Tags : Rwanda

Imyanzuro ya UPR2015: U Rwanda ntirurasinya amasezerano akumira kubura kw’abantu

Kuri uyu wa mbere tariki 11 Kamena 2018, Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasohoye raporo y’igihe gito ku bijyannye n’aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa imyanzuro 50 rwiyemeje mu Isuzuma ngarukagihe ry’uburenganzira bwa muntu rya 2015 (Universal Periodic Review2015), Leta ngo ntiyasinya amasezerano mpuzamahanga agamije gukumira kubura kw’abantu. Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu ivuga ko mu […]Irambuye

Impano yahaye uwamuhishe muri Jenoside ni ukumugira umugore we

Amajyepfo – Nyanza.  Ni ikimenyetso gikomeye cyo gushimira aho Bimenyimana yashakanye na Nishyirimbere wamuhishe ari umukobwa nawe akiri umusore mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ngo nta nyiturano yindi yari amufitiye uretse kumuha urukundo. Mu muhango wo kwibuka mu murenge wa Cyabakamyi bibukaga abishwe muri Jenoside cyane cyane benshi bajugunywe mu mugezi wa Mwogo, Bimenyimana […]Irambuye

Mu kwezi gutaha Volkswagen iratangira guteranyiriza imodoka mu Rwanda

Mu mpera z’uku kwezi kwa Kamena uruganda rw’abadage rukora imodoka Volkswagen rurafungura ku mugaragaro ishami ryarwo mu Rwanda, ndetse muri Nyakanga ruzahita ngo rutangira guteranyiriza imodoka mu ruganda rushya bubatse i Kigali. Volkswagen iri mu myiteguro yo kumurika no gutangiza ku mugaragaro ibikorwa byayo mu Rwanda ku itariki 27 Kamena. Matt Gennrich, Umuyobozi mukuru w’ishami […]Irambuye

Urwa Kizito Mihigo ntirwaburanishijwe…ruzajya mu rukiko rushya

*Azaburanira mu rukiko rushya Kimihurura – Saa mbili zitaragera, Kizito Mihigo hamwe n’abandi baburanyi bagera ku 10 bari bageze mu cyumba k’iburanisha cy’Urukiko rw’Ikirenga muri iki gitondo. Nyuma baje kumenyeshwa n’ababunganira ko hari itangazo risubika imanza zabo hashingiwe ku mavugurura aherutse kubaho mu nkiko no mu bubasha bwazo. Igihe bazaburanira ntibarakimenya. Gusa bazaburanira mu rukiko […]Irambuye

Kamichi yarongoye

Mu minsi ishize tumubajije iby’ubukwe bwe twari twamenye ko buri hafi yatubwiye ko ntacyo yabitangazaho, uyu munsi ku mbuga ze nkoranyambaga yatangaje ko ubu ari umugabo wubatse. Kuri Facebook yanditse ati ” Hari hashize iminsi Umuseke umenya amakuru ko uyu muhanzi w’injyana ya AfroBeat agiye kurushinga aho aba muri Amerika, ariko yahisemo kutatubwira ibindi ku […]Irambuye

CICR Rwanda iramagana abatekamutwe bakoresha izina ryayo bagashuka abantu

Umwe mu batekewe imitwe yariwe ibihumbi 60; RIB igira abantu inama yo kugira amakenga ku bantu babizeza isoko cyangwa akazi, *CICR igira inama abantu kujya babanza kubaza amakuru kuri 0788300509; 0788313665. * Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeza ko ubutekamutwe bwiyongereye, abantu ngo bagire amakenga.   Komite Mpuzamahanaga ya Croix-Rouge mu Rwanda – CICR iraburira Abanyarwanda bose ko […]Irambuye

Icyo P.Kagame yabwiye G7

G7 ukwayo byari intambara y’ubucuruzi Canada/Quebec  – Uyu munsi, Perezida Kagame yagejeje ijambo ku nama ya 44 y’ihuriro ry’ibihugu birindwi bikize ku isi u Rwanda rwagiyemo nk’umutumirwa. Yabawiye ko isi igifite amahirwe yo guhangana n’ukuzamuka kw’amazi y’inyanja n’ingaruka zabyo no kurengera ibidukikije, anatanga urugero ku Rwanda. Naho abagize G7 ukwabo baganiriye kubyo batumvikanaho mu bucuruzi. […]Irambuye

MINEDUC ikeneye miliyari 130Frw ngo irangize ikibazo cy'ubucucike mu mashuri

*Uburezi buzahabwa ingengo y’imari ya miliyari 18Frw igenewe kubaka amashuri Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi, Mulindwa Samuel yabwiye Abadepite ko ikibazo cy’ubucucikike mu mashuri gihangayikishije kuko kiri mu bidindiza ireme ry’uburezi, ariko ngo kiracyakomeza kuko kugikemura bisaba amafaranga menshi cyane kandi ntayahari. Ngo kugira ngo gikemuke byasaba miliyari 130 Frw mu mwaka w’ingengo y’imari igiye […]Irambuye

Yanga yanditse isaba kuva mu irushanwa rya CECAFA Kagame CUP

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Tanzania (TFF) ryatangaje ko ryakiriye urwandiko rw’ikipe ya Yanga African rusaba kuyemerera kuvanwa mu marushanwa ya CECAFA Kagame Cup ategerejwe kuba tariki 29 Kamena kugeza ku ya 13 Nyakanga 2018. Umukozi ushinzwe itumanaho mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Tanzania, Clifford Ndimbo, yavuze ko bakiriye urwandiko rwa Yanga African rusobanura ko iyi […]Irambuye

REB yasabwe kwerekana irengero rya mudasobwa 10 100 zishyuwe miliyari

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta (PAC) kuri uyu wa gatanu basabye abayobozi b’Ikigo gishinzwe Uburezi (REB) kugaragaraza irengero rya mudasobwa 10 110 zifite agaciro ka miliyari 2,1Frw zishyuriwe ariko zo ntibazihabwe.  Ni ikibazo cyagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta muri raporo ye ya 2017/2017. Aho iki kigo gishinzwe guteza imbere uburezi […]Irambuye

en_USEnglish