Month: <span>September 2011</span>

Uruganda rw’umuceri rwa Gafunzo rwuzuye rutwaye 320.000.000

Ku wa gatanu, Umushinga w’Ubuhinzi w’Abadage (Welt Hunger Hilfe) wamurikiye abagenerwabikorwa uruganda rw’umuceri  rwa Gafunzo rwubatse mu Kagari ka Gafunzo, Umurenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango. Uru ruganda rwuzuye rutwaye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 320, rukaba rufite ubushobozi bwo gutunganya toni ebyiri n’igice z’umuceri ku isaha. Abahinzi b’umuceri baturiye uru ruganda bo batangaza ko […]Irambuye

Gisagara abaturage bafite impungenge zo kuzabona isoko ry’umusaruro

Abaturage bakorera ibikorwa by’ubuhinzi mu gishanga cya Nyabuyogera,mu murenge wa Save mu karere ka Gisagara, bahangayikishijwe no kuzabona isoko igihe ibigori bahinga muri iki gishanga bizaba byeze. Icyakora ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara, buvuga ko buzababumbira mu makoperative kuburyo bashobora kwigurishiriza inyungu zikaba izabo. Mu akarere ka Gisagara hatangijwe kandi igihembwe cy’ihinga, igikorwa cyabereye muri iki […]Irambuye

Iyahoze ari Amavubi U17 yaba igiye kwitwa Caisse Social FC

Amakuru atugeraho aremeza ko abayobozi b’umupira w’amaguru bariho ubu, baraye bakoze inama, ndetse bayikomeza kuri uyu wa gatatu, biga uburyo iyi kipe yahoze igize Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 yajyanwa mu kiciro cya mbere nta ngorane biteje. Iyi kipe ngo ishobora gutangira gukina ikiciro cya mbere muri week end izakurikira iyi itaha, ndetse ngo yaba izaba […]Irambuye

“Mu mahoro na demokarasi: mwumvikanishe ibitekerezo byanyu”- Irina BOKOVA

Insanganyamatsiko yatoranijwe muri uyu mwaka wa 2011 kumunsi wahariwe amahoro ku isi iragira iti: “mu mahoro na demokarasi :mwumvikanishe ibitekerezo byanyu”. Itangazo dukesha Komisiyo y`Igihugu ikorana na UNESCO riravuga ko kuba mu gihugu runaka hatari imirwano ntibisobanuye ko amahoro aganje. Amahoro uyasangana abantu b`ingeri zose ,agahuza imiryango n`abatuye isi.Amahoro ni inkingi ibihugu bifite ubwigenge bishingiyeho akaba iteme […]Irambuye

Mucyo na Uwiragiye babonye amahirwe yo kujya kwa Chelsea FC

Aba bahungu bombi biga i kabarondo muri Cyinzovu Secondary School babonye aya mahirwe nyuma yo kugaragaza ubuhanga mu marushanwa ya ruhago ya Copa Coca Cola ahuza abana batarengeje imyaka 17 yabereye mu Rwanda uyu mwaka. Bakaba berekanywe kuri uyu wa kabiri. Eric UWIRAGIYE na MUCYO Pasteur bazajya i Londres kuva tariki 23 uku kwezi, muri International […]Irambuye

Abasirikare ba USA bahuje ibitsina bemerewe kubana, abambere bakoze ubukwe

Lieutenant Gary Ross niwe wabimburiye izindi ngabo guhita akora ubukwe bwemewe n’amategeko nyuma y’uko ingabo muri leta z’unze ubumwe za America zemerewe gushaka zihuje ibitsina. Lt. Gary Ross yahise abishyira ku mugaragaro we n’umusivile witwa Dan Swezy nubwo bari bamaze imyaka irenga 10 bibanira. Aba bagabo baturutse muri leta ya Arizona baza muri leta ya […]Irambuye

Arsene Wenger ntazirukanwa – Gazadis

Arsenal ntabwo izirukana umutoza wayo Arsene Wenger nkuko byatangajwe na Ivan Gazadis, Chief Executive w’ikipe ya Arsenal kuri BBC. Arsene Wenger na Arsenal atoza bamaze gutsindwa imikino itatu mu mikino itanu ya shampionat iherutse gutangira, bari ku mwanya wa 17 w’agateganyo. Intangiriro mbi za shampionat nkizi kuri Arsenal zaherukaga kuyibaho mu 1953. Gazadis ati:” Ntabwo […]Irambuye

Nicolas Sarkozy yafashije Khadaffi gucika

Amakuru yatanzwe n’igitangazamakuru Mediapart, aremeza ko Nicolas Sarkozy afite uruhare mu gucika kwa Col. Moummar Khadaffi kuko yamugurishije imodoka ifite ikoranabuhanga rikomeye, bivugwako ari nayo yacikiyemo abamurwanya. Iyi modoka yo mu bwoko bwa 4×4 Mercedes, yaguzwe na Khadaffi mu 2007, igurishijwe n’isosiyete ya Bull-Amesys yo mu Bufaransa, ngo ifite ikoranabuhanga ridasanzwe kuko uyirimo ntakintu gishobora […]Irambuye

Michael Jackson yakabaye yarapfuye kuri 11 Nzeri 2001

Nkuko umuvandimwe we yabitangaje, ngo Michael Jackson yagombaga kuba yaratabarutse tariki ya 11 Nzeri 2001, ubwo imiturirwa ya World Trade Center i New-York yashwanyaguzwaga, MJ ngo yari kuhakorera inama kuri iriya tariki bihinduka umunsi umwe mbere nkuko Jermaine Jacson yabitangaje. Nkuko yabyitangarije ku giti cye Michael Jackson, ngo birakwiye ko abantu bemera ko ntawe urenga […]Irambuye

en_USEnglish