Month: <span>December 2011</span>

Album ya Knowless i Kigali mu mafoto

Nyuma yo kumurika Album ye mu birori bya Jungle party I Rubavu kuri uyu wa gatandatu, umuhanzikazi Knowless kuri iki cyumweru nibwo abo mu mujyi wa Kigali nabo babonye ibirori kuri Pt Stade i Remera. Knowless yafashijwe n’abahanzi nka Kamichi, King James, Riderman, Kitoko na Mzee Makanyaga abdul mu bahanzi ba hano mu Rwanda. Hakaba […]Irambuye

Ibisigazwa by’ibikoresho byifashisha ingufu z’amashanyarazi biteye inkeke ku buzima bwa

Muri iki gihe usanga abantu bashishikazwa no gutunga ibikoresho bikenera ingufu z’amashanyarazi, ariko ugasanga hari abatita ku ireme  ry’ibikoresho n’igihe  bigomba kumara bikoreshwa. Ibi bikoresho byiganjemo ibyo mu ngo ndetse n’ibyifashishwa muri  biro, iyo bimaze gusaza cyangwa se bimaze gutakaza ubuziranenge bwabyo bigira ingaruka mbi ku buzima bwa muntu. Ingaruka zinganjemo uburwayi bunyuranye harimo na  […]Irambuye

JUNGLE party i Rubavu byari ibicika – Reba amafoto

Harishize iminsi itari mike hategerejwe ibirori by’imbaturamugabo byiswe JUNGLE party i Rubavu, kuwa gatanu 18/12/2011 umunsi warashyize uragera maze imbaga y’abantu ihurira iburengerazuba isusurutswa n’ibihangange muri muzika aribyo Blackets(bazwi cyane mu ndirimbo YORI YORI), Jackie na Vampos bo muri Uganda  na Madtrix wo muri Kenya, abahanzi bo mu Rwanda barimo Knowless, Kamichi, Riderman ndetse na […]Irambuye

Desiré Mbonabucya arazana abasore b’abanyarwanda bakina i Burayi

Desiré Mbonabucya, wahoze ari captain w’ikipe y’igihugu Amavubi, biteganyijwe ko kuri uyu wa gatatu agera i Kigali, aho aba ayoboye abasore b’abanyarwanda bakinira mu bihugu by’I burayi mu mikino ya gicuti mu Rwanda. Aba bakinnyi 12 na Desiré ngo baragera mu Rwanda kuri uyu wa gatatu cyangwa kuwa kane w’iki cyumweru nkuko umwe mu bamuri […]Irambuye

Umwijima wugarije abakoresha Gare ya Nyabugogo

Muri Nyakanga uyu mwaka, nibwo imodoka zitwara abagenzi bajya cyangwa bava hanze ya Kigali zimuriwe muri Gare ya Nyabugogo. Iki cyemezo kikaba cyaratumye iyi gare ya Nyabugogo ihuza urujya n’uruza rw’amamodoka n’abantu benshi. Iyo bigeze mu ijoro, abakoresha iyi Gare, batangarije UM– USEKE.COM ko bagira ikibazo gikomeye cy’umwijima, uteza impanuka nto zimwe na zimwe ndetse […]Irambuye

Andre Dede Ayew niwe mukinnyi mwiza muri Africa watowe na

Uyu mukinnyi wo hagati w’ikipe y’igihugu ya Ghana, niwe watowe nk’umukinnyi mwiza w’umunyafrica uhembwa na BBC buri mwaka. Dede Ayew ukinira ikipe ya Olympique de Marseille akaba ariwe watowe n’abafana benshi kuri SMS mu itora ryakoreshejwe na British Broadcasting Corporation. Uyu muhungu w’imyaka 22 gusa, yaje imbere  y’ibihangange nka Samuel Eto’o, Yahya Toure , Gervinho […]Irambuye

Abagore bakubiswe bikomeye mu myigaragambyo i Cairo

Kuri iki cyumweru imyigaragambyo yakomeje mu Misiri ku munsi wa gatatu, kuva mu rukerera abaturage bakaba bari bahanganye n’ingabo i Cairo muri Tahir Square, aho abaturage bari kwamagana ubutegetsi bwa gisirikare. Amafoto  ya Associated Press na Reuters yagaragaje aba basirika re bakubita abagore bigaragambyaga ku buryo bukomeye. Aba bagore n’abakobwa, biganjemo abanyeshuri bo muri za […]Irambuye

Viagra yakoreshwa n’abagore ikomeje kuba ikibazo

Libigel wafatwa nk’umuti wazakoreshwa nka Viagra ku bagore, ukaba wari ugenewe ababyeyi bacuze bafite ikibazo cyo kubabara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina kubera iyo myaka bagezemo. Ariko amageragezwa 2 yakozwe mbere yuko ushyirwa ku isoko ntakizere atanga, ibi byanze kandi mu gihe inganda zishakisha uburyo zakora umuti umeze nka Viagra ikoreshwa n’abagabo bafite ikibazo mu gutera […]Irambuye

Israël irashaka kubaka urukuta rukumira Abanyafurika

Bimwe mu bihugu byo kumugabane w’uburayi bitangazaza ko byugarijwe n’umubare munini w’ababyinjiramo batujuje ibyengombwa. Gouverinoma ya Israël, ibvuga ko ihangayikishijwe n’abakozi bahinjira badafite uburenganzira, Ministre w’Intebe Benjamin Netanyahou we akemeza ko bagiye guhagurukira iki kibazo ku buryo bukarishye nkuko  bitangazwa n’ikinyamakuru The Jerusalem Post. Mu gihe yafunguraga inama y’abaminisitiri ku ya 11z’uku kwezi, Netanyahou yagaragaje uburakari […]Irambuye

Iran yakomeje kwanga gutanga indege y’ubutasi y’Amerika yafashe bugwate

Iran yatangaje ko yatinze gutangaza amakuru ku ndege y’ ubutasi y’abanyamerika kugira ngo irebe uko babyitwaramo. Nk’ uko bitangazwa na AP, minisitiri w’ ububanyi n’amahanga wa IRAN, yatangaje ko batinze gutangaza ihanurwa ry’indege y’ubutasi y’abanyamerika ku bwende, kugira ngo babanze barebe uko  abanyamerika bitwara kuri icyo kibazo. Mu gihe gishize nibwo ibiro ntaramakuru bya IRIN byatangajeko […]Irambuye

en_USEnglish