Month: <span>December 2011</span>

Bamwe mu mpunzi z’abanyarwanda baba muri Cameroun basuye urwibutso rwa

Kuri uyu wa kabiri, zimwe mu mpunzi z’ Abanyarwanda ziba mu gihugu cya  mu Camerooon  zasuye urwibutso rwa Genoside yakorewe abatutsi ruri Gisozi ho mu Mugi wa Kigali. Izo mpunzi z’ Abanyarwanda zasuye urwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi ruri ku Gisozi ubwo zahageraga  zatemberejwe ibice  bitandukanye  by’urwibutso. Bamwe muri izo mpunzi z’abanyarwanda bavuze ko  bababajwe […]Irambuye

Imyitozo ku bakinnyi b’abanyarwanda bavuye i Burayi yakomeje. Amafoto

Abakinnyi bagera kuri 12 baba ku mugabane w’Uburayi, bavukiye mu Rwanda cyangwa bafite ababyeyi b’abanyarwanda  baba hanze, bari mu Rwanda aho baje ngo barebe niba hari abashoboye babe bashyirwa mu ikipe y’igihugu Amavubi. Nubwo mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuwa gatatu tariki 21 havuzwe ko bano bakinnyi baje no muri gahunda ya “come and see”. Gahunda […]Irambuye

Maria de Nazare wo muri Brazil yibarutse uruhinja rw’imitwe 2

Uyu mubyeyi wibarutse uno mwana yitwa Maria de Nazare, Umwana we yavukiye ahitwa Anajas mu bitaro biri mu Majyaruguru ya Brazil mu ntara ya Para, akaba yapimaga ibiro 4.49. Santa Casa hospital muri Anajas aho uyu mubyeyi n’uruhinja bari kwitabwaho, Umubyeyi w’uru ruhinja akaba yagiye kubyara yiteze kuza kubyara impanga. Nkuwemera kristo dore yuko tunitegura Noheli yahisemo […]Irambuye

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateraniye muri village urugwiro ku wa

None kuwa gatatu tariki ya 21 Ukuboza 2011, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yatangiye imirimo yayo yishimira igihembo “LifeTime Achievment Award“ Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yaherewe i Kampala muri Uganda ku wa 11 Ukuboza 2011 kubera uruhare agaragaza mu guteza imbere urubyiruko. Uru ni […]Irambuye

Kurwara Diabete ku mugore utwite bishobora gutuma abyara umwana ufite

Diyabete cyangwa ibyo bakunze kwita indwara y’igisukari ni indwara igaragazwa no kugira urugero ruri hejuru rw’isukari yo mu maraso. Ibi bigatuma uyirwaye anyaragura cyane, akagira inyota, ndetse no gusonza cyane; bikanatuma ubwirinzi bw’umubiri ku zindi ndwara bugabanuka, bityo akaba yarwara izindi ndwara. Umubyeyi utwite kandi afite iyi ndwara ya diyabete, bavuga ko umwana we yahura […]Irambuye

U Rwanda rusoje 2011 ruzamutse ku rutonde rwa FIFA

Ku rutonde rwa FIFA rw’uko ibihugu bikurikirana ku isi muri ruhago rwasohotse kuri uyu wa gatatu, u Rwanda rwigiye imbere ho imyanya 8 ugereranyije no mu kwezi gushyize. Uru rutonde rw’ukwezi k’Ukuboza, rwashyize umwanya ku mwanya w’106 ku isi, kuwa 27 ku mugabane wa Africa. Impamvu yo kuzamura u Rwanda  imyanya 8 yose ikaba yahereye […]Irambuye

Matayo Ngirumpatse na Karemera bakatiwe gufungwa burundu

Kuri uyu wa gatatu, urukiko mpuzamahanga rwashyiriwe u Rwanda rw’i Arusha, rwakatiye Mathieu Ngirumpatse na Edouard Karemera igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cya Genocide. Ngirumpatse,  wari President w’ishyaka MRND na Karemera wari vice president we, nubwo bahakanaga ibyo baregwa, bahamijwe gutegura no gushyira mu bikorwa ubwicanyi bw’abatutsi n’abahutu batabashyigikiye mu mugambi wabo nkuko […]Irambuye

Aloyisie CYANZAYIRE yashyikirije ububasha Prof Sam RUGEGE

Ku kicaro cy’Urukiko rw’ikirenga kuri uyu wa kabiri habereye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’Umukuru w’Urukiko rw’ikirenga ucyuye igihe Mme Aloyisie CYANZAYIRE n’uwamusimbuye Professor Sam RUGEGE. Muri uyu muhango, Mme Aloyisie CYANZAYIRE yashyikirije umukuru w’Urukiko rw’ikirenga mushya amadossier akubiyemo ibi bikurikira: -Raporo y’ibikorwa by’inkiko 2004-2011 -Inyandiko ya gahunda y’ibikorwa y’umwaka wa 2011-2012 -Gahunda y’ikoranabuhanga mu […]Irambuye

Kuki abantu bicwa kubera amatora y’abayobozi muri Africa?

Mu bihugu byinshi bya  Afurika amatora ategurwa ku rwego rw’umukuru w’igihugu usanga asiga amateka menshi kenshi mabi, bitewe ahanini n’ibiba byayavuyemo. Ibikorwa byo kwiyamamaza usanga ubwabyo bibamo gushyamirana gukomeye, bamwe bakahagwa, bavuga ngo bazibwa amajwi n’ibindi,  kandi nyamara n’amatora nyirizina ataraba. Mugihe kandi ibi bihugu biba bivuga ko bifite Komisiyo z’igenga zitegura ibikorwa by’amatora, ntibibuza […]Irambuye

Urugaga rw’abikorera(PSF) rwagendereye abikorera mu isoko rya GAKINJIRO

Umuyobozi w’ akarere ka gasabo NDIZEYE Willy arashima uruhare urugaga rw’ abikorera rugira mu iterambere ry’ako karere n’irya abaturage. Ubu ibikorwa by’urugaga rw’abikorera bikaba bisaga miliyari 5 muri ako karere, ibi uwo muyobozi akaba yabitangarije UM– USEKE.COM mu gikorwa  cy ‘inama nyungurana bitekerezo ku mikorere y’inzego zihagarariye abacuruzi n’abikorera, inama yabereye mu murenge wa Gisozi […]Irambuye

en_USEnglish