Tags : Team Rwanda

Team Rwanda: 6 bitegura Grand Tour d’Algerie batangajwe

Hagati ya tariki 4 na 28 Werurwe 2016, muri Algeria hazabera rimwe mu masiganwa akomeye muri Africa mu mukino wo gusiganwa ku magare, Grand Tour d’Algerie. Bityo, abatoza ba Team Rwanda, bamaze gutangaza abakinnyi batandatu bazitabira iri siganwa. Ku rutonde rw’ishyirahamawe ry’umukino w’amagare ku isi, UCI, Algeria nicyo gihugu cya mbere muri Afurika muri uyu […]Irambuye

La Tropicale Amissa Bongo: J.Bosco Nsengimana ari muri 3 ba

Jean Bosco Nsengimana ubu ukina nk’uwabigize umwuga muri Bike Aid yo mu Budage, ari ku mwanya wa gatatu mu isiganwa rizenguruka Gabon, La Tropicale Amissa Bongo aho arushwa n’uwa mbere iby’ijana 11 gusa, akaba anambaye imyenda itatu ya bimwe mu bihembo bitangwa ku bitwaye neza. Guhera tariki 18 Mutarama 2016, i Libreville ho muri Gabon […]Irambuye

Nsengimana Jean Bosco muri 6 BikeAid izakinisha ‘La Tropical Amissa

Nyuma yo kuyisinyira amasezerano y’umwaka umwe, Nsengimana Jean Bosco yamaze gutoranywa mu bakinnyi 6 bazahagararira ikipe y’abigize umwuga, BikeAid yo mu Budage, mu irushanwa ry’amagare rya mbere muri Afurika “La Tropical Amissa Bongo” ryo muri Gabon rizaba hagati y’itariki 18-24 Mutarama 2016. Tariki ya 9 Mutarama 2016, nibwo Nsengimana Jean Bosco azerekeza mu Budage, aho […]Irambuye

Tour du Rwanda 2016 izagera na Rusizi – FERWACY

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana yatangaje amatariki Tour du Rwanda y’uyu mwaka izaberaho, ndetse ko izagera no mu Karere ka Rusizi ubundi kadakunze kugerwamo n’ibikorwa byinshi by’imikino. Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) rivuga ko muri rusange umwaka ushize wa 2015 wagenze neza ku ikipe y’igihugu Team Rwanda, dore ko […]Irambuye

Ndayisenga V. na Uwizeyimana Bona babonye ikipe bakinamo muri South

Valens Ndayisenga watwaye Tour du Rwanda 2014 na Bonaventure Uwizeyimana bombi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare Team Rwanda bagiye kujya gukina nk’ababigize umwuga mu ikipe ya kabiri ya Dimension Data yo muri Afrika y’Epfo. Iyi kipe yabigize umwuga yahoze yitwa MTN Qhubeka, ubu yahinduye kubera abafatanyabikorwa bayo, guhera muri Mutarama 2016, izatangira kwitwa Dimension Data, niyo […]Irambuye

Hadi Janvier na Nsengimana J. Bosco bagiye gukinira Bike Aid

Abasore b’Abanyarwanda Hadi Janvier na Nsengimana Jean Bosco bakina umukino wo gusiganwa ku magare bagiye kujya gukinira ikipe y’ababigize umwuga ‘Bike Aid’ yo mu Budage, ku mugabane w’Uburayi. Jean Bosco Nsengimana, w’imyaka 22 wegukanye “Tour Du Rwanda 2015”, ndetse akaba uwa kabiri muyo muri 2014, na Hadi Janvier w’imyaka 24, wegukanye umudari wa zahabu mu […]Irambuye

Team Rwanda: Buri umwe yahawe asaga Miliyoni 3 nk’ishimwe ryo

Nyuma yo guhesha ishema u Rwanda bakegukana isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda, “Tour Du Rwanda” ry’umwaka wa 2015, abakinnyi, abatoza n’abatekinisiye ba ‘Team Rwanda’ buri umwe yahawe ishimwe na Minisiteri y’umuco na Siporo ingana n’amafaranga y’u Rwanda 3 145 000. Kwitwara neza kw’amakipe atatu yari ahagarariye u Rwanda muri iri siganwa, byatumye arisaruramo amafaranga y’u […]Irambuye

Teshome Meron wa Eritea yegukanye Etape ya 5 ya Tour

Bagihaguruka i Muhanga igikundi cyahise cyitura hasi, irushanwa ribanza guhagarara. Isiganwa ryongeye riratangira, gusa mu nzira batararenga akarere ka Muhanga umusore wo muri Eritrea Debretsion Aron yituye hasi arakomereka ndetse ajyanwa kwa muganga ahita ava mu irushanwa. Isiganwa ryakomeje riyobowe n’abasore b’abanyarwanda ariko bageze i Rubavu  Teshome Meron kapiteni w’ikipe ya Eritrea yasize abandi igare […]Irambuye

Valens Ndayisenga yavuye muri Tour du Rwanda bitunguranye

Kubera uburwayi bwo kubura isukari ihagije mu mubiri, aho abasiganwa bagiye guhagurukira i Muhanga berekeza i Rubavu (139Km) kuri Etape ya 5 ya Tour du Rwanda abaganga b’ikipe y’u Rwanda bamaze kwemeza ko uyu mukinnyi atakibashije gukomeza kubera uburwayi. Ejo kuwa kane Valens Ndayisenga yarangije etape ya IV ari ku bihe bimwe n’uwabaye uwa mbere, […]Irambuye

en_USEnglish