Aba bashinzwe umutekano muri rubanda, mu mahugurwa yabo yaberaga mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge, basabye umuyobozi w’akarere ka Nyarugenge ko bafashwa mu byifuzo byabo. Abo ba local defense bakaba bagaragarije Umuyobozi w’ Akarere bimwe mu byifuzo byabo birimo gufashwa gusezerana kuri bamwe muri bo babana bitemewe n’ amategeko , guhabwa uburyo bwo […]Irambuye
Kuwa gatanu tariki 25 Ugushyingo, nibwo hatangijwe kumugaragaro inzira yiswe Congo Nil Trail, umushinga wa RDB wo guteza imbere abaturage bo mu gace gakikije ikivu binyuze mu bukerarugendo. Congo Nil Trail, ni umuhanda wakozwe utarashyirwamo kaburimbo, unyura ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, kuva I Rubavu kugera I Rusizi uciye I Karongi mu ntara y’Iburengerazuba bw’u […]Irambuye
kuri iki cyumweru, Radio Okapi yatangaje ko yabonye imibiri y’abantu barenga 10 mu buruhukiro bw’ibitaro bitandukanye muri Kinshasa, bishwe n’amasasu, ndetse n’ibikomere nyuma yo guhanga kw’abashyigikiye Joseph Kabila na Etienne Tshisekedi i Kinshasa, nubwo bwose kwiyamamaza byari byahagaritswe muri uyu mujyi. Benshi muri aba bishwe ni abarwanashyaka bishyaka UDPS rya Tshisekedi ritavugwa rumwe na Leta. Police […]Irambuye
Kuri uyu wagatandatu ni bwo kuri Stade Regional i Nyamirambo, hasorejwe irushanwa ry’amagare rya gatatu rizenguruka u Rwanda ku mugaragaro na Minisitiri ufite imikino mu nshingano Mitali Protais, agace kanyuma kakaba kegukanwe n’umunyarwanda ukinira ikipe y’Akagera, witwa Biziyaremye Joseph waje imbere y’Umunyamerika Kiel Reijnen wari usanzwe yegukana uduce tw’inshi tw’irushanwa. Mu kiganiro n’abanyamakuru imbere y’imbaga […]Irambuye
Kuri uyu wagatanu tariki ya 25 ugushyingo 2011, ni bwo umushinga w’Abadage wita ku mahoro (GIZ), wijihije imyaka 10 ukorera mu Rwanda, by’umwihariko ukoba ukorana n’ikigo cy’urubyiruko (Maison de Jeune) gikorera ku Kimisagara mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro n’abanyamakuru, aho intumwa zihagarariye uwo mushinga wa GIZ mu Rwanda harimo Dr. Thomas Roesser umukuru w’umushinga […]Irambuye
Aka gahungu k’imyaka 11 kuri uyu wa kane i Versailles kitabye police ko na gashiki kako gafite imyaka 12 gashinjwa ubufatanyacyaha na musaza wako mu gufata ku ngufu umwana w’imyaka 6. Nyina w’aba bana nawe yitabye police kubera kudatangaza iki cyaha no guhisha ibimenyetso. Aba bana na nyina bakaba bacumbikiwe mu nzu yategayijwe aho bacungiwe umutekano. […]Irambuye
Kuwa kane tariki 14 Ukuboza uyu mwaka, The Leon H. Sullivan Foundation izaha icyubahiro bamwe mu bantu yigeze guhemba ku Isi kubera ibikorwa byindashyikirwa bakoreye abo bayoboraga n’isi muri rusange. Muri uriya muhango uzabera muri Marriott-WardmanPark Hotel i Washington DC, abo bagabo n’abagore bazakiranwa icyubahiro n’iyi foundation, ndetse n’abaririmbyi bakomeye muri Amerika na Africa, kubera […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu, umukuru w’impuzamashyirahamwe ku isi iharanira ubuhinzi bw’umwimerere (Organic agriculture) yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, aho yatangaje ko Isi ikwiye guhangayikishwa n’ubuhinzi bukoresheje ifumbire mvaruganda “chemical fertilizers” kuko ari mbi kubuzima bw’umuntu nubwo hari inganda zo mu Uburayi na Amerika zikomeje kuyohereza muri Africa. Umunya Swede Gunnar Rundgren yasobanuye ko ifumbire ikorerwa mu nganda […]Irambuye
Kunywa ibinini birenze ibyo umurwayi yategetswe na muganga buri munsi bishobora kugira ingaruka mbi ku mubiri hari mo no gupfa. Ibi ni ibyagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza y’ahitwa Edinburgh, mu gihugu cya Ecosse (Scotland), bikaba byarasohotse mu kanyamakuru kandika ibijyanye n’iby’imiti kitwa British Journal of Clinical Pharmacology. Ubushakashatsi bwerekanye ko kubura ubuzima byoroshye bitewe n’ibibazo […]Irambuye
Mu gihugu cy’Uburusiya umugore witwa Kristina Rei ufite imyaka 22 afite intego yo gusa n’umwe mu bakinankuru (actrice) ukina mu mafilimi y’ibishushanyo (cartoons cyangwa dessin anime) witwa Jessica Rabbit. Uyu mukobwa ngo kugirango agere kuri ubu bwiza bikaba byaramusabye guterwa inshinge zisaga 100, ku myaka 17 gusa ni bwo yatewe umuti witwa silicone ku […]Irambuye