Month: <span>September 2011</span>

Impanuka y’ikamyo i Mbazi ahitwa “Ku mukobwa mwiza”

Ikamyo yo mu bwoko bwa Scania yakoze impanuka muri iki gitondo mu karere ka Huye mu murenge wa Mbazi ihitana umushoferi wari uyitwaye nyuma yo gufatwa n’inkongi y’umuriro. Iyi kamyo yari yikoreye essence yavaga muri Tanzania yerekeza i Bukavu muri DRCongo, yituye hasi ahagana mu masaa mbili za mugitondo, mu ikorosi bakunze kwita « Ku mukobwa […]Irambuye

Ronaldo asigaye yambara XXL kubera umubyibuho

I New York aho ari muri iyi minsi, benshi batunguwe n’ingano y’uyu mugabo uherutse gusezera ku mupira w’amaguru mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka. Ronaldo akaba ari kugaragara muri New York aho yagiye kwizihiza isabukuru y’imyaka 32, dor eko yavutse tariki 22 Nzeri mu 1976. Ingano ye ubu yatunguye benshi, bigaragara ko yabyibushye cyane nyuma […]Irambuye

Brig. Gen. Proscovia Nalweyiso umugore wambere ugeze kuri iri peti

Brigigadier General Proscovia Nalweyiso niwe mugore wambere mu mateka ya Uganda wazamuwe ku ipeti ry’urwego rwa General kuri uyu wa gatatu mu muhango wo kuzamura mu ntera zimwe mu ngabo muri Uganda. Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda Felix Kulayigye yavuze ko ari amateka ku gihugu cya Uganda ndetse no kuri uyu mugore by’umwihariko nkuko tubikesha the […]Irambuye

Inter Milan yabonye umutoza mushya

Claudio Ranieri wigeze gutoza Chelsa na AS Roma niwe wagizwe umutoza mushya wa Inter Milan nyuma yo kwirukanwa kwa Gian Piero Gasperini wirukanwe kuwa gatatu mu gitondo. Ku masezerano azamugeza mu 2013, yashinzwe kongera kugarurira ikizere abafana ba Inter nyuma yo gutsindwa n’amakipe makeba nka AC Milan na Trabzonspor (yabatsinze muri Champions Ligue) ndetse n’ikipe […]Irambuye

Umutekano muke na magendu bigaragara mu turere tw’Intara y’amajyepfo duturanye

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 21 Nzeri  intumwa z’igihugu cy’Uburundi n’iz’Intara y’Amajyepfo bahuriye mu nama y’umutekano mu Karere ka Huye mu  rwego rwo gukemura ibibazo by’umutekano muke wagiye ugaragara ku mipaka y’ibi bihugu. Intumwa z’Uburundi zari zikuriwe n’umuyobozi w’intara ya Ngozi, Nahayo Claude mu gihe intara y’amajyepfo yari ihagarariwe n’umuyobozi wayo Munyantwali Alphonse. Aba […]Irambuye

Intambwe 10 wakoresha kugira ngo ubone Umusore wakubera inshuti

Ushobora kuba wicaye ugatekereza ugasanga ukeneye umuhungu ukubera inshuti cyangwa se ukeneye undi umuhungu w’inzozi zawe. Dore ibintu by’ingenzi ugomba kugenderaho bikagufasha kubonma inshuti y’umuhungu : 1. Niba ubonye umusore wishimiye gerageza kumwenyura umwereka ko urangwa n’inseko nziza Abagabo benshi bakururwa n’inseko z’abakobwa. Niba ubonye umusore ukumva umwibonyemo kandi yakubera umukunzi, ntuzigere uzuyaza kumusekera kuko burya n’ubwo […]Irambuye

Umwarimu wa Kaminuza y’Umutara Polytechnic yafashwe abeshya ko afite Masters

Peter MAWAU wari umwarimu muri Kaminuza ya Umutara Polytechnic ari mu maboko ya Polisi kuva kuwa kabiri kubera gukurikiranwaho icyaha cy’impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu cya kaminuza (MA) y’impimbano avuga ko yavanye muri Kenyatta University. Impuro z’ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda nizo zatanzwe ngo afatwe nyuma y’iperereza ryagaragaje ko Kenyatta University y’i Nairobi yahakanye ko Peter MAWAU […]Irambuye

Intara y’Iburasirazuba nayo yatangije igihembwe cy’ihinga Season A.

Intara y’Iburasirazuba yatangije igihembwe cy’ihinga season A kuri uyu wa gatatu 21 Nzeri 2012. Ibi bikaba bibaye nyuma y’uko bigaragaye ko imvura yamaze kugwa hafi ya hose mu Ntara y’Iburasirazuba. Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango , Madamu Inyumba Aloysia wifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa  Murundi mu Karere ka Kayonza mu gutangiza iki gikorwa, yasabye abaturage […]Irambuye

Menya kuganiriza Umugabo wawe!

Nta zibana zidakomanya amahembe. Ushobora kuba ukeneye kuganiriza umugabo wawe ku bitagenda neza mu rugo. Dore uburyo bwiza bwo kubikora: 1.Hitamo Igihe Gikwiye Niba ushaka kugira icyo ubwira umugabo wawe, nk’ibibazo mufitanye n’ibindi, ugomba guhitamo igihe cyiza ashobora kuba yakumva kandi akagusubiza atuje, nka nyuma y’ifunguro rya nimugoroba, mugeze mu igitanda, mumaze kuzimya amatara. Igihe […]Irambuye

Ku buryo butunguranye urugendo rw’aba basore muri Chelsea FC rwigijweyo

Amasaha 24 gusa Mucyo na Uwiragiye babwiwe ko bazajya gusura ikipe ya Chelsea FC nyuma yo gutsinda amarushanwa ya Copa Coca Cola, bahise bamenyeshwa ko urugendo rwabo rusubitswe. UM– USEKE.COM uvugana na bamwe mu bakozi bwa Coca Cola bari muri iki gikorwa, badutangarije ko Coca Cola International itababwiwe impamvu y’iri subikwa ritunguranye ry’urugendo rw’aba bana […]Irambuye

en_USEnglish