Month: <span>March 2012</span>

NYIRAZESA ku myaka 105 yaba irenga, ari mu bakuru basigaye

Umukecuru Nyirazesa Rea, atuye mu murenge wa Mukingo mu karere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo. Uyu mu kecuru abaturanyi be ndetse n’abo mu muryango we bavuga ko ashobora kuba ari mu bantu bakuze cyane mu Rwanda, dore ko ntanumwe uzi neza imyakay’amavuko ye. Nubwo mu ndangamuntu nshya yahawe handitsemo ko ubu afite imyaka 105, abakuru […]Irambuye

Ingabo (APR FC) na Police FC zahuye n’uruva gusenya ku

Aya makipe yombi ari mu yahabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cya Shampiona y’umupira w’amaguru, kuri uyu wa gatatu ku munsi wa 14 wa shampionat yatsinzwe yombi. Kuri stade Amahoro, Isonga FC yashaka kwishyura APR FC nyuma y’iminsi 48 gusa bakinnye APR ikabatsinda 2-1. Uyu mukino warangiye APR ihuye n’akaga ko kwishyurwa n’aba bana b’Isonga ibitego […]Irambuye

Ba basirikare bibye mu karere ka Nyagatare bakatiwe gufungwa burundu

Sgt/Major Nzirasanabo Gilbert na Caporal Ngabonziza Ramazan bakatiwe gufungwa burundu kuri uyu wa kabiri tariki 06/03/2012 nyuma yo guhamwa n’ubujura bakoze mu murenge wa Mukama mu karere ka Nyagatare tariki 28/02/2012. Urukiko rwa gisirikare rwaburanishije uru rubanza mu ruhame imbere y’abaturage bo mu mu Kagari ka Gihengeri, Umurenge wa Muko mu Karere ka Nyagatare Ubushinjacyaha […]Irambuye

Urukiko rwa Arusha rwarekuye Lieutenant Colonel Tharcisse Muvunyi

Nyuma yo kumara imyaka 12 afungiye i Arusha, igihe kingana na 3/4 by’igifungo cy’imyaka 15 yakatiwe kubera uruhare rwe muri Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994, Urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda rwarekuye Lt Col Muvunyi kuri uyu wa kabiri. Mu itangazo ryasohowe n’uru rukiko rivuga ko umuyobozi w’uru rukiko Vagn Joensen ariwe wanzuye ko nyuma y’uko […]Irambuye

Amafoto – Abazahatanira kuba Miss RTUC barabigendera mu myitozo

Kuri uyu wa kabiri tariki 6 Werurwe umunyamakuru w’UM– USEKE.COM yasuye abitegura guhatanira kwambara ikamba rya Nyampinga n’umusore rudasumbwa muri Kaminuza yigisha iby’amahoteli n’Ubukererugendo yitwa RTUC, mu myitozo yo kubigendera barimo. Bamwe mu bari kwitegura kuzahatana bari mu myitozo kuri Alpha Palace Hotel batangarije UM– USEKE.COM ko bifitiye ikizere cyo kuzahiga abandi igihe cy’amarushanwa nikigera. […]Irambuye

Burya abagore baba aribo bafite Tatouage kurusha abagabo

Benshi twibaza ko abahungu n’abagabo b’ibisore aribo bakunda kuba bafite ibi bishushanyo ku mibiri yabo. Nyamara burya ngo abagore n’abakobwa baba aribo bafite iriya mitako kurusha abagabo. Ubushakashatsi bwakorewe muri USA bwagaragajwe kuri uyu wa kabiri na Television y’iby’imyidagaduro, bwerekanye ko mu bantu 1000 babajijwe uko bumva ibya Taouage, baje gusanga 59% bazifite bari abagore, […]Irambuye

Hatangajwe ahantu heza n’ahabi ku Isi ku mugore

Kuri uyu wa kane,  hejuru ya kimwe cya kabiri cy’abatuye Isi babyutse basanga ari umunsi wabo – ABAGORE (igitsina – Gore) –  ku nshuro y’101  Isi irizihiza umunsi mpuzamahanga wabo. Umugore mu Rwanda arishimira ko ariwe ufite umwanya munini mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, naho umugore wo muri Qatar yishimira ko afite amahirwe inshuro […]Irambuye

Kuva mu 2008 Leta yaburanye mu Nkiko Miliyari 24 na

Imibare igaragazwa n’ibiro bishinzwe gukurikirana imanza za Leta muri Minisiteri y’ubutabera, bigaragaza ko imanza nyinshi Leta yarezwemo yagiye izitsinda. Kuva yavugururwa mu 2008, mu manza 1093 Leta yaburanye yatsinzwe 248. Izi manza zose Leta yaregwagamo akayabo kangana na miliyari 24 na miliyoni 650 z’amafaranga y’u Rwanda, muri zo miliyoni 949  nizo yategetswe n’inkiko kwishyura  abiganjemo […]Irambuye

Menya igihe cyiza cyo kwihana icyaha wakoze?

Nkuko bisobanurwa icyaha ni ugukora ibyo Imana itubuza, cyangwa se kudakora ibyo idusaba gukora, uku kugomera Imana rero kukaba ari ko guhora gusabwa abantu ngo bakwihane, tukaba tugiye kurebera hamwe igihe cyiza cyo kukwihana. Iki cyaha  cyavuzwe harugura bigaragara na none ko abantu benshi bagikora babizi kandi banababishaka, binasobanuye ko nta muntu ukora icyaha ayobewe […]Irambuye

Vladmir Putin ubwo yamenyaga yongeye kuba President yarize

Uyu mugabo ubusanzwe ugaragara nk’umunyabukana n’ubukaka , byatunguye benshi kubona amarira amushoka ku matama amaze kubwirwa ko ariwe wongeye gutorerwa kuyobora igihugu cy’Uburusiya kuri iki cyumweru nijoro. Putin yahise atangaza ko intsinzi ye ari iyo gutuma igihugu cyabo kitazagwa mu bushobozi bw’umwanzi, atigeze atangaza yeruye. Abatavuga rumwe nawe, ntibemeye ibyavuye mu matora ndetse bari bateganyije imyigaragambyo […]Irambuye

en_USEnglish