. Ayo mazina ni akurikira : 1. NATHAN : Inkomoko: rikomoka ku ijambo ry’iriheburayo(hebreu) nathane risobanura Imana yaratanze. (Dieu a donne) Amateka […]Irambuye

en_USEnglish