Tags : Team Rwanda

2016 muri football: Umusaruro muke w’Amavubi, Rwatubyaye izina ryavuzwe cyane

Umwaka wa 2016 ntiwahiriye abakunzi b’imikino kubera umusaruro muke ku makipe yahagarariye u Rwanda mu mikino mpuzamahanga, ariko usojwe bamwenyura kubera intsinzi ya Valens Ndayisenga muri Tour du Rwanda. Nyuma y’akazi no gushaka imibereho, Abanyarwanda bagaragaje ko ari abakunzi b’imikino. Intsinzi ku bambaye ibendera ry’u Rwanda irabanyura bikagaragarira amaso, ariko bagira agahinda kenshi iyo umusaruro […]Irambuye

V. Ndayisenga yizeye ko Mugisha Samuel azaba igihangange ku Isi

Nyuma ya Tour du Rwanda 2016, Valens Ndayisenga wayegukanye yemeza ko Mugisha Samuel watunguranye akarusha abandi mu misozi kandi ari umwana muto, ashobora kuzaba igihangange ku rwego rw’Isi. Hashize iminsi icyenda (9) isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016 risojwe ku mugaragaro. Abanyarwanda babiri, Valens Ndayisenga na Mugisha Samuel ni bo […]Irambuye

Team Rwanda yatsinze etape bwa mbere muri GP Chantal Biya,

Ikipe y’amagare y’u Rwanda, iyobowe na Jean Bosco Nsengimana wegukanye agace ka nyuma muri Grand Prix Chantal Biya, iragera mu Rwanda. Kuri uyu wa mbere tariki 17 Ukwakira 2016, nibwo ikipe y’igihugu y’u Rwanda isiganwa ku magare, igera mu Rwanda ivuye mu isiganwa ry’iminsi ine rizenguruka Cameroun, ryitiriwe umufasha wa Perezida Paul Biya, ‘Grand Prix […]Irambuye

“Team Rwanda nimudacika intege muzagera ku byiza byinshi “-Chris Froome

Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, mu murwa mukuru w’Ubwongereza London, Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare ‘Team Rwanda’, yahuriye mu isiganwa n’icyamamare mu mukino w’amagare ku Isi Chriss Froome. Bafashe ifoto, hanyuma abagira inama yo kutazacika intege kuko azi akarere bakomokamo kandi ko bashobora kugera kuri byinshi nk’ibyo yagezeho. Iri siganwa ry’umunsi umwe rizwi nka […]Irambuye

Amagare: Team Rwanda igiye guhangana na Chris Froome i London

Kuri iki Cyumweru tariki ya 31 Nyakanga 2016, Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu gusiganwa ku magare igiye gukina isiganwa ‘Ride London Classic’ ririmo ibihangange by’isi muri uyu mukino nka Chris Froome, rizabera mu Bwongereza. Iri siganwa ni rimwe mu bigize ibirori byitwa “Prudential Ride London” 2016 bibera mu Mujyi wa London, bibamo amasiganwa y’amagare ku […]Irambuye

Amagare: Team Rwanda igiye gusiganwa mu Bwongereza

Abasore bane b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare bagiye kumara ukwezi i Burayi, mu masiganwa azenguruka ibihugu bigize ubwami bw’Abongereza. Guhera kuri iki cyumweru tariki 10 Nyakanga kugeza tariki 3 Kanama 2016, abasore bane ba ‘Team Rwanda’ bazakina amasiganwa 10 azenguruka ubwami bw’Abongereza. Abazahagararira u Rwanda muri aya masiganwa ni Jean Bosco Nsengimana wegukanye Tour du Rwanda […]Irambuye

Patrick Byukusenge wabazwe urutugu, muri 6 bazitabira Vuelta a Colombia

Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare ‘Team Rwanda’ ikomeje imyitozo yitegura isiganwa rya ‘Tour of Colombia’, isiganwa rikomeye rizahuza abakinnyi b’u Rwanda n’ibindi bihangange ku Isi. Kuva tariki 13 kugeza 26 Kamena 2016, ikipe yo gusiganwa ku magare ‘Team Rwanda’ izitabira isiganwa ku magare mpuzamahanga ‘Vuelta a Colombia’. Abakinnyi batandatu batoranyijwe bazerekeza i Bogota muri Colombia tariki […]Irambuye

U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rya Afurika muri Rugby

U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rya Rugby rihuza ibihugu byo mu karere ka Afurika yo hagati. Kapiteni w’u Rwanda afite icyizere cyo kwegukana igikombe. Kuri uyu wa kabiri tariki 17 Gicurasi 2016,  kuri Stade Amahoro haratangizwa irushanwa ry’umukino wa Rugby muri Afurika, rihuza amakipe yo muri Afurika yo hagati. Ibihugu byose byashyizwe  muri iyi zone […]Irambuye

Rwanda Cycling Cup: Isiganwa ryiswe ‘KIVU BELT’ rishobora kuba mpuzamahanga

Rwanda Cycling Cup itangira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016, mu masiganwa icyenda (9) azaba arigize harimo rimwe rishobora kuba mpuzamahanga. Abasiganwa bazatangira bahaguruka Kigali berekeza i Nyagatare. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Aimable Bayingana uyobora ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY yavuze ko isiganwa ryiswe ‘KIVU BELT’ rizasoza ayandi, […]Irambuye

en_USEnglish