Tags : Tito Rutaremara

Mu mahame remezo 6 y’u Rwanda iry’uburinganire niryo rikiri hasi

Mu rugendo itsinda ry’abasenateri ryakoreye mu ishuri rikuru rigamije kwigisha no guteza imbere amategeko(Institute of Legal Practice and Development) kuri uyu wa mbere Senateri Tito Rutaremara yatangaje ko mu mahame atandatu igihugu kigenderaho, iry’uburinganire ariryo rikiri inyuma. Uru rugendo rugamije kwibutsa inzego zitandukanye amahame remezo agenga Politiki y’igihugu, kuko ngo amategeko yose  u Rwanda rugenderaho […]Irambuye

Sen. Tito ngo abakuru bagifite ingengabitekerezo bazigishwa nibinangira bazayipfane

Mu muhango wo kwibuka abajugunywe mu mazi muri Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye mu ishuri rya KHI-Nyamishaba mu karere ka Karongi, Senateri Tito Rutaremara yashimiye urubyiruko rukomeje kwitandukanya n’Ingengabitekerezo ya Jenoside arusaba kujya kwigisha bagenzi barwo bagitsikamiwe n’ikibi, abasezeranya ko abakuru nabo bagiye gufasha bagenzi babo bagifite ingengabitekerezo kwitandukanya na yo ariko nibinangira bazarebaka bapfane na […]Irambuye

Ikigo kimwe kizashingwa gushakira abakozi Leta bitarebwe neza cyazaba indiri

Senateri Tito Rutaremara, wabaye Umuvunyi wa mbere w’u Rwanda, avuga ko kuba Komisiyo y’Abakozi ba Leta na Minisiteri y’Abakozi batekereza gushyiraho Urwego ruzafasha Leta kubona abakozi ari byiza, ariko agasaba ubushishozi ngo rutazaba indiri ya RUSWA. Ubwo Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’abaturage muri Sena yagezaga ku nteko rusange y’Abasenateri isesengura yakoze […]Irambuye

Sena yemeje umushinga wambura Police gukurikirana Iterabwoba, Iperereza, Gusaka,…

*Gusaka: Sen Tito ati “Ubwo police nishyiraho Roadblock ukanyuraho ntizagukora mu mifuka?” *Sen. Nepomuscene yibaza uko Police yarinda umutekano w’abantu igakomwa ku iterabwoba… Abasenateri bemeje umushinga w’Itegeko rigena ububasha; inshingano; imitunganyirize n’imikorere bya Police y’u Rwanda. Iri tegeko ryambura Police inshingano z’ubugenzacyaha; gukurikirana iterabwoba n’ibyaha byambukiranya imipaka, gukora iperereza, byose byahawe Urwego rushya rw’igihugu rushinzwe […]Irambuye

Abagore bagifite imyumvire yo gutinya imyanya ikomeye ni inzitizi kuri

Kuri uyu wa mbere, Abasenateri  bagize Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere Myiza, basuye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu rwego rwo kumenya no kugenzura iyubahirizwa ry’amahame remezo mu matora ya Referandumu, n’ay’inzego z’ibanze, mu byo baganiriye harimo uko abagore barushaho kukwitabira kujya mu myanya ikomeye ifata ibyemezo aho kujya mu yo bumva yoroheje kubera ko ngo ni imwe […]Irambuye

Sen. Tito ngo ‘Inzu yo kwa Habyarimana’ yari ikwiye kujyamo

*Ubwo basuraga ahahoze hatuye Perezida Habyarimana, ngo basanzemo ibigaragaza Jenoside, *Sen. Karangwa Chrysologue yahise abaza niba bashaka kwigisha Jenoside, *Mzee Rutaremara ngo nta byiza byashyirwa muri iyi nzu, uretse ibibi byakozwe na Habyarima. Ubwo bagaragarizwaga ibyavuye mu gikorwa cyo kugenzura ibikorwa by’ubukerarugendo byakozwe na Komisiyo y’Iterambere ry’ubukungu n’imari mu nteko ishinga amategeko, bamwe mu basenateri […]Irambuye

Tito Rutaremara yabwiye urubyiruko impamvu hari abavuga ‘Double Jenoside’

Rulindo – Mu kiganiro yatanze ku mugoroba wo kuwa gatatu ku ishuri rya Tumba college of Technology Senateri Tito Rutaremara yasubije ibibazo bitandukanye abanyeshuri benshi bari muri iki kiganiro bamubajije ku bigendanye na Jenoside ku kiganiro cyagarukaga ku munsi mpuzamahanga wo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside. Anababwira impamvu mu Rwanda hari abakivuga ko habayeho […]Irambuye

Urwego rw’Umuvunyi ruraburira Abaturage kwitondera ababizeza ibitangaza

Mu itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizwe hanze n’Urwego rw’Umuvunyi; kuri uyu wa 14 Nyakanga uru rwego rurakangurira abaturage kudaha agaciro abantu babasaba amafaranga babizeza kuzabakemurira ibibazo kuko akenshi baba ari “Abatekamutwe”. Muri iri tangazo; urwego rw’Umuvunyi rugaragaza ko mu karere ka Rubavu hari umuturage wiyitiriye ko ari Umucamanza akifashisha telefoni yaka abandi baturage amafaranga abizeza kuzabafasha […]Irambuye

Imiryango irafunguye ku bifuza ko Itegeko Nshinga ridahinduka – Hon.

Mu kiganiro “Urubuga rw’Itangazamakuru” gitambuka ku maradiyo atandukanye ya hano mu Rwanda arimo na Isango Star ari yo ikiyobora, kuri iki cyumweru Senateri Tito Rutaremara wari mu batumiwe yavuze ko ntawashyikirije Inteko Ishinga Amategeko  icyifuzo cyo kudahindura Itegeko Nshinga ngo asubizwe inyuma. Ni mu kiganiro cyari kigamije gusesengura ku busabe bukomeje gushyikirizwa Inteko Nshingamategeko abaturage […]Irambuye

Amafoto: Abaturage baragana Inteko basaba ko Itegeko Nshinga rihinduka

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Gicurasi, Perezidante w’Inteko Nshingamategeko umutwe w’abadepite Hon Mukabalisa Donatile yakiriye abaturage baturutse mu karere ka Rubavu bazanye ubusabe bwabo ko itegeko nshinga ryahinduka Perezida Paul Kagame akaziyamamaza nyuma ya 2017. Ingingo y’101 y’Itegeko Nshinga ry’u Rwanda ibuza umukuru w’igihugu cy’u Rwanda kwiyamamariza kuyobora igihugu mandat zirenze ebyiri. Ku […]Irambuye

en_USEnglish