Month: <span>February 2012</span>

Musumbazose yabaye igitutsi ryari?

Urubyiruko ku Isi no mu Rwanda by’umwihariko uzasanga bazamura urutoki rwa musumbazose barwereka uwo batishimye cyangwa bashyamiranye, si ukumwishimira ahubwo baba bibwirako bamututse bikomeye.   Ariko se ubundi kumva ko uru rutoki ruzamuwe izindi zihinnye ruvuga igitutsi byaturutse he? Benshi babikora ubabajije usanga batazi neza icyo gitutsi, kubyishyiramo gusa ngo “ndamututse” cyangwa “arantutse” Iby’uru rutoki, […]Irambuye

Ministiri Dr Binagwaho yashubize ibibazo kuri Twitter, SMS na Website

Nkuko twabibatangarije Minisitiri w’ubuzima Dr Binagwaho Agnes hashize iminsi atangiye gahunda yo kuganira na buri wese ubishaka ku ngingo runaka iba yatoranyijwe kuwa mbere wa buri byumweru bibiri. Ingingo yo kuri uyu wa mbere yari: “Amahugurwa y’abakozi mu rwego rw’ubuzima” (Human resources for health development). Ni ikiganiro cyamaze amasaha atatu asangira ibitekerezo n’abamukurikira kuri Twitter […]Irambuye

YOUNG GRACE, muzika nshya, umuhanzi mushya. Ni nde?

Ntibimenyerewe cyane mu Rwanda ko abakobwa bakora umuziki wa Rap.  Na bake bawukora ntibangana na Abayizera Grace uzwi nka Young Grace. Natwe tuti “muzika nshya, umuhanzi mushya”. Urebye aho ageze si umuhanzi mushya, ku myaka 18 gusa, Young Grace ubu arahatana n’abahanzi nka Pacy, Miss Jojo, Knowless mu kwegukana PGGSS 2012 mu bagore, aba kandi […]Irambuye

Icyegeranyo kuburyo ba President ba Africa bayoboye ibihugu byabo mu

Ikinyamakuru the eastafrica cyakoze icyegeranyo ku buryo ubuyobozi muri Africa yose bukurikiranye mu miyoborere, iterambere n’ibini. Iki cyegeranyo kigaragaza uko aba president b’ibihugu byose bya Africa bitwaye imbere y’ibibazo by’imiyoborere, demokarasi, ubwisanzure bw’itangazamakuru, ruswa, n’iterambere ry’umuturage mu mwaka ushize wa 2011. Mu gukurikiranya ibihugu hakurikijwe ibintu nka bitanu, kimwe kimwe gihabwa amanota. Mu byakurikijwe ni; […]Irambuye

Abarangije kwiga ubuvuzi muri NUR bagiye kumara amezi 5 bategereje

Mu gihe u Rwanda rugikeneye abaganga,kuko umuganga umwe akivura abaturarwanda bagera ku 17000, intego ikaba ari uko umuganga umwe avura abaturarwanda 10,000.  Nyamara abanyeshuri barangije mu ishami ry’ubuvuzi muri Kaminuza y’u Rwanda bamaze amezi 5 bategereje koherezwa mu bitaro byo gukoreramo ibyo bize. Aba banyeshuri barangije amasomo yabo ku itariki ya 11/09/2011 nyuma yo gukora […]Irambuye

Umuvugizi w’Ingabo mushya yagatangiriye i Nyakinama

Kuri uyu wambere mu ishuri ry’igisha ku mahoro rya Nyakinama mu karere ka Musanze ahatangijwe amahugurwa ku byerekeye umutekano mu bihugu by’afurika byahuye cyangwa bivuye mu ntambara, nibwo Major Rène NGENDAHIMANA Umuvugizi w’Ingabo mushya yagaragaye bwa mbere mu kazi ke. Aya mahugurwa yitabiriwe n’abahagariye ibihugu byo muri aka karere kongeraho Liberia, Sierra Leone, Cote d’Ivoire […]Irambuye

Impanuka y’ikamyo yahitanye abantu babiri muri Gakenke

Yabaye mu ijoro ryo kuri iki cyumweru ubwo ikamyo yo muri Tanzania yari ijyanye amavuta ya Mazout mu mujyi wa Musanze maze ikitura hasi mu karere ka Gakenke ahitwa murwamenyo. Abo muri kariya gacantre ko mu murenge wa Gashenya akagali ka Nyakina batangarije UM– USEKE.COM ko iyi kamyo yaguye ahagana saa ,bili z’ijoro. Uwari uyitwaye […]Irambuye

Hari ubwicanyi bwakorewe impunzi z’abanyecongo – UNHCR

Impunzi mu burasirazuba bwa DRCongo ngo zatewe n’abantu bitwaje intwaro zikorerwa iyica rubozo izindi ziricwa nkuko byemezwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryo gucyura impunzi UNHCR. Izi mpunzi ngo zatewe kuwa gatanu w’icyumweru gishize, mu nkambi za Nyanzale, Mweso na Birambizo mu gace ka Masisi, ibirometero 90 uvuye mu mujyi wa Goma. UNHCR yemeza ko izi mpunzi […]Irambuye

Impeta n’ishati bya Col Khadafi bihagaze miliyooni 2$ muri cyamunara

Impeta Gaddafi yambaye asezerana na Safia tariki 10 Nzeri  1970, hamwe n’ishati yari yambaye igihe bamwica byashyizwe muri cyamunara, bikaba bihagaze agaciro ka miliyoni ebyiri z’amadarali y’Amerika ($2million). Mbere yuko bamwicira mu mujyi avukamo wa Sirte, Gaddafi yari yambaye impeta y’umuringa (Silver) n’ishati y’ibara rya ‘beige’. Umunya Libya Ahmed Warfali, yatangaje ko ashaka gukura amafaranga […]Irambuye

“Mwubake ubwiherero ku barwayi cyangwa mufatirwe ibihano” Dr Binagwaho

Minisitiri w’ubuzima yahaye amezi atatu ibitaro byose by’uturere kuba byubatse ubwiherero buhagije ku barwayi cyangwa bagafatirwa ibihano nkuko tubikesha itangazo rya minisiteri y’ubuzima rigaragara ku murongo wa internet wabo moh.gov.rw Ibi bije bikurikira ibyatangajwe mu binyamakuru binyurane harimo n’umuseke.com byerekana umwanda ukabije mu bwiherero bw’ibitaro bya Muhima n’ikigo nderabuzima cya Muhima. Muri iryo tangazo Dr […]Irambuye

en_USEnglish