Month: <span>February 2012</span>

Miss Rwanda 1994, Lion Imanzi yari MC aravuga uko byagenze

Lion Imanzi, yari MC (Master of Celemony) mu mihango ya Miss Rwanda 1994 yabaye tariki 17 Ukuboza 1993, yabwiye UM– USEKE.COM uko byari byifashe. Iyi mihango yabereye kuri Hotel Chez Lando, ikaba yari yateguwe n’iduka ryitwaga ‘Partners international’  rya Nganyiyintwari Jacques. Lion Imanzi yatubwiye ko ryari ku muhanda ubu uriho za BK, KCB na Ecole […]Irambuye

Dusobanukirwe n’imiti:igice cya 1,Paracetamol

Umuti wa paracetamol cyangwa acetaminophen ni umuti ukoreshwa n’abaganga mu gihe bashaka kugabanyiriza umurwayi ububare(analgesic) cyangwa kugabanya umurira(antipyretic). Ukuba ari umuti ukoreshwa cyane kwa muganga cyangwa abanyarwanda bawiguriye muri za farumasi. Nyamara ushobora no kugira ingaruka mu gihe wafashwe nabi. Paracetamol (acetaminophen) ni umuti ugabanya ububabare ndetse n’umuriro nubwo uburyo ibikoramo bugoye kumenya. Paracetamol kandi […]Irambuye

John Terry yambuwe igitambaro cy’ikipe y’igihugu kubera irondaruhu

John Terry, captain w’ikipe ya Chelsea akaba kandi captain w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, yavanywe kuri uyu mwanya wa kabiri kubera ko akurikiranweho irondaruhu yaba yarakoreye Anthony  Ferdinand wa Queens Park Rangers. Mu itangazo ryasohowe na FA kuri uyu wa gatanu, riravuga ko; kubera kwimurwa kw’ikirego aregwa kigashyirwa mu kwa karindwi, John Teryy abaye avanywe ku kuba […]Irambuye

Misiri : Politiki yivanze muri Ruhago hapfa 74

Mu ijoro ryo kuwa gatatu w’iki cyumweru umupira w’amagaru mu Misiri wagize amateka mabi kuva ishyirahamwe rya ruhago muri icyo gihugu ryatangira mu 1921, uwo munsi abantu basaga 74 bapfiriye mu mvururu zabereye kuri sitade Port-Saïd, iri mu Mjyaruguru y’Iburasirazuba bwa Misiri nk’uko ikinyamakuru cyaho Ahram online cyabyanditse. Ikipe yitwa Al Masry yari yakiriye igihangange cy’i […]Irambuye

Amafoto: Indirimbo nshya ya Urban boys n’umugandekazi Jackie

Kuva kuwa gatanu w’icyumweru gishize itsinda rya muzika  Urban Boys na Manager waryo Muyoboke Alex bagiye mu mujyi wa Kampala, Uganda gutunganyirizayo muzika. Muri studio ya Washington, bahakoreye indirimbo izitwa “Take it Off” cyangwa “Gira bwangu”, amashusho y’iyi ndirimbo akaba nayo yariho atunganywa nkuko mubireba u mafoto hasi. Iyi ndirimbo nshya, ikaba yaracuranzwe mu nzu […]Irambuye

Leon Mugesera yahawe amezi abiri yo gushaka umwunganizi

 2 Gashyantare 2012 – Ku isaha ya saa mbiri n’iminota mirongo ine n’itandatu z’igitondo (8:46AM) i Kigali,  Leon Mugesera yitabye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo, nyuma yo koherezwa kuburanira mu Rwanda avuye muri Canada. Leon Mugesera yageze imbere y’ubutabera bwambere kuwa 26 Mutarama 2012 anagaragarizwa ibyaha aregwa, yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa 2 […]Irambuye

Rayon vs Kiyovu zizahura muri ¼ cy’igikombe cy’amahoro

1 Gashyantare – Nyuma y’imikino ya 1/8 yakinwe kuri uyu wa gatatu yarangiye bimenyekanye ko muri ¼ Rayon Sport na Kiyovu Sport zicakiranye. Mu mikino 8 yakinwe uyu munsi, uwari ukomeye ni uwahuzaga Mukura na Etincelles kuri stade Amahoro, amakipe n’ubundi ahangana cyane muri shampionay. Uyu mukino warangiye amakipe yombi anganya 2-2, hitabazwa za Penaliti […]Irambuye

Minisitiri Binagwaho yasubije ugutakamba kw’ababyeyi ba Angel

Mu nkuru zacu zishize twari twabagejejeho inkuru y’umwana witwa Mugisha Ineza Angel. Uyu mwana yavukanye indwara y’ubusembwa ku mutima we (malformation cardiaque) ituma amaraso yivanga n’umwuka ku buryo budasanzwe mu mutima, biturutse ku mutsi uyatwara utajya mu nzira yawo isanzwe. Ugutakamba kw’ababyeyi ba Angel Minisitiri Binagwaho akaba yarakumvise aho yasabye uyu muryango kuza ku bitaro […]Irambuye

u Rwanda rwunamiye intwari zarwo

1 Gashyantare –  u Rwanda rwibutse intwari z’abanyarwanda bagize akamaro mu kuba igihugu kiri aho kigeze none. Imihango ikaba yabereye mu midugudu ndetse no ku irimbi ry’intwari i Remera ku rwego rw’igihugu. President Kagame, abahagarariye imiryango y’izo ntwari, abakuru b’ingabo na Police ndetse n’abandi banya politiki bari ku irimbi ry’intwari riri i Remera hafi ya […]Irambuye

Leonidas Ndayisaba ufite ubumuga bwo kutabona arangije itangazamakuru muri UNR

Kuwa gatanu w’icyumweru gishize Leonidas Ndayisaba, kimwe n’abandi banyeshuri 3,391 izina rye ryasomwe mu yandi y’abarangije muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda i Ruhande. Leonidas akaba arangije mu ishuri ry’itangazamakuru n’itumanaho. Ndayisaba Leonidas azwi mu Rwanda nk’umunyamakuru w’imikino kuri Radio Salus, no kuri City Radio aho akora uyu munsi nyuma yo kurangiza amashuri ye. Leonidas abana […]Irambuye

en_USEnglish