Month: <span>December 2011</span>

Misiri: Urukiko rwahagaritse gupima ubusugi bw’abakobwa bafunzwe

Urukiko mu mujyi wa Cairo rwategetse ko igikorwa cyo gupima niba abakobwa bafungiye mu mabohero y’abasirikare ari amasugi gihagarara. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’uko umwe mu bapimwe ubusugi akaza kurekurwa, Samira Ibrahim, areze mu nkiko ko bamupimye ku ngufu. Samira, yashinjaga abasirikare bari bamutaye muri yombi kumupima niba ari isugi ku ngufu, nyuma yuko yari […]Irambuye

Zuckerberg watangije Facebook yishimisha ku mugongo w’imbogo

Mark Zuckerberg watangije urubuga ruzwi cyane rwa facebook, yagaragaye aryoherwa no kugenda ku mugongo wa rwarikamavubi mu gihugu cya Vietnam, aho yari ku munsi ukurikira Noheli bita Boxing Day Yari mu misozi yo mu cyaro cya Vietnam aho umworozi muri ako gace yamufashaga kwishimisha ku mugongo w’imbogo imenyeranye n’abantu. Uyu muherwe washinze ruriya rubuga mpuzambaga, […]Irambuye

Icyo umukobwa wa Ingabire Victoire avuga ku rubanza rwa nyina

Raissa Ujeneza, umukobwa wa Ingabire Victoire, muri iyi minsi y’impera z’umwaka yaganiriye na Radio yitwa AfrobeatRadio ikorera i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agira icyo atangaza ku rubanza rw’umubyeyi we ufungiye mu Rwanda. Ujeneza yatangaje ko ibyaha nyina umubyara ashinjwa byo gukorana n’umutwe w’iterabwoba, gukwirakwiza ibihuha, gutanya abanyarwanda yifashishije amoko no guhamagarira abantu […]Irambuye

Umugabo yafatanywe inzoka nyinshi mu ivarisi ye ajya mu ndege

Umugabo ukomoka muri Republic Czech yafatanywe inzoka nyinshi, n’ibindi bikururanda bigera kuri 247 bizima biri mu isanduku bagendana. Karel Abelovsky, 51, yashakaga kuva muri Argentine yerekeza i Madrid n’indege, yaje gufatwa n’ibyuma kabuhariwe bikoreshwa mu gusaka byifashishije X-Ray (rayons) byerekanye ko mu isanduku y’uwo mugabo harimo ibinyabuzima byinyagambura. Yagombaga gutega Iberia Airlines afatirwa ku kibuga […]Irambuye

Lady Gaga akurikiranwe n’uwari umukozi we

Uwahoze ari umukozi (Personal Assistant) wa Lady Gaga ubu ari kumukurikirana mu nkiko kuko tubikesha TMZ. Jennifer O’Neil ari kwishyuza Gaga  ibihumbi $380,000 ngo yamwambuye ku masaha 7 168 y’ikirenga yamukoreye ubwo bari bakiri kumwe. Jennifer ngo yari ashinzwe kumuha igitambaro cyo kwihanagura (esuie-main) mu gihe yabaga avuye mu mazi, ndetse akanakora ako kumubyutsa ku […]Irambuye

Ari Cristiano Ronaldo na Lionel Messi ninde witwaye neza mu

Inyuma yo guhangana gukomeye hagati ya Barcelona na Real Madrid, hari no guhangana kutoroshye hagati ya Lionel Messi na Christiano Ronaldo. Nubwo benshi bashobora kwemeza ko Lionel Messi yaba yararushije bigaragara Christiano Ronaldo kwitwara neza, cyane ko ikipe ye (Barcelona) yanageze kuri byinshi uyu mwaka, ikinyamakuru Goal.com cyerekanye ko urebye ku mukinnyi ku giti cye […]Irambuye

“Tuzaruhuka ari uko Mbarushimana ageze mu rukiko” – Martin Ngoga

Umushinjacyaha mukuru w’u Rwanda Martin Ngoga, niwe watangaje ko bazakomeza gukurikirana Callixte Mbarushimana uherutse kurekurwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’i La Haye. Martin Ngoga yatangarije Izuba rirashe ko Mbarushimana azakomeza gukorwaho iperereza ku byaha bya Genocide yaba yarakoreye mu Rwanda mu 1994. Mbarushimana yaburanishwaga i La Haye ku byaha byakorewe muri DRCongo mu 2009, yashinjwaga gutanga […]Irambuye

Rda: Abanyeshuri 49% bafite ikibazo cyo guhetama uruti rw’umugongo

Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Kigali (KHI) ryashyize ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi butandukanye bwakozwe n’abarimu, bumwe muri bwo bukaba bwerekana ko 49% by’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye mu Rwanda batangiye kugira ikibazo cyo guhetama akagufwa k’uruti rw’umugongo bitewe n’uburyo bicara mu ishuri. Ubu bushakashatsi bwamurikiwe abafatanyabikorwa, abakozi ndetse n’abanyeshuri b’iri shuri  bwatewe inkunga na Minisiteri y’Uburezi, […]Irambuye

Abantu 4 bishwe mu mpanuka zo mw’ijoro rya Noheli

Impanuka zigera kuri esheshatu nizo zaba zarabaye mu ijoro rya Noheli mu gihugu hose, abantu bane bazitakarijemo ubuzima nkuko byemejwe na Police. Babiri mu bishwe n’izi mpanuka baguye mu mujyi wa Kigali ubwo moto yagwaga mu ikona ku muhanda wa UTEXRWA igahitana umumotari n’uwo yari itwaye ako kanya. Abantu umunani batawe muri yombi ahatandukanye mu […]Irambuye

Why work with us?

WWW.UM– USEKE.COM  is a website operating since the beginning of the year 2011, due to variety of news offered to visitors; the number of them has risen considerably. The website is having the average of 57,000 visitors per day (July 2012). The numbers are increasing on a daily basis. We deliver all kind news in […]Irambuye

en_USEnglish