Month: <span>March 2011</span>

Nongeye kubona ubugingo bushya!

Mu rwego rwo gukomeza kubaka ubusabane n’Imana, tuzajya tubagezaho ubuhamya bw’abo Imana yakoreye ibitangaza bityo nawe ushobora kuboneraho ko utari wenyine ko hari abandi bageragejwe cyane cyangwa bahuye n’ibindi birushya ariko Imana ikabatabara. Uyu munsi rero turabagezaho ubuhamya bw’umosore witwa Paul aratugaragariza uko Imana yamwiyegereje akabona ubugingo bushya. Tubifurije kuvanamo isomo ryubaka ubugongo. “Nari mfite […]Irambuye

Coloneli Gadhaffi ngo yaba agiye kwegura

Nkuko bitangazwa na byinshi mu bitangazamakuru byo mu bihugu by’Abarabu, umwunganizi washyizweho na Ghaddafi ubwe ngo yaba yamusabye inama y’ubwumvikane hagati ye n’ abigaragambya bigometse ku butegetsi bwe hagamijwe ko yakwegura. Iki cyemezo cyanzwe n’abigaragambya kuko kwegura kwa Ghaddafi gusaba ko atazakurikiranwa mu nkiko mu gihe cyose yaba avuye mu gihugu, abigaragambya ngo bakaba babyanze. […]Irambuye

Ingorane m’ubwisungane mu kwivuza.

Umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wabagora hatagize igikorwa NYARUGURU-Nyuma yaho mu Rwanda hakozwe gahunda yo gushyira abanyarwanda mu byiciro by’imibereho binyuze muri gahunda yiswe “ubudehe”, bamwe mu baturage ba Nyaruguru basanga haba harabayemo amakosa. Ibi ni ibitangazwa na bamwe mu batuye umurenge wa Nyagisozi ho mu karere ka Nyaruguru, aho bavuga ko batewe impungenge n’ibyiciro by’imibereho […]Irambuye

ANRS-Abagore banduye biyakira vuba.

ANRS – Ubushakashatsi kuri SIDA; abagore babyitwaramo neza kurusha abagabo Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore, ikigo mpuzamahanga gikora ubushakashatsi kuri SIDA, (l’Agence Française de recherches sur le SIDA ) (ANRS) cyasohoye ubushakashatsi, aho cyatangaje.ko ngo bo basanze abagore bo mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere biyakira neza iyo bafite ubwandu bwa SIDA kurusha […]Irambuye

Amabati 50.000 muguca nyakatsi

MINALOC – Amabati 50.000 mu gusubiza ikibazo cya nyakatsi Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu Minaloc imaze gutang amabati 70.000 ku miryango yavanywe muri nyakatsi. Mu turere twa Burera, Gakenke, Nyabihu, Ngororero, and Bugesera kuva kuwa gatanu, imiryango itandukanye yahawe amabati kugirango isakare amazu yaramaze iminsi yubakwa nyuma y’aho bavaniwe mu nzu za nyakatsi. Igikorwa cyo gutanga aya […]Irambuye

Pakistan – 25 bahitanywe n’igisasu

Mu kanya gashize igisasu cyari giteze mu modoka y’ivatiri gihitanye abantu 25 gikomeretsa abandi 125 ahitwa Faisalabad nk’uko byemezwa n’abategetsi na polisi yo muri Pakistani. Iki gitero cyigambwe n’abo mu mutwe w’Abatalibani, kikaba cyagabwe ahantu imodoka nyinshi zanyweraga esansi ndetse hanatangirwa gaz. Mu bakiguyemo abenshi bakaba ari abashakaga esansi. Icyo gisasu cyangije ibigega bya gaz […]Irambuye

Rayon abakinnyi banze imyitozo

Uyu munsi abakinnyi ba Rayon sport banze kwitabira imyitozo bitewe n’uko batishimiye ubwumvikane buke hagati y’abayobozi ba Rayon n’abatoza (staff) . Amakuru agera k’umuseke.com aratubwira ko abakinnyi banze gukora imyitozo nyuma y’uko umutoza Rajab Bizumuremyi yeguye ku mwanya w’umutoza wungirije, umutoza Andy Mfutila nawe akaba atarasinya contract ndetse n’ubu akaba ataratangira akazi gashya yahawe, ariko […]Irambuye

Louis Van Gaal Summer ntimusiga i Munich.

Louis Van Gaal iki (Summer) ntirimusiga mu ikipe ya Bayern Munich. Ikipe ya Bayern Munich yatangaje ku mugaragaro ko umutoza wayo Louis Van Gaal ashobora kuzayimaramo igihe gisigaye cya shampiyona ariko akazahita agenda shampiyona irangiye. Mu bisanzwe amasezerano ya Van Gaal yagombaga kuzarangirana n’impera z’ukwagatandatu mu mwaka utaha wa 2012, ariko ubu we n’ikipe yatozaga […]Irambuye

Intambwe igaragara mu guhashya Malaria

U Rwanda intambwe igaragara mu guhashya Malaria muri Africa yose Mu nama yitabiriwe n’intumwa z’imiryango mpuzamahanga itandukanye n’intumwa z’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, iri shami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana UNICEF, ikigega mpuzamahanga k’imari FIM n’indi. Iyi nama kandi yitabiriwe n’abahagarariye imishinga yo kurwanya malaria mu bihugu nka Tanzania, Uganda ndetse na Elitereya. […]Irambuye

Umushinga w’itegeko rishya muri Sena

Muri Sena y’u Rwanda hamaze kugera umushinga w’itegeko, uzatuma abacamanza bavuye mu bindi bihugu bashobora kuza gufatanya n’abo mu Rwanda mu manza zimwe na zimwe. Asobanura imiterere y’itegeko,Umuvugizi w’ubushinjacyaha bw’u Rwanda, bwana Allain Mukurarinda aragira ati “ni umushinga uzatuma prezida w’urukiko rw’ikirenga ashobora guha uburenganzira bw’ikirenga abacamanza bo hanze mu manza zimwe na zimwe zitandukanye […]Irambuye

en_USEnglish