Tags : Rulindo

Rulindo: Abafite ubumuga barasaba gukurirwaho inzitizi zatuma batitabira amatora

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa kuri 73 ngo Abanyarwanda binjire mu gikorwa cy’amatora ya Perezida azaba tariki 4 Kanama 2017, abamugaye barasa ko Leta yabafasha gukurirwaho icyazagaragara nk’inzitizi zatuma batitabira amatora. Umuyobozi uhagarariye abafite ubumuga ku rwego rw’Umurenge wa Base mu kakarere ka Rulindo, Musanabera Fortunee ubwo twaganiraga yaragaragaje impungenge zikiriho ku bafite ubumuga zishobora […]Irambuye

Rulindo: Abagore biyemeje kudasigara inyuma mu bazatora Perezida

*Prof Mbanda ngo no mu Rwanda bikwiye ko abagore bazima ‘care’ abagabo batitabira amatora. *Abagore ngo biteguye gutora uzabagirira akamaro nta muntu ubabwiriza ngo tora uyu. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’abagore bacururiza  mu isoko ryo mu Gasiza riri mu Karere ka Rulindo bavuze ko batazasigara inyuma mu kwitabira amatora ya Perezida azaba tariki 3-4 Kanama,  […]Irambuye

Urukundo tuvuga twagakwiye no kurushyira mu bikorwa aho kururirimba –

Sina Gerard mu bintu yakoze byose ngo ashimishwa n’uko yamaze kubaka ishuri rifasha abana b’Abanyarwanda bakomoka mu miryango itishoboye kwiga kuva mu mashuri y’inshuke kugeza barangije amashuri abanza, afite inzozi ko mu 2020 hazaba hariho abana babaye ba ‘Doctors’  yaragize uruhare mu myigire yabo. Sina Gerard ngo mbere yahaga urubyiruko akazi, bakamukorera mu buhinzi ariko […]Irambuye

Nta na rimwe umwana aba muto ku buryo yabura icyo

Kuri uyu wa Gatandatu, Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Rulindo mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi, yanatangije gahunda ya ’12+ Program’  yo guteza imbere umwangavu, yasabye abangavu gutangira ibikorwa byo kwiteza imbere bakiri bato kuko ari bwo baba bafite imbaraga zubaka, anatanga ingero z’abana bari guhindura ubuzima bw’imiryango yabo. Iyi gahunda ya 12+ […]Irambuye

Rulindo: Andi makuru ku bujura bwabereye muri SACCO ya Burega

UPDATE: Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo Kayiranga Emmanel yabwiye Umuseke ko amakuru aheruka ari ay’uko hafashwe abantu babiri bakekwaho kugira uruhare mu bujura bwaraye bubereye kuri SACCO ya Burega, bukab bwaguyemo umugabo wayirindaga, undi umw eagakomereka bikomeye. Yavuze ko umwe mu bafashwe ari umushoferi ariko ntiyavuze aho yakoraga. Iyo SACCO ya Burega ngo yari ibitswemo amafaranga […]Irambuye

Impanuka y’imodoka ya RDF yahitanye abagore 2 bo muri Malawi

Ku muhanda wa Kigali – Musanze mu murenge wa Bushoki Akarere ka Rulindo, impanuka y’imodoka y’ivatiri y’ingabo z’u Rwanda yakoze impanuka kuri uyu mugoroba ihitana abantu barimo abagore babiri bakomoka muri Malawi bari bagiye gusura abagabo babo bagiye kurangiza amahugurwa mu ishuri rya gisirikare i Nyakinama. Icyateye iyi mpanuka ntikiramenyekana, ariko amakuru agera k’Umuseke aravuga […]Irambuye

Rulindo: ‘Gitifu’ w’Umurenge wa Ngoma arafunze

Amakuru aravuga ko uyu munyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngoma mu karere ka Rulindo, yatawe muri yombi akurikiranyweho kunyereza amafaranga yari agenewe umushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’ibihumyo. Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Kayiranga Emmanuel yabwiye Umuseke ko uyu munyamabanga Nshingwabikorwa yafashwe ku bw’impamvu z’iperereza ku byaha akekwaho. Yavuze ko afungiye kuri Polisi ikorera Bushoki, akaba ngo […]Irambuye

Tito Rutaremara yabwiye urubyiruko impamvu hari abavuga ‘Double Jenoside’

Rulindo – Mu kiganiro yatanze ku mugoroba wo kuwa gatatu ku ishuri rya Tumba college of Technology Senateri Tito Rutaremara yasubije ibibazo bitandukanye abanyeshuri benshi bari muri iki kiganiro bamubajije ku bigendanye na Jenoside ku kiganiro cyagarukaga ku munsi mpuzamahanga wo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside. Anababwira impamvu mu Rwanda hari abakivuga ko habayeho […]Irambuye

Rulindo: Polisi ntirafata abajura bishe umuzamu bagakomeretsa undi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru iratangaza ko itarabasha guta muri yombi abantu bakekwaho kwica umuzamu warindaga ikigo cya Kompansiyo, ndetse bagakomeretsa undi umwe. Ubu bwicanyi bwakozwe n’abantu bataramenyekana mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki 25 Ugushyingo, rishyira kuwa kane, mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Cyinzuzi, Umudugudu wa Marembo. Umuvugizi wa Polisi mu […]Irambuye

Kangwagye na Karekezi nibo ba ‘mayor’ bonyine batowe 2006 basigaye

Muri Gashyantare 2016 nibwo hategerejwe amatora y’inzego z’ibanze azashyiraho Komite nyobozi kuva ku rwego rw’umudugudu kugera ku Karere. Mu gihe hasigaye amezi ane ngo aya matora abe, usubije amaso inyuma usanga ku rwego rw’uturere abayobozi 30 batorewe manda ebyiri z’imyaka 10 mu 2006 ubu abasigaye ari babiri gusa; Justus Kangwagye wa Rulindo na Leandre Karekezi wa Gisagara. […]Irambuye

en_USEnglish