Month: <span>February 2012</span>

Sosiyete z’ubwishingizi muri Africa ziteraniye mu nama mu Rwanda

22 Gashyantare – Umuyobozi w’ishyirahamwe r’yibigo by’ubwishingizi n’ibigo by’imari muri Africa uri mu ruzinduko mu Rwanda, na Ministre w’Intebe Dr Habumuremyi basabye abafite ibi bigo kugira uruhare mu kuzamura ubukungu bw’igihugu. Muri iyi nama yaberaga mu ngoro ya Ministre w’intebe Protais Ayangma Ayang uyu muyobozi ku rwego rwa Africa, yavuze ko niba Leta y’u Rwanda […]Irambuye

u Rwanda, Kenya, Uganda na Tanzania ninde uzatanga undi kugera

Dr. Wolfgang Fengler ni impuguke mu bukungu, amaze imyaka 12 akorera Banki y’Isi. Aracyari umukozi wa Banki y’Isi ushinzwe gukurikirana ubukungu mu bihugu  by’u Rwanda, Kenya, Eritrea, na Somalia agakorera Nairobi. Mu nyandiko yasohoye kuri uyu wa gatatu, yanditse ko Kenya ari kimwe mu bihugu biyoboye ibindi muri aka karere mu kugana ku kiciro cy’ibihugu mu […]Irambuye

Abagisabiriza ni umuco mubi, ingeso, inzara, ubunebwe cyangwa guteka imitwe?

Nubwo u Rwanda ruri gutera imbere ku buryo bushimishije, umukuru w’igihugu akavuga ko abantu bakwiye kwishakamo ibisubizo, bamwe bo baracyabishaka mu bandi basabiriza ku mihanda. Abatuye mu mijyi itandukanye mu Rwanda rimwe na rimwe usanga bajya impaka ku bantu basabiriza, bibaza niba ari ingeso, niba ari ubunebwe, niba ari uburwayi bwabazonze butuma ntacyo bikorera, niba […]Irambuye

Amavubi U 20 yahamagawemo abarengeje iyo myaka

Mu kwitegura umukino wa gicuti Amavubi y’abatarengeje imyaka 20, umutoza Richard Tardy aherutse guhamagara amakinnyi bitwa ko batarengeje iyi myaka. Muri aba bakinnyi ariko, benshi mu bakurikiranira hafi ibya ruhago, bemeza ko aba bakinnyi bamwe muri bo barenze iki kiciro, abandi bo bakaba batanakina mu makipe yabo ku buryo bakwiye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu. Mu […]Irambuye

Abariye imbwa za Gatera bategetswe kwishyura Miliyoni

Inteko y’abunzi mu kagaki ka Nyabagengwa, umurenge wa Rilima mu karere ka Bugesera, nyuma yo guterana kuri uyu wa kabiri tariki 21 yategetse abagabo batanu bariye imbwa ebyiri n’ihene imwe bya Gatera Jean Bosco kumwishyura miliyoni imwe y’amanyarwanda. Habinshuti Emmanuel, Hagenimana James, Nzakizwanimana Yofesi bita Mabuye, Ndagijimana Alexis, Nzabihimana Alphonse nibo barezwe na Gatera kumurira […]Irambuye

Soudan: Inyeshyamba zarekuye ingabo za UNAMID zari zarafashe

Inyeshyamba za Justice and Equity Movement (JEM) zatangaje ko zarekuye ingabo 49 ziri mu butumwa bw’amahoro bwa UNAMID nyuma y’uko ngo bari bazifashe kubera kubinjirira mu gace nta ruhushya. Umuvugizi wa JEM Gibreel Adam Bilal yabwiye Sudan Tribune ko abasirikare 41 bo muri Senegal umwe wo muri Yemen, umwe wo muri Ghana n’umupolisi w’umunyarwanda Rwanda […]Irambuye

Depite SHAMAKOKERA Tharcisse yitabye Imana

Kuri uyu wa gatatu ahagana saa tatu za mugitondo intumwa ya rubanda Tharcisse SHAMAKOKERA yitabye Imana mu bitaro by’umwami Faycal azize uburwayi bw’ibihaha.  Nyakwigendera SHAMAKOKERA w’imyaka 68, yinjiye mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda mu Ukwakira 2008 avuye mu ishyaka rya FPR. Shamakokera Tharcisse mu gihe yari mu buhungiro muri Uganda n’Uburundi yarakoze umurimo wo […]Irambuye

D Strauss-Kahn yongeye gufatwa na Police noneho kubera Indaya

Uyu musaza wahoze ayobora ikigo mpuzamahanga cy’imari, FMI, yafashwe na police ngo abazwe ku kuba yaba afite uruhare mu buraya butemewe n’amategeko mu Ubufaransa. Uyu mugabo washakaga kuyobora Ubufaransa, kuva kuri uyu wa kabiri ashobora gufatwa amasaha 48 na Police yo mu mujyi wa Lille. Abakora iperereza ngo bamaze kubaza zimwe mu ndaya zaho muri […]Irambuye

Rome: Kagame na Bill Gates baratanga ibiganiro ku buhinzi kuri

21 Gashyanyare  –  Kuri uyu wa gatatu saa 12:15 z’amanywa nibwo President Kagame aza kuba atanga ikiganiro mu nama  mpuzamahanga yiga ku buhinzi n’ihindagurika ry’ikirere ibera i Roma mu Ubutaliyani, akaza gukurikirwa n’umuherwe Bill Gates afatanyije n’umufasha we Melinda Gates. Muri iyi nama ya 35 yateguwe na IFAD, umuryango mpuzamahanga wo guteza imbere ubuhinzi, President Kagame […]Irambuye

Kutagisha inama biri mu bikururira Leta Imanza zidashira – Karugarama

Abayobozi b’ibigo bya Leta, bafite aho bahuriye no gusinya ku masezerano mu gutanga amasoko ya Leta kuri barwiyemeza mirimo, bigira impuguke mu byamategeko ariko nyuma bakagaragarwaho n’amakosa,bari mu bakururira leta imanza zidashira. Tharcisse Karugarama,minisitiri w’ubutabera yabitangaje kuri uyu wa kabiri munama n’abayobizi b’ubutegetsi n’imari hamwe n’abagenga b’ingengo y’imari mu bigo bya leta. Minisiteri y’ubutabera yerekanaga […]Irambuye

en_USEnglish