Month: <span>February 2012</span>

Se wa Lady Gaga yanga imyambarire y’umukobwa we

Imyambarire y’umuririmbyikazi Lady Gaga kuri ‘stage’ ivugwaho byinshi kandi igatungura benshi cyane.Bamwe barayinenga, abandi bakavuga ko kubatungura mu myambarire kwe aribyo bamukundira. Umwe mu badakunda imyambarire ye harimo Se umubyara, Joe Germanotta, uyu mugabo ukora ibijyanye na Internet, avuga ko yanga kureba imyambarire y’umukobwa we. Joe Germanotta ufite inkomo mu butariyani, yemeza ko imyambarire y’umukobwa […]Irambuye

Amaze kubyara abana 14 nyamara aracyari Imanzi

Ku myaka 36 yamera ko afite abana 14 nyamara nta muntu wigitsina gore araryamana nawe Trent Arsenault, yabashije kubyara aba bana mu gutanga intanga ze. Uyu mugabo ngo umara umwanya we wose kuri mudasobwa, abonye atabona umwanya wo gukora ibindi, birimo nibyerekeranye no kubyara bisanzwe, yatangiye gufashisha intanga ze, ari ingimbi maze mu 2006 ashinga […]Irambuye

Rayon sport yazanye umuzamu mushya, Abakinnyi bo ntibarahembwa

Nyuma yo gutsindwa umukino w’ikipe y’Isonga FC, abafana ba Rayon benshi bakemeza ko umuzamu Juma Mpongo yagize uruhare mu bitego 2 byinjiye mbere yo gusimbuzwa, Rayon yazanye umuzamu mushya. Kugeza ubu uyu muzamu ntaratangazwa amazina ye, ndetse naho aturutse ntiharatangazwa.  Jean Marie Ntagwabira utoza Rayon we yatangaje ko bagishakisha umuzamu mushya nubwo amakuru atugeraho yemeza […]Irambuye

Ku myaka 36 yimanitse arapfa

Umugabo w’imyaka 36 arakekwaho kwimanika ku gisenge cy’inzu ye maze akiyahura, ni murenge wa Nasho Akarere ka Kirehe. Umurambo wa Binyagu Ndaribonye ukaba warabonywe n’abaturanyi be. Nubwo ntawuramenya icyamuteye kwiyambura ubuzima, bavuga ko icyabimufashijemo ari inzoga. Adelite Hakizamungu Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uriya murenge yatangarije Newtimes ko nyakwigendera ngo asanzwe azwiho kunywa inzoga nyinshi cyane. Hakizamungu yemeza […]Irambuye

N’ubwo bigukomereye, ibuka ko kugutabara harimo inyungu y’Imana nyinshi!

Mu butayu nzahatera imyerezi n’imishata, n’imihadisi n’ibiti by’amavuta kandi mu kidaturwa ndahatera ibiti by’imiberoshi n’imitidari n’imitidari n’imiteyashuri bikurane, kugirango barebe bitegereze, batekereze bamenyere hamwe ko ukuboko kw’Uwiteka ariko kubikoze, kandi yuko uwera wa isilayeri ariwe ubiremye (yesaya 41:20).    Ubusanzwe biragoye ko mu butayu hamera ikimera kigatohagira cyangwa kikera imbuto nk’iz’igiti giteye ku mugezi, bitewe […]Irambuye

Benshi bakomeje gushakisha ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga

Abantu bamaze kubona impushya zo gutwara imodoka mu myaka itatu ishize barenze 72.2% ku mubare w’ibinyabiziga n’ibinyamitende biri mu Rwanda. Police yo mu muhanda yatangarije Newtimes dukesha iyi nkuru ko abantu 146,776 babaonye impushya zo gutwara imodoka kuva mu 2009, muri aba 10% ni igitsina gore. Abantu 31,031 baboye ibyo byangombwa mu 2009, 31,837 bazibona […]Irambuye

“Urukundo rw’Imana rurutabyose” Padiri Obaldi

Ku gicamunsi cy’iki cyumweru kuri Stade de Kigali i Nyamirambo habereye igitambo cya misa cyo gusabira abarwayi kikaba cyari kiyobowe na padiri Obaldi wamamaye mu gusengera abantu bagakira indwara zitandukanye. Imbaga y’abakirisito gatolika n’abandi, bakaba bakaba baje ku butumire bwa Paroisse ya St Andre (Karoli Lwanga Nyamirambo) aho andi mapoisse ya St Pierre, St Famille […]Irambuye

Nta muganga wagombye gukoresha telefoni ari kuvura-PM Damien Habumuremyi

Uyu ni umwe mu myanzuro wafashwe mu nama yahuje Minisitiri w’intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho,abayobozi b’ibitaro byose mu gihugu ndetse n’ibigo nderabuzima. Habumuremyi wahagurikiye muri iyi minsi imitangire ya za serivisi bikanageraho aho asura inzego zimwe na zimwe azitunguye, akaganira n’abasaba serivisi, kuri uyu wa gatanu ho yari yatumiye abarebwa […]Irambuye

Rayon Sport yahawe isomo na Isonga FC kuri 3-1

Ikipe ya Rayon Sport yongeye kubura amanota  atatu mu mukino wayihuje kuri uyu wa gatandatu n’ikipe y’Isonga kuri Stade de Kigali i Nyamirambo, umukino ukaba warangiye Isonga itsinze ibitego 3-1. Wari umukino w’ikirarane kugirango ikipe y’Isonga FC yinjijwe muri shampionat nyuma ibashe kwegera imikino 11 izindi zimaze gukina. Ishyaka ryagaragaye ku mpande zombi kuva umukino […]Irambuye

Abahanzi 20 bazahatanira PGGSS 2012 batangajwe

3 Gashyantare – Muri Serena Hotel imbere y’abanyamakuru benshi ba Showbiz, abatunganya muzika n’abandi batumiwe, hatangajwe abahanzi bazahatanira iki gihembo gitegurwa na Primus ku nshuro ya kabiri. Tijara Kabengera nka MC afatanyije na Lion Imanzi, niwe watangangiye atangaza ko abazahatana muri; Afrobeat: Kamishi, Kitoko, Uncle Austin na Rafiki Kamishi ntayari muri uyu muhango, akaba yatumye […]Irambuye

en_USEnglish