Nyuma y’amezi icyenda asabwa n’abaturage batamushyigikiye kuva ku butegetsi, President Saleh wa Yemen yashyize yumvikana nabo ararekura kuri uyu wa gatatu. Yahise afata indege yerekeza muri Arabia Saoudite aho yasinyiye amasezerano y’ubwumvikane bwo gutanga ubutegetsi kuri Vice President, nawe agahabwa ubudahangarwa kuri we n’umuryango we bwo gukurikiranwa n’inkiko. i Riyadh, imbere y’umwami Abdallah wa Arabia […]Irambuye
Ambassaderi wa USA mu muryango w’abibumbye uri mu ruzinduko mu Rwanda kuva kuwa kabiri, kuri uyu wa gatatu yatangaje ko igihugu cye cyatabaye muri Libya cyanga ko ubwicanyi ku abataravugaga rumwe na Khaddafi bwaba nk’ubwabaye mu Rwanda mu 1994. “ kuri iyi nshuro, akanama ka UN k’umutekano karatabaye, nyuma yo kunanirwa mu Rwanda n’i Darfur, […]Irambuye
President wa Congo Brazzaville kuri uyu wa gatatu nibwo yashoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda, ashimira uburyo yakiriwe mu Rwanda. Denis Sassou N’Guesso, 68, yaje mu ruzinduko mu Rwanda aje gushimangira umubano w’ibihugu byombi, no gusura kandi mugenzi we President Kagame wasuye Congo mu Ukwakira umwaka ushize. Asoza uru ruzinduko rwe, akaba yashimye uburyo […]Irambuye
Mu gihe Leta ishyiraho gahunda zitandukanye zo kugoboka no kurengera abatishoboye, imiturire y’abahejejwe inyuma n’amateka iracyateye impungenge. Ibi ni ibigaragarira amaso iyo umuntu asuye hamwe muho batuye. Hari byinshi mu bimaze gukorwa ngo imibereho yabo ibe myiza henshi mu Rwanda, ariko bamwe mubo twasuye bigaragara ko hari byinshi nabyo bigomba gukorwa ngo imibereho yabo ibe […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu kuri etape ya gatanu ya tour du Rwanda, abanyonzi bavuye i Rubavu berekeza mu karere ka Muhanga baciye mu muhanda wa Mukamira – Kabaya – Ngororero – Muhanga, bakoze ibirometero 140, aho umunyamerika Kiel Reijnen w’ikipe ya Team Type 1 Umunya Africa y’epfo witwa Durah ukinira ikipe ya MTN Qhubeka yaje […]Irambuye
Umugore wo muri Leta z’unze ubumwe za Amerika washanyagujwe isura n’inguge yasaze, yishimiye ko isura nshya yashizweho iri kugenda imera neza ndetse ngo rubanda barashima uko asa ubu. Charla Nash, mu kiganiro yagiranye na NBC TV kuri uyu wa kabiri nijoro, yayitangarije ko isura nshya yateweho igenda ihura neza n’amagufa yo mu maso he. “ […]Irambuye
Izi mpunzi ziganjemo abagore n’abana, zabaga mu bice bya Masisi, Rucuru na Walikare nizo zageze ku mupaka wa Rubavu kuri uyu wa kabiri, zihita zijyanwa mu kigo cya Nkamira, zivuga ko zatashye ku bushake nkuko zibitangaza. Ministeri y’Ibiza n’impunzi MIDIMAR niyo aje guha ikaze aba banyarwanda batahutse mu gihugu cyabo. Aba batashye batangaje ko bananiwe […]Irambuye
Inama rusange ya FERWAFA yabaye kuri uyu wa kabiri ku mugoroba niyo yemeje ko ikipe yakinnye imikino yanyuma y’igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 muri Mexique igomba kuguma hamwe igakina muri shampionat y’ikiciro cya mbere muri uyu mwaka. Amakuru dukesha ruhagoyacu.com, avuga ko iyi kipe, igizwe n’abasore abenshi babarizwaga muri FERWAFA Academy igomba gutangira imyitozo ku […]Irambuye
Ruhango – Kubera akababaro n’icyo bise akarengane ko kutishyurwa amafaranga bakoreye, abaturage bo mu karere ka Ruhango bakoze mu bikorwa by’ubwubatsi bw’amashuri y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka icyenda mu mwaka wa 2009 , ariko kugeza ubu bakaba batarishyurwa, bahisemo gushyikiriza ikibazo cyabo ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo. Mubafashe iyambere kujya ku biro by’Intara y’Amajyepfo kuri uyu wambere, bavuga ko […]Irambuye
Mu kwezi gushize, President Obama yameje iyoherezwa ry’abasirikare 100 muri Uganda, ngo gukurikirana igikorwa cyo guhiga Joseph Kony umukuru wa LRA mpaka afashwe. Ibi ntibivugwaho rumwe kuko abaganda bamwe bemeza ko Amerika ije gushaka Petrole yavumbuwe muri iki gihugu. Petrole iherutse kuboneka muri Uganda yateje ubwega muri iki gihugu, havuzwe ruswa mu guha amasosiyete yo […]Irambuye