Tags : Senegal

Senegal: Abdoulaye Wade yagarutse muri Politiki

Yaherukaga kuvugwa muri Politili muri 2012 ubwo yatsindwaga amatora y’Umukuru w’igihugu muri Senegal icyo gihe akaba yarasimbuwe na Macky Sall. Abdoulaye Wade ufite imyaka 91 y’amavuko ubu yagarutse muri Politiki ariyamamariza kujya mu Nteko ishinga amategeko.  Hari abavuga ko niyo yatorwa nta kintu bizahindura kuri Politiki ya Senegal kuko ngo ishyaka rye Parti Democratique Sénégalais […]Irambuye

Gambia: Uwahoze arinda Jammeh birakekwa ko ‘yari agiye kwivugana Barrow’

Perezida Adama Barrow birakekwa ko yari agiye kwivuganwa na Sergeant Baboucarr Njie waraye afatiwe mu musigiti wasengerwagamo na Barrow. Uyu musirikare muto wahoze ari mu barinda Jammeh yafashwe yitwaje imbunda nto ya Pistol yari yuzuye amasasu. Uyu musirikare wiyemerera ko ari mu bahoze barinda wahoze ari umukuru wa Gambia, Yahya Jammeh, ntibiramenyekana niba yashakaga kwica Perezida […]Irambuye

Yahya Jammeh yasabwe kwegura bitarenze igicamunsi cyo kuri uyu wa

Abayobozi b’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’Iburengerazuba ECOWAS bahaye Perezida Yahya Jammeh amahirwe ya nyuma yo kuva mu Biro by’Umukuru w’Igihugu ku bushake bwe bitarenze igicamunsi cy’uyu wa gatanu  nyuma y’uko ingabo za Senegal zamaze kwinjira muri Gambia. Yahya Jammeh yahawe isaha ya saa sita z’amanywa zo kuri uyu wa gatanu ko ari yo saha ntarengwa […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yarahiriye kuyobora igihugu ari mu buhungiro muri

Adama Barrow, watangajwe tariki ya 1 Ukuboza 2016 nk’uwatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Gambia, yarahiriye kuyobora igihugu nka Perezida mushya. Barrow yarahiriye muri Ambasade ya Gambia muri Senegal ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 19 Mutarama. Yamaze kwemerwa nka Perezida wa Gambia mu rwego mpuzamahanga. Gusa, Perezida watsinzwe amatora, Yahya Jammeh yanze kurekura […]Irambuye

Adama Barrow watorewe kuyobora Gambia yahungiye muri Senegal

Adama Barrow watowe n’abaturage ngo ayobore Gambia kuri iki Cyumweru yabaye ahungishirijwe muri Senegal baturanye kugeza igihe cyo kurahirirra imirimo mishya kigeze. Uku kumuhungisha ni uburyo bwo guha umwanya Yahya Jammeh ngo atange ubutegetsi neza kugira ngo uwatowe abone uko agaruka mu gihugu adafite undi umuteye impungenge. Kugeza ubu Perezida wacyuye igihe Yahya Jammeh yaranangiye […]Irambuye

Senegal: Perezida Macky Sall yasabwe n’abaturage gusubizaho igihano cy’urupfu

Perezida wa Senegal, Macky Sall yanze ubusabe bwo gusubizaho igihano cy’urupfu nyuma yo kubisabwa n’imiryango itari iya Leta n’ihuriro ry’amashyaka yishyize hamwe mu rwego rwo gukomeza amategeko no kubungabunga umutekano. Mu minsi ishize, mu gihugu cya Senegal hakunze kuvugwa ubwicanyi bwa hato na hato. Perezida Macky Sall wari wasuye umwe mu miryango y’abayoboke b’ishyaka rye […]Irambuye

Senegal: Hissene Habre wategetse Tchad yakatiwe gufungwa BURUNDU

Hissene Habre wigeze kuyobora Chad yakatiwe igifungo cya burundu, nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kwica abaturage batavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe. Urubanza rwasomewe i Dakar muri Senegal mu rukiko rwihariye rw’Africa rwo kumuburanisha kuri uyu wa mbere tariki 30 Gicurasi 2016. Urukiko rwamuhamije ibyaha byo gufata abagore ku ngufu, gushyira abantu mu bucakara bw’ibitsina, kwica abigambiriye, […]Irambuye

Rutahizamu wa Senegal Sadio Mane ati “Kigali itandukanye n’indi mijyi

Rutahizamu w’Umunya-Senegal Sadio Mane uri kumwe n’ikipe y’igihugu ya Senegal, ifite umukino wa gicuti n’Amavubi, ngo yatangajwe cyane n’umutuzo mwinshi yasanze mujyi wa Kigali. Uyu Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Senegal na Southampton FC yo mu kiciro cya mbere mu Bwongereza, kuva ku cyumweru Sadio Mane ari mu Rwanda hamwe n’ikipe ye ‘The Lions of Teranga’ […]Irambuye

France: Rama Yade umugore w’Umwirabura arashaka kuba Perezida

Uyu mugore yirukanywe mu ishyaka ryitwa Parti Radical muri Werurwe 2015, ariko ntiyataye ikizere cyinshi amfite cyo kuzaba umuntu ukomeye muri Politiki y’Ubufaransa. Rama Yade mu kiganiro kitwa 20 heures de TF1, yatangaje ko aziyamamariza kuyobora U Bufaransa mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu 2017. Uyu mugore utarabashije kugirirwa ikizere n’abitwa Union des indépendants, aho […]Irambuye

en_USEnglish